Manchester United yahuye n’uruva gusenya nyuma yo gutsinda Sheriff
Abakinnyi n’abakozi ba Manchester United bahuye n’akaga nyuma yo kurya ibiribwa bakeka ko byari byanduye nyuma yo gutsinda ikipe ya Sheriff yo muri Moldova mu mikino ya Europa League. Iyi kipe nyuma yo gutsinda FC Sheriff ibitego 2-0 kuwa…
Umugabo yamenye ko abana yitaga abe ari ab’undi mugabo nyuma y’imyaka 20 yose
Umugabo w’imyaka 57 ukomoka muri Nigeria yaguye mu kantu ubwo yavumburaga ko abana batanu yitaga abe atari abe. Nyuma y’imyaka 20 amaranye n’umugore we byemewe n’amategeko yavumbuye ko abana yitaga abe atariwe wababyaye. Uyu mugabo w’imyaka 57 yavumbuye…
Ibimenyetso 7 byakwereka ko uwo ukunda ari we rukundo rw’ubuzima bwawe bwose
Ahari ukunda kwibaza niba warabonye uwo muzabana ubuzima bwawe bwose, byashoboka ko utekereza ko mukundana cyane nyamara wowe uracyashidikanya. Muri iyi nkuru uramenyeramo ibimenyetso simusiga, bikwereka ko wabonye uw’ubuzima bwawe bwose. Benshi batekereza ko umuhanda uberekeza kugushaka umukunzi wa…
Dore ibizamini by’ingenzi ugomba gukoresha mbere y’uko urushingana n’umukunzi wawe. IGICE CYA I
Niba witegura gukora ubukwe, cg se warabukoze benshi bazi uburyo babanza kugana kwa muganga bipimisha SIDA cg se izindi ndwara, kugira ngo bamenye uko bahagaze, n’uburyo bazitwara mu muryango mushya. Mbere yo kubana, benshi baca mu mashuri yigisha iyobokamana,…
Abakobwa: Dore ibintu nibura 10 wakora bikagufasha kubona umusore w’inzozi zawe muzabana akaramata
Dore ibintu nibura 10 umukobwa yakoresha kugira ngo azabone umusore bazabana akaramata. Ushobora kuba wicaye ugatekereza ugasanga ukeneye umuhungu ukubera inshuti cyangwa se ukeneye undi umuhungu w’inzozi zawe. Dore nibura ibintu 10 by’ingenzi ugomba kugenderaho bikagufasha kubonma inshuti…
Abasore: Dore uko wamenya niba umukobwa ukunda azavammo umugore mwiza
Gushyingirwa no kugira umuryango ni ikintu cy’ingenzi mu buzima. Umusore ugiye guhitamo umugore areba niba umukobwa bakundana afite ibimenyetso bigaragara ko azavamo umugore mwiza. 1. Umukobwa utikubira Igihe mu rukundo ubona ko umukobwa mukundana ashishikajwe n’inyungu ze gusa…
Ubukwe bwahagaritswe ku munota wa nyuma nyuma y’uko umugabo amenye ko yakiriye impano ya iPhone
Umugabo wo muri Zambia yahagaritse ubukwe kubera ko uwo bari bagiye kurushinga yanze kwerekana uwamuhaye iPhone 13 Pro Max. Uyu mugabo w’ahitwa Lundazi ngo yahagaritse ubukwe bwe n’umukunzi we kubera ko umukunzi we yahawe impano ya telefone ihenze n’umuntu…
Umugabo yashyingiranwe n’abagoe 3 icyarimwe
Umugabo witwa Byamungu Kanjira Prosper yashakanye n’abagore batatu umunsi umwe mu rusengero, bituma benshi bacika ururondogoro ku mbuga nkoranyambaga. Byamungu Kanjira Prosper n’abagore be bashyingiranywe mu Itorero ryitwa Église primitive de Dieu ryo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo,…
Abasore: Dore imyitwarire 10 abakobwa banga urunuka ku basore bakundana. Niba ushaka kwegukana umutima we burundu uzayirinde
Menya ingeso 10 utari uzi abakobwa banga urunuka ku basore bakundana nabo. Waba uri umuhungu cyangwa umugabo uri mu rukundo ariko ukaba utinya ko umunsi umwe wazababaza umukunzi wawe? Dore ingeso 10 abagore n’abakobwa banga urunuka ukwiye kwitwararika mu…
Gisele Precious wamamaye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana yatabarutse
Umuramyi Gisele Precious wari ukomeje kwigarurira imitima ya benshi yatabarutse nkuko amakuru yamenyekanye ku mugoroba w’uyu wa Kane tariki 15 Nzeri 2022 abitangaza. Iyi nkuru yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga ndetse benshi mu bakunzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana…