DRC: M23 yigaruriye umugi wegeranye na Goma
Abarwanyi b’umutwe wa M23 bafashe umujyi wa Kiwanja mu burasirazuba bwa Repuburika ya demokarasi ya Kongo kuri uyu wa gatandatu. Biravugwa n’abahatuye n’abayobozi mu karere. Ibi byafunze imihanda igana ku murwa mukuru wa Kivu ya rugugu, Goma, n’icya kabiri cy’intara…
Uwari umuyobozi wa Rwanda Housing Authority yakatiwe gufungwa imyaka 5
Uwari Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu cy’Imiturire, Rwanda Housing Authority, Nshimyumuremyi Félix, yakatiwe gufungwa imyaka itanu nyuma yo guhamwa n’icyaha cya ruswa. Nshimyumuremyi wayoboraga Rwanda Housing Authority yabihamijwe n’Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa 28 Ukwakira 2022, nyuma yo guhamwa n’icyaha…
RDC: Ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 23 yahuye n’uruvagusenya ubwo yerekezaga muri Algeria mu mukino wo kwishyura
Abakinnyi b’ikipe ya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo batarengeje imyaka 23 barokotse impanuka y’indege nyuma y’uko indege bari bakodesherejwe ya Air Kasai igize ikibazo tableau de vol ikazima bamaze amasaha 3 bahagurutse. Ikipe ya RDC U23 yagombaga kwerekeza muri Algeria…
Umugabo yafashe umugore we asambana n’undi mugabo gusa ibyo yamukoreye biteye agahinda
Umugore witwa Gift Obierei wo muri Nigeria mu ntara ya Edo yatawe muri yombi azira kwicisha ikimene cy’icupa umugabo we wari umaze kumufata asambana n’undi mugabo. Polisi yavuze ko uyu mugore ufite abana 3 yishe umugabo we bashyingiranwe byemewe n’amategeko…
Ndimbati yagizwe umwere bidasubirwaho nyuma y’iminsi 30 arekuwe n’urukiko
Uwihoreye Jean Bosco benshi bazi nka Ndimbati yagizwe umwere burundu ku byaha yari akurikiranyweho birimo icyo guha inzoga umwana utarageza imyaka y’ubukure yarangiza akamusambanya. Uyu mugabo yagizwe umwere ku buryo budasubirwaho nyuma y’uko iminsi 30 yo kujurira igenwa n’itegeko ishize…
Byinshi ku mucakara w’umwirabura, Fuller wari umuhanga cyane mu mibare kugeza ubwo ahabwa akabyiniriro ka ‘Virginia Calculator’
Inkuru dukesha urubuga Black Past ivuga umuhanga mu mibare utagarukwaho cyane wari umwirabura, Thomas Fuller yamenyekanye ku izina rya Virginia Calculator. Fuller yavutse mu mwaka wa 1710 ahambukirizwaga abacakara muri Liberia mu bice byo mu burengerazuba bwa Afurika. Hari mu…
M23 yashashe Rutshuru n’ibice biyegereye
Inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 kuri uyu wa Gatandatu, zigaruriye umujyi wa Rutshuru wo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ndetse n’ibindi bice biwukikije. Rutshuru yafashwe mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, nyuma y’imirwano yasakiranyije M23 n’Ingabo za Congo…
Bamwe mu muryango wa Museveni batangiye kumutambamira bamubuza kwiyamamariza indi manda
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yatangiye kwitambikwa na bamwe mu bantu ba hafi ye ndetse ‘abo mu muryango we badashyigikiye ko yazongera kwiyamamariza kuyobora Uganda mu 2026. Museveni w’imyaka 78 y’amavuko, ni Perezida wa Uganda kuva mu 1986. Uyu…
Perezida Putin yavuze ko Isi iri mu kaga gakomeye itigeze ibamo kuva intambara y’isi ya Kabiri yarangira
Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yavuze ko isi ishobora kuba iri mu kaga katari kabaho kuva intambara ya kibiri y’isi yose yarangira. Ibi yabivuze mu ijambo rirerire yavuze ku wa kane, agerageza gusobanura igitero cy’Uburusiya kuri Ukraine, bigatuma amahanga abafatira ibihano….
Dore amakosa 3 ugomba kwirinda gukora igihe ushaka kugabanya ibiro
Mu gihe watangiye urugendo rwo gutakaza ibiro (kunanuka), ni byiza ko wirinda amakosa y’imirire kugira ngo atakubuza kugera ku ntego wihaye. Kujya kuri regime ukagira ibyo kurya n’ibyo kunywa wigomwa kugira ngo utakaze ibiro, ntibiba bihagije gusa ku muntu wifuza…