Dore imitoma 8 wakoherereza umukunzi wawe mu butumwa bugufi agahita ava mu bye
Niba wifuza kugusha neza umukunzi wawe, hari ubutumwa bw’urukundo wamwoherereza bugatuma ava mu bye akanarushaho kugukunda. Mu rukundo hari utuntu duto duto ukorera umukunzi wawe, ntabe yakwibagirwa cyangwa ngo agusimbuze undi. Guha ubutumwa bugufi umukunzi ni kimwe muri ibyo bikorwa,…
Miss Sandra Teta yongeye kuryoherwa n’ubuzima bw’i Kigali nyuma yo kuva muri Uganda aho bivugwa ko yakubitwaga n’umugabo we
Sandra Teta akomeje kuryoherwa n’ubuzima nyuma yo kuzanwa mu Rwanda ahungishwa Weasel babyaranye wamukubitaga akamugira intere. Nyuma y’amezi macye Sandra Teta ageze mu Rwanda akomeje kugaragaza ko yishimiye kandi anyuzwe no kuba ar mu Rwamubyaye. Sandra Teta yaje…
Bamporiki Edouard yasabiwe gufungwa imyaka 20
Ubushinjacyaha bwagaragarije Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge uko Bamporiki Edouard yakoze icyaha cyo kwakira ruswa nawe yemeye. Aya mafaranga ngo yayahawe na Gatera Norbert ufite Uruganda ku Gisozi rukora ibinyobwa, ngo mu 2021 Umujyi wa Kigali wararufunze, bamuha ibaruwa igaragaza…
Kayonza: Umuyobozi w’umudugudu yatawe muri yombi akekwaho gutwika inzu y’umuturage wari utuye mu mudugudu we
Abantu bataramenyekana batwitse inzu y’umuturage bakoresheje Lisansi, Umukuru w’Umudugudu ahita atabwa muri yombi akekwaho icyo gikorwa kibi nyuma yo gushinjwa n’uwo muturage kumutoteza no kumwirukana muri uwo Mudugudu. Ibi byabaye mu ijoro ryakeye ryo kuri uyu wa Kabiri rishyira…
Abakobwa: Niba ubona umusore mukundana agukorera kimwe muri ibi bintu menya ko atagukunda kuko nta musore ubikorera umukobwa akunda
Bimwe mu bintu umugabo cyangwa umusore ugukunda by’ukuri adashoborakugukorera. 1. Ku kwima umwanya Umugabo cyangwa umusore ugukunda by’ukuri ntabwo azakugira amahitamo yanyuma ahubwo aguha umwanya mu byo akora byose, akakwereka ko aguhozaho umutima. 2. Nta gutanya n’umuryango…
Abasore: Dore amagambo utagomba kubwira umukobwa mukundana kuko abakobwa bayanga urunuka
Nkuko hari amagambo meza ushobora kubwira umukobwa mukundana akarushaho kukwiyumvamo bitewe n’uko yumva amunyuze umutima, hari n’andi ushobora kuvuga muri kumwe ukamurakaza cyane kuburyo ashobora no kukwanga. Abahanga mu by’urukundo bavuga ko hari amagambo umukobwa n’ubwo yaba akunda umuhungu…
Dore ibintu 3 bisenya urukundo mu kanya nk’ako guhumbya benshi bakora batabizi. Niba ushaka kurambana n’umukunzi wawe byirinde
Sobanukirwa imico 3 isenya urukundo ikanangiza umubano w’abakundana. Kugira ngo urukundo rwanyu rugende neza, ndetse mwese musangire ibyishimo kandi mubane neza hari imico imwe n’imwe mugomba kureka kandi burundu. 1. Ntukaremereze utuntu duto Niba umukunzi wawe akoze…
Dore ibintu 12 bisenya urukundo gahoro gahoro kugeza ruzimye burundu
Imyitwarire umuntu agira mu rukundo niyo iruha kuramba cyangwa gusenyuka. Igihe ukeneye kugumana n’umukunzi wawe, hari uburyo uba ugomba kwitwara bya buri munsi. 1. Kudafuhira umukunzi wawe Mu rukundo uba ugomba kwitwara nk’ufite ubutunzi bukomeye kandi ushaka kugumana…
Dore ibintu 12 bifasha abashakanye kugira urukundo rurambye ndetse rukomeye
Niba wifuza kugira urugo rwiza kandi rwuzuye umunezero hari ingingo 12 ugomba kumenya no kubahiriza. 1. Gukunda uwo mwashakanye 2. Kumwubaha 3. Kumwihanganira 4. Kumubabarira 5. Kumugira inama 6. Kumubwiza ukuri 7. Guca bugufi 8. Kumwizera 9. Kumwitaho 10….
Dore ibibazo 11 ugomba kubaza umukunzi wawe mbere yo kurushinga kugirango umenye ko yiteguye bihagije kandi atazakubabaza mu rukundo
Akenshi uzasanga abenda gusezerana babazanya ibibazo bitandukanye harimo ibijyanye n’imyenda bazambara mu bukwe bwabo ndetse bumva bafitiye amatsiko umunsi w,ubukwe bwabo. Ni ngombwa ko mbere yuko uhitamo umuntu muzabana akaramata ugomba kwitonda kuko ushobora kuzisanga ubaho utishimye mu rugo rwawe…