Uko wareba amanota y’umunyeshuri mu kizamini cya Leta n’uko wamenya ko yatsinze cyangwa yatsinzwe utavuye aho uri
Uyu munsi nibwo MINEDUC yatangaje amanota y’abasoje ibizamini bya Leta mu mashuri abanza n’ay’icyiciro rusange. Bitandukanye n’uburyo bwari busanzwe,ubu uwagize amanota menshi kuri 30 mu mashuri abanza niwe uba watsinze. Ni impinduka zigengwa n’amabwiriza ya Minisitiri w’Uburezi yo ku wa…
Nyamasheke: Polisi yaguye gitumo abantu bari batwaye urumogi mu mayeri akomeye
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego n’abaturage mu Karere ka Nyamasheke, yafashe urumogi rungana n’ibilo 247, hatabwa muri yombi abagabo babiri bakurikiranyweho kugira uruhare mu kurutunda no kurukwirakwiza mu baturage. Abafashwe ku wa Mbere taliki ya 26 Nzeri, ni…
Abakobwa: Ibintu 5 wakora bikagufasha kwigarurira umusore ukunda akaba uwawe wenyine
Bibaho ko umubano w’abashakanye ujya usubira inyuma, gusa hari ibintu umugore ashobora gukora byatuma umugabo we akomeza akanarushaho kumukunda. Mu gihe abashakanye bagaragaza ko nyuma yo kubana kwabo urukundo rugenda rugabanuka bikagira aho umwe muri boyigira ahandi, hari imyitwarire…
Bruce Melody yishushanyijeho tatoo idasanzwe – AMAFOTO
Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamamaye mu muziki nka Bruce Melodie, yamaze gushyirwaho ‘Tatoo’ zigaragaza abakobwa be babiri. Uyu muhanzi kuva yashyira ahagaragara amashusho y’indirimbo ‘A laise’ yakoranye na Innos’B wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ari kubarizwa mu gihugu cy’u…
Amagambo meza y’urukundo(imitoma) wabwira umukunzi wawe agahora akwishimiye
Menya amagambo meza y’urukundo agera ku 10 abakobwa n’abagore bishimira guhora bumva, bayabwiwe n’abakunzi babo. Hari ibintu byinshi bitandukanye abakobwa n’abagore bishimira kumva bivuzwe n’abakunzi babo, nta gushidikanya bumva bakunzwe kandi ari ab’ab’agaciro bikaba byanatuma bazamura urugero rw’urukundo bafitiye abo…
Texas: Umwana w’umukobwa w’imyaka 12 yarashe se umubyara nawe ahita yirasa
Umwana w’umukobwa w’imyaka 12 wo mu gace ka Weatherford mu mujyi wa Parker muri leta ya Texas, akurikiranyweho kurasa se umubyara nawe agahita yirasa. Ibiro bya Polisi mu gace ka Parker byatangaje ko ku wa kabiri w’icyumweru gishize, umwana w’umukobwa…
Putin yemeye ko hakozwe amakosa mu gikorwa cyo gukusanya abagabo bajya mu gisirikare abandi bakemeza ko iyi gahunda ari ikimenyetso ntakuko ko Uburusiya burimo gutsindwa intambara muri Ukraine
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yemeye ko hakozwe amakosa ubwo hakusanywaga abagabo binjiza mu gisirikare, ngo bajye ku rugamba muri Ukraine. Ibiro bya perezida w’Uburusiya bizwi nka Kremlin byemeye ko hakozwe amakosa mu gikorwa cyabyo cyo gukusanya inkeragutabara ngo zijye kurwana…
Umupadiri yatawe muri yombi akekwaho gusambanya abana b’abahungu
Umupadiri witwa Sostenes Soka wo mu gace ka Moshi muri Tanzania, yatangiye kuburanishwa n’inkiko nyuma yo gushinjwa n’abaturage bamurakariye bakarega ko asambanya abana b’abahungu, byatumye atabwa muri yombi kuwa 20 Nzeri 2022. Ku ya 26 Nzeri, nibwo Sostenes Soka wari…
Humble Jizzo yavuze ko yumvise uburibwe bukabije cyane nyuma y’uko igisimba kimwinjiye mu gutwi akagikizwa n’umugore we afatanyije na google
Umuhanzi Manzi James wamamaye mu muziki ku izina rya ‘Humble Jizzo’ wo mu itsinda rya Urban Boys, yanyuze mu buribwe bukomeye ubwo yakuraga igisimba mu gutwi mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki 27 Nzeri 2022. Humble yanditse…
Abasore: “Amarira y’urukundo rwanjye yanditse ko nkukunda kandi ko nzahora nkukunda” – Urwandiko ukwiye kohereza umukobwa wihebeye aka kanya
Urukundo ukunda uwo wihebeye rushobora kwemeza ko nta kintu na kimwe cyo kuri iyi si bangana. Niba nawe wumva urukundo rukuzuye kandi ukaba wifuza kubyereka uwo ukunda byabuze urugero kuko urara umurota bugacya ukimutekereza mwoherereze aka kandiko maze urebe ngo…