Month: September 2022

Umuvugizi wungirije wa Leta yasubije abibwira ko Perezida Kagame atazi ikibazo cya Kangondo

Share this:

Umuvugizi wungirije wa Guverinoma, Mukuralinda Alain, yavuze ko abantu ba Kangondo na Kibiraro basobanuriwe, bakaganirizwa kandi bigikorwa kugira ngo bimuke ahantu hashobora gushyira ubuzima bwabo mu kaga.   Yashimangiye ko hari inzu zigera kuri 600 mu Busanza zitegereje abazijyamo, ku…

Share this:

Bucyibaruta wakatiwe gufungwa imyaka 20 kubera ibyaha bya Jenoside yarekuwe nyuma y’amezi 2 gusa

Share this:

Laurent Bucyibaruta wahoze ari Perefe w’icyahoze ari Perefegitura ya Gikongoro uherutse gukatirwa igifungo cy’imyaka 20 n’Urukiko rwa Rubanda rw’i Paris mu Bufaransa, yarekuwe by’agateganyo.   Laurent Bucyibaruta wahoze ari Perefe w’icyahoze ari Perefegitura ya Gikongoro uherutse gukatirwa igifungo cy’imyaka 20…

Share this:

Abubatse:Nubona ibi bimenyetso mu rugo rwawe uzamenye ko hari ikibazo mu gutera akabariro hagati yawe n’umukunzi wawe kandi ko ukwiye kugira icyo ukora hakiri kare

Share this:

Muri iyi minsi hagaragara ingo nyinshi zifite ibibazo ndetse bivugwa ko umubare w’ingo zisenyuka ugenda wiyongera. Rimwe mu ipfundo rero ry’ibyo bibazo biba mu ngo ni akabariro katanyura abashakanye.    Nkuko yabitubwiye, hari abantu batamenya ko bafite ubuzima bubi bujyanye…

Share this:

Ibiciro by’ibiribwa byiyongereyeho 29% mu kwezi kumwe gusa kwa Kanama(8)

Share this:

Imibare mishya yatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) igaragaza ko mu kwezi kwa Kanama ibiciro by’ibiribwa byiyongereye ku kigero cya 29.2%, ndetse kugeza magingo aya ibiciro bikaba bikomeje gutumbagira. Iki cyegeranyo (CPI) gikorwa buri kwezi hashingiwe ku bicuruzwa by’ibiribwa…

Share this:

Ndimbati yasabiwe gufungwa imyaka 25

Share this:

Ubushinjacyaha bwasabiye Uwihoreye wamenyekanye nka Ndimbati gufungwa imyaka 25.Araregwa guha umwana inzoga no kumusambanya.   Ubushinjacyaha busabiye #Ndimbati guhamwa n’ibyaha akurikiranyweho agafungwa imyaka 25 y’igifungo, kuko ibyaha akurikiranyweho bigize impurirane y’ibyaha mbonezamugambi.   Mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge habereye urubanza…

Share this:

Amafoto ya Miss Pamella wamaze gusezerana na The Ben imbere y’amategeko yongeye kunyeganyeza imbugankoranyambaga

Share this:

Miss Uwicyeza Pamella wamaze kuba umugore wa The Ben imbere y’amategeko ndetse n’imiryango yongeye gutigisa imbugankoranyambaga kubera amafoto agaragaza ubwiza n’imiterere bivugisha benshi.   Uyu mukobwa ukunzwe na benshi cyane abakoresha imbugankoranyambaga yongeye kuzamura amarangamutima ya benshi ubwo yasangizaga abamukurikira…

Share this:

Dore icyo wakora mu gihe uribwa cyane uri mu mihango

Share this:

Imihango ibabaza, ni ikibazo abakobwa benshi n’abagore bahura na cyo.Usanga buri wese wahuye n’iki kibazo ashakisha uko yagikemura akoresheje uburyo butandukanye ndetse akanarangira mugenzi we uko yabigenje agakira.   Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe igitera ubwo buribwe, uko ukwiye…

Share this:

Dore amakosa 3 akomeye ugomba kwirinda gukora igihe washwanye n’umukunzi wawe

Share this:

Bijya bibaho ko umuntu ababaza umukunzi we ndetse bikaba byanatuma arakara bikaba nk’agatotsi kaje mu rukundo. Mu gihe rero ufite icyo wababajeho umukunzi wawe, niba wifuza ko akugarukira gacururuka urukundo rukongera gutoha, hari amakosa 3 ukwiriye kwirinda kugirango bibe byagenda…

Share this:

Ibintu 5 buri mugore wese aba yifuza ku mugabo we. Niba utabizi biragoye ko wamunyura akakwimariramo wese

Share this:

Umugore aho ava akagera aba yifuza gufatwa neza n’umugabo ndetse hakaba n’ibyo yifuza gukorerwa, iyo ibyo bitabaye mu rugo hatangira kumvikana ukutumvikana hagati y’abashakanye. Ni iki gishimisha umugore? Wabyemera utabyemera ibintu bishimisha umugore si ibintu bihambaye ahubwo ni utuntu duto…

Share this:
Uncategorized

Dore amakosa 5 akomeye ugomba kwirinda niba ukora siporo yo kwiruka

Share this:

Mu gihe uri kwiruka, cyane cyane ku batangira, usanga abantu benshi hari amakosa rusange atandukanye bakunda gukora mu myitozo yabo ya buri munsi, akaba yabatera imvune cg ibindi bibazo mu mubiri. Kwiruka ni imwe muri sport zikunze gukorwa n’abantu benshi,…

Share this: