Abakobwa: Dore ibintu byoroshye wakorera umusore mukundana agahita agusaba kumubera umugore
Niba wifuza ko umusore mukundana yakugira umugore, menya ibintu wamukorera bigatuma abigusaba mu gihe cya vuba. Muri iki gihe usanga abakobwa benshi binubira ko abasore batakigira ishyaka ryo gukora ubukwe n’abarigize ugasanga baratinze. Hari ibintu 15 wowe mukobwa ushobora…
Sobanukirwa ibitera ikizungera igihe umuntu ahagurutse yari amaze umwanya yicaye cyangwa aryamye n’icyo yakora ngo abikire
Kuzungera mu gihe uhagurutse bikunze kuba ku bantu bamwe na bamwe, cyane cyane abakuze, akenshi biterwa n’umuvuduko w’amaraso ushobora kugabanuka cyane mu gihe wicaye cg uryamye igihe kirekire. Iyi ni indwara izwi nka postural cg orthostatic hypotension. Ibimenyetso byo…
Dore ibizamini by’ingenzi ugomba gukoresha mbere y’uko urushingana n’umukunzi wawe – IGICE CYA II
Mbere yo kubana hari ibizamini by’ibanze mwagakwiye kwisuzumisha. Mu nkuru ibanziriza iyi twabagejejeho ibizamini by’ibanze abitegura kurushinga bashobora kwipimisha mbere yo kubana. Iki ni igice gikurikira, aho tugiye kubagezaho ibindi bizamini 3 by’ingenzi mwagakwiye kumenya mbere yo kubana cg…
Perezida Xi Jinping w’u Bushinwa yaba yahiritswe ku butegetsi
Amakuru u Bushinwa butaragira icyo buvugaho aravuga ko Perezida wabwo, Xi Jinping yaba yahiritswe ku butegetsi. Ibihuha by’uko Perezida Xi Jinping yaba yahiritswe ku butegetsi byatangiye guhwihwiswa kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, mbere yo gufata indi ntera…
Huye: Abagore barinubira ko abagabo babo batakibashimisha mu buriri. Dore uko babisobanura
Bamwe mu bategarugori bo mu Karere ka Huye, bavuga ko abagabo babo batakibashimisha mu buriri kuko bihutira ko ibyabo birangira bagahita bigendera, bagasiga bo ari bwo bagitangira kwinjira mu gikorwa. Aba bagore babwiye RADIOTV10 ko ibi bakorerwa n’abagabo babo,…
Hasohotse amabwiriza mashya yo kubakisha rukarakara
Ikigo cy’u Rwanda Gishinzwe Guteza Imbere Imiturire cyasohoye Amabwiriza avuguruye y’Umuyobozi Mukuru ajyanye n’iyubakishwa ry’amatafari ya Rukarakara. Aya mabwiriza yo ku wa 20 Nzeri 2022, agaragaramo ko ariya matafari agomba kubakishwa imbere n’inyuma ku nzu zo guturamo mu gihugu cyose,…
BNR ivuga ko itabasha guhagarika izamuka ry’ibiciro ku masoko rikomeje gutera benshi inkeke
Banki Nkuru y’u Rwanda yavuze ko izamuka ry’ibiciro rikabije mu Rwanda ridashingiye gusa ku bibazo by’ubukungu ku isi, kuko no mu Rwanda habayeho ikibazo cy’umusaruo muke mu rwego rw’ubuhinzi. BNR igaragaza ko ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse neza mu gice cya…
Nyagatare: Inka 6 zakubiswe n’inkuba zihita zipfa
Mu Karere ka yagatare mu Murenge wa Karangazi inka esheshatu z’umuturage witwa Mugiraneza Martin zakubiswe ninkuba zose zihita zipfa. Izi nka zakubiswe n’inkuba ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Nzeri 2022 mu mvura nyinshi yaguye muri…
Mbappe ntiyishimiye uburyo akinishwa muri PSG
Kylian Mbappe yavuze ko aba afite ’ubwisanzure bwinshi’ iyo akina mu ikipe y’igihugu y’Ubufaransa kurusha uko biba bimeze muri PSG. Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane, uyu mukinyi w’imyaka 23 yatsinze igitego muri 2-0 Ubufaransa bwatsinze Autriche mu…
Shikama Jean de Dieu watawe muri yombi kubera amagambo yavuze ubwo himurwaga abatuye ahazwi nka Bannyahe yasabiwe gufungwa iminsi 30 muri gereza
Kuri uyu wa Kane urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro rwatangiye kuburanisha ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo Shikama Jean de Dieu, umuturage wo mu Kagali ka Nyarutarama wo muri Kangondo ya kabiri ahazwi nka Bannyahe ushinjwa ibyaha birimo gukurura amacakubiri. Saa mbiri n’igice…