BRD yagiriye abanyeshuri inama y’uko bakoresha amafaranga igiye kubaha
Banki y’u Rwanda itsura amajyambere (BRD), mu gashami kayo k’uburezi, yagiriye abanyeshuri ba kaminuza no mu mashuri makuru inama ku buryo bakoresha neza amafaranga y’amezi abiri igiye kubaha. Iyi banki yamenyesheje aba banyeshuri ko iri gutegura uko yabaha amafaranga abafasha…
Hamenyekanye impamvu Dr Mpabwanamaguru avugwa muri dosiye ya Edouard Bamporiki
Bamporiki yasubiye muri uru rukiko kugira ngo atangire kuburanishwa mu mizi icyaha cyo kwakira indonke no gukoresha ububasha ahabwa n’amategeko mu nyungu ze bwite. Ni nyuma y’aho iburanisha ryagombaga kuba tariki ya 16 Nzeri ryasubitswe kubera ko atari afite umwunganira…
Dore ibintu ugomba kwirinda gukora mu gitondo ukibyuka kuko byagukururira urupfu rutunguranye
Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe bimwe mu bintu bishobora kugushyira mu kaga kakujyana no mu rupfu ubikoze kenshi buri gitondo ukibyuka. Mu gihe uri mu bwogero hera ku maguru Ukwiriye guhera ku maguru mu gitondo mu gihe uri mu…
MINISANTE yasabye Abanyarwanda gukurikiza ingamba zo kwirinda icyorezo cya Ebola ikomeje gutera inkeke mu bihugu bya EAC
Minisiteri y’Ubuzima yasabye abaturarwanda gukaza ingamba zo kwirinda ko Ebola yagera mu Rwanda harimo kwirinda gukora ingendo zitari ngombwa aho yagaragaye. Ibi bije nyuma y’aho iyi ndwara igaragaye mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda igahitana umuntu. Minisiteri y’Ubuzima muri Uganda, ku…
Umunya-Cote d’Ivoire yahamagawe mu mavubi
Rutahizamu w’umunya Côte d’Ivoire Gerard Bi Goua Gohou yahamagawe mu ikipe y’igihugu Amavubi y’u Rwanda. Uyu mugabo w’imyaka 33 y’amavuko akina muri Kazakhstan mu ikipe yitwa Aktobe. Arasanga bagenzi be muri Morocco nk’uko iyi kipe ye yabitangaje. Gohou yatangiye gukina…
Sandra Teta ukomeje kuryoherwa n’ubuzima i Kigali yahishuye impamvu ari mu Rwanda
Sandra Teta uri kubarizwa mu Rwanda kuva mu mezi make ashize nyuma yuko hamenyekanye inkuru ye yo gukubitwa na Weasel babyaranye abana babiri akamugira intere. Kuva iyi nkuru yamenyekana abo mu muryango wa Sandra Teta ndetse n’inshuti nabandi batangiye kumukorera…
Gisagara: Umusore yateye mugenzi we icyuma arapfa bapfuye umukobwa
Mu Karere ka Gisagara haravugwa inkuru y’umugabo w’imyaka 25 wishe mugenzi we amuteye icyuma mu gatuza bapfa umukobwa. Uyu mugabo ukekwaho kwica mugenzi we bananganyaga imyaka dore ko bombi bari bafite 25, yakoze iki cyaha akurikiranyweho mu ijoro ryo…
Ibintu 5 bitangaje wakora ukongera kwigarurira(gutsindira) umutima w’umukunzi wawe mwari mwarashwanye cyangwa mutari mukimeranye neza
Umukunzi wawe yarakwanze, ibintu byarahindutse ntibikiri nka mbere? Hano urahabona bimwe mu byagufasha kongera kwigarurira urukundo rwawe. Birababaza ndetse Bikagora kwakira ububabare bwo kuva murukundo n’uwo mwakundanaga cyangwa mukundana mu gihe zimwe mu mpamvu ziteje ugukonja kwarwo cyangwa guhagarara…
Dore ibintu 8 abantu batazi bituma umuntu agira ubuzima bwiza kandi buzira umuze
Sobanukirwa ibintu 8 utari uzi bitangaje byagufasha kugira ubuzima bwiza. Mu buzima usanga buri wese aharanira kubaho ubuzima bwiza ndetse buzira indwara. Usanga hari byinshi duharanira gukora ngo ubwo buzima bumere neza, nko kugabanya ibiro, kurya indyo iboneye, kuruhuka…
Dore ibimenyetso 13 byakwereka ko urukundo rwanyu rushigaje iminsi mike cyane ngo rurangire. Tabara mu maguru mashya
Menya ibintu wabona mu rukundo rwawe n’umukunzi wawe bikakwereka ko nta minsi rusigaje ndetse ko ruri kwerekeza ku musozo. Bibaho ko abakundana bagera igihe bagatandukana ku mpamvu nyinshi zitandukanye. Hari igihe kandi umwe mu bakundana abura aho ahera avuga…