Month: September 2022

Dore imitoma 8 wakoherereza umukunzi wawe mu butumwa bugufi agahita ava mu bye

Share this:

Niba wifuza kugusha neza umukunzi wawe, hari ubutumwa bw’urukundo wamwoherereza bugatuma ava mu bye akanarushaho kugukunda. Mu rukundo hari utuntu duto duto ukorera umukunzi wawe, ntabe yakwibagirwa cyangwa ngo agusimbuze undi. Guha ubutumwa bugufi umukunzi ni kimwe muri ibyo bikorwa,…

Share this:

Miss Sandra Teta yongeye kuryoherwa n’ubuzima bw’i Kigali nyuma yo kuva muri Uganda aho bivugwa ko yakubitwaga n’umugabo we

Share this:

Sandra Teta akomeje kuryoherwa n’ubuzima nyuma yo kuzanwa mu Rwanda ahungishwa Weasel babyaranye wamukubitaga akamugira intere.   Nyuma y’amezi macye Sandra Teta ageze mu Rwanda akomeje kugaragaza ko yishimiye kandi anyuzwe no kuba ar mu Rwamubyaye.   Sandra Teta yaje…

Share this:

Bamporiki Edouard yasabiwe gufungwa imyaka 20

Share this:

Ubushinjacyaha bwagaragarije Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge uko Bamporiki Edouard yakoze icyaha cyo kwakira ruswa nawe yemeye.   Aya mafaranga ngo yayahawe na Gatera Norbert ufite Uruganda ku Gisozi rukora ibinyobwa, ngo mu 2021 Umujyi wa Kigali wararufunze, bamuha ibaruwa igaragaza…

Share this:

Kayonza: Umuyobozi w’umudugudu yatawe muri yombi akekwaho gutwika inzu y’umuturage wari utuye mu mudugudu we

Share this:

Abantu bataramenyekana batwitse inzu y’umuturage bakoresheje Lisansi, Umukuru w’Umudugudu ahita atabwa muri yombi akekwaho icyo gikorwa kibi nyuma yo gushinjwa n’uwo muturage kumutoteza no kumwirukana muri uwo Mudugudu.   Ibi byabaye mu ijoro ryakeye ryo kuri uyu wa Kabiri rishyira…

Share this:

Abakobwa: Niba ubona umusore mukundana agukorera kimwe muri ibi bintu menya ko atagukunda kuko nta musore ubikorera umukobwa akunda

Share this:

Bimwe mu bintu umugabo cyangwa umusore ugukunda by’ukuri adashoborakugukorera.   1. Ku kwima umwanya   Umugabo cyangwa umusore ugukunda by’ukuri ntabwo azakugira amahitamo yanyuma ahubwo aguha umwanya mu byo akora byose, akakwereka ko aguhozaho umutima.   2. Nta gutanya n’umuryango…

Share this:

Abasore: Dore amagambo utagomba kubwira umukobwa mukundana kuko abakobwa bayanga urunuka

Share this:

Nkuko hari amagambo meza ushobora kubwira umukobwa mukundana akarushaho kukwiyumvamo bitewe n’uko yumva amunyuze umutima, hari n’andi ushobora kuvuga muri kumwe ukamurakaza cyane kuburyo ashobora no kukwanga.   Abahanga mu by’urukundo bavuga ko hari amagambo umukobwa n’ubwo yaba akunda umuhungu…

Share this:

Dore ibintu 3 bisenya urukundo mu kanya nk’ako guhumbya benshi bakora batabizi. Niba ushaka kurambana n’umukunzi wawe byirinde

Share this:

Sobanukirwa imico 3 isenya urukundo ikanangiza umubano w’abakundana.   Kugira ngo urukundo rwanyu rugende neza, ndetse mwese musangire ibyishimo kandi mubane neza hari imico imwe n’imwe mugomba kureka kandi burundu.   1. Ntukaremereze utuntu duto   Niba umukunzi wawe akoze…

Share this:

Dore ibintu 12 bisenya urukundo gahoro gahoro kugeza ruzimye burundu

Share this:

Imyitwarire umuntu agira mu rukundo niyo iruha kuramba cyangwa gusenyuka. Igihe ukeneye kugumana n’umukunzi wawe, hari uburyo uba ugomba kwitwara bya buri munsi.   1. Kudafuhira umukunzi wawe   Mu rukundo uba ugomba kwitwara nk’ufite ubutunzi bukomeye kandi ushaka kugumana…

Share this:

Dore ibintu 12 bifasha abashakanye kugira urukundo rurambye ndetse rukomeye

Share this:

Niba wifuza kugira urugo rwiza kandi rwuzuye umunezero hari ingingo 12 ugomba kumenya no kubahiriza.   1. Gukunda uwo mwashakanye 2. Kumwubaha 3. Kumwihanganira 4. Kumubabarira 5. Kumugira inama 6. Kumubwiza ukuri 7. Guca bugufi 8. Kumwizera 9. Kumwitaho 10….

Share this:

Dore ibibazo 11 ugomba kubaza umukunzi wawe mbere yo kurushinga kugirango umenye ko yiteguye bihagije kandi atazakubabaza mu rukundo

Share this:

Akenshi uzasanga abenda gusezerana babazanya ibibazo bitandukanye harimo ibijyanye n’imyenda bazambara mu bukwe bwabo ndetse bumva bafitiye amatsiko umunsi w,ubukwe bwabo. Ni ngombwa ko mbere yuko uhitamo umuntu muzabana akaramata ugomba kwitonda kuko ushobora kuzisanga ubaho utishimye mu rugo rwawe…

Share this: