Dore ibintu 3 by’ingenzi ugomba kugenzura mbere yo gusubirana n’uwahoze ari umukunzi wawe mwari mwaratandukanye
Abantu bakundana hari igihe kigera bakagira ibyo bapfa bishobora no kubatandukanya, nyuma bakongera gusubirana. Gusa, hari ibintu 3 umuntu aba agomba kwitaho, mbere yo gusubirana n’uwo bakundanaga. Urukundo ntirukwiye kuba nk’umukino, ni yo mpamvu bikwiye ko mbere yo gusubirana…
Uko wakwivura kugira mu kiganza hakomeye cyangwa hakanyaraye ukoresheje imiti wikoreye
Gukomera mu ntoki biterwa n’impamvu zinyuranye zirimo ubukonje bukabije, izuba ryinshi, guhoza intoki mu mazi, ibinyabutabire runaka, koga muri piscine zirimo chlore nyinshi, n’ibindi binyuranye birimo n’uburwayi runaka. Mu bikorwa byacu bya buri munsi usanga intoki ari cyo gice cyo ku…
Ni indege, imodoka n’ubwato icyarimwe. Ibitangaje kuri Stratosfera Acquatica igiye gushyirwa ku isoko
Stratosfera Acquatica ni igikoresho cy’ikoranabuhanga cyakozwe n’uwitwa Pierpaolo Lazzarini, gikoreshwa bitewe n’aho kiri kugenda. Gishobora gukora nk’ubwato mu mazi, imodoka ku butaka, indege mu kirere. Stratosfera Acquatica iyo iri ku butaka, iba ifite umuvuduko wa 250Km/hr. Ni icyogajuru n’ubwato…
Umubyeyi yapfuye agiye kubyara nyuma y’uko umuganga amutaye avuga ko agiye kwiyonkereza umwana
Umubyeyi yapfiriye ku ivuriro mu Karere ka Ruziba mu Burundi agiye kwibaruka nyuma y’uburangare bw’umuganga wari uri kumukurikirana wari wagiye kwonsa umwana we. Uyu mubyeyi yapfanye n’umwana we yari atwite nyuma y’uburangare bw’abaganga no kudakora inshingano zabo nkuko baba barabirahiriye….
Dore ibimenyetso simusiga byakwereka ko ugiye kurwara Stroke indwara yica benshi cyane cyane abirabura n’icyo wakora ngo uyirinde
Ni kenshi ujya wumva umuntu wari muzima yatashye akicara cg akaba yagendaga ukumva arapfuye. Hari indwara zimwe na zimwe ziba zikomeye cyane, ku buryo iyo igufashe uhita witaba Imana mu gihe cyihuse, gusa kandi nta ndwara nimwe yibasira umubiri itabanje…
Burundi: Inzego zishinzwe umutekano zahinduwe hose mu gihugu nyuma yo guhindurwa kwa Minisitiri w’intebe
Inzego z’umutekano, igipolisi n’izindi zahinduwe mu gihugu cyose cy’u Burundi, nyuma yo gukuraho Minisitiri w’Intebe. Hahinduwe kandi abashinzwe ububiko bw’intwaro mu gipolisi. Bamwe muri izo nzego bemeza ko abahinduwe ari abari bashyigikiye uwari Minisitiri w’Intebe, Alain Guillaume Bunyoni, nawe…
Umugore yarwanye n’urusamagwe arwambura umwana we rwari rufashe
Umubyeyi wo mu Buhinde yarwanye n’urusamagwe akoresheje amaboko ye gusa nyuma y’uko iyi nyamaswa imuteye ishaka kurya umuhungu we w’amezi 15. Uru rusamagwe rwateye amajanja uyu mugore witwa Archana Choudhary agera mu bihaha ubwo barwanaga mu minota ibiri yose…
Abasore: Dore ibyakwereka ko umukobwa ukunda agukunda wenyine atakubangikanya n’abandi basore
Muri ibi bihe turimo usanga urukundo rw’ubu umubare w’abaca inyuma abakunzi babo ugenda wiyongera, kuburyo benshi basigaye bemeza ko urukundo rw’ubu rwabaye akavuyo cyangwa se rwakonje kuko nta muntu ugikunda undi ariwe wenyine akunda cyane. Ibi ahanini usanga bikunze kugaragara…
Ibimenyetso byakwereka ko uwo wita umukunzi wawe atagukunda ndetse ko agutesha igihe cyawe ku busa
Rimwe na rimwe umuntu wimariyemo ntaba akwiyumvamo nk’uko umwiyumvamo, bikaba bibi kurushaho iyo adatuma umenya neza amarangamutima ye ahubwo agahora akwizeza ko muri kumwe, kubw’impamvu ze bwite. Ukuri ku ‘gukunda’ utagukunda ni uko nyuma uza kumenya ko wataye igihe…
Amafoto y’ubukwe bw’umunyamakuru Uwimana Clarisse
Mu Mafoto atandukanye ihere ijisho ibihe byiza byaranze ubukwe bw’umunyamakuru Uwimana Clarisse na wa B&B FM na Festus Bertrand bwabaye ku wa 3 Nzeri 2022. Ni ubukwe bwabanjirijwe n’umuhango wo gusaba no gukwa wabereye Rebero mu busitani bwo…