Umuhanzi Niyo bosco yatangaje ku mugaragaro ko yatandukanye na Irene Mulindahabi na MIE
Umuhanzi w’umuhanga wagize igikundiro cyihariye muri uyu muziki, Niyo Bosco yatangaje yeruye ko yatandukanye na Murindahabi Irenée wari umaze imyaka itatu ari umujyanama we, mu rugendo rw’umuziki yishimira kandi azahora azirikana. Yifashishije konti ye ya Instagram akurikirwaho n’abantu ibihumbi 62,…
Dore amakosa ane ukora mu rukundo ukazicuza ubuzima bwawe bwose
1. Gufata umukunzi wawe nk’ikigirwamana Kuba ukunda umuntu ntibivuze ko agomba kuza mbere y’akazi mwahuriyemo cyangwa kagutunga ubuzima bwawe bwa buri munsi kimwe n’uko umukunzi wawe ataruta za nshuti mwamenyanye kandi nazo zikuba hafi ubuzima bwawe bwose. Rero wikumva ko…
Isomwa ry’urubanza rwa Prince Kid ryasubitswe kubera abatangabuhamya bashya
Mu gihe urubanza Ubushinjacyaha buregamo Prince Kid wahoze ategura amarushanwa ya Miss Rwanda rwagombaga gusomwa kuri uyu wa Gatanu, umucamanza yanzuye ko yasanze hakenewe kumva abandi batangabuhamya. Icyo cyemezo kivuze ko urubanza rwa Ishimwe Dieudonné uzwi nka Princekid rwongeye gupfundurwa,…
Waba ujya utonekara nyuma yo gushyukwa umwanya munini? Dore ikibitera n’icyo wakora igihe bikubayeho
Gushyukwa igihe kinini ni ikibazo kiba ku bantu b’igitsinagabo benshi cyangwa bose mu buzima bwabo bw’imyororokere. Hari abajya bavuga ngo gushyukwa ni umugisha, kandi koko hari ababishaka bakabibura. Gusa gushyukwa igihe kinini ukageza aho uribwa mu kiziba cy’inda nta wabura…
Dore ibintu udakwiye guhirahira ngo ukoreshe amenyo yawe
N’ubwo amenyo atabishoboye, hari bamwe bayakoresha mu kubikora rimwe na rimwe bikabaviramo kubabara by’ako kanya cyangwa by’ahazaza. Reka dufate urugero ruto, Ese umwana muto ashobora kwikorera ijerekani nini y’amazi? Oya! Ntabwo yayishobora, ariko nuyimuterekaho hari ubwo azatera intambwe wibwire ko…
Ubukwe bwe bwatangaje benshi!! Byinshi kuri Serugo wacitse amaguru ari umwana akaza gukinira ikipe y’igihugu no gushaka umugore w’ikizubazuba – AMAFOTO
Serugo Desire wakiniye ikipe y’igihugu ya ‘Sitting Volleyball’yahishuye uko yafashwe n’uburwayi butigeze bumenyekana bwanamuviriyemo gucibwa amaguru, anavuga uko yaje gukundwa n’umukobwa bakoranye ubukwe bigatangaza benshi kuri ubu bakaba baramaze kwibaruka umwana w’imfura. Serugo yavukiye muri DR Congo mu 1987, avuka…
Elon Musk yaguze urubuga rwa Twitter ahita yirukana abayobozi bakuru barwo
Kuri uyu wa kane, Elon Musk yaguze Twitter yirukana abayobozi bakuru bayo mu masezerano ashyira uru rubuga ruri mu za mbere zikunzwe ku isi mu maboko y’umukire wa mbere ku isi. Nyuma yo gufata icyemezo, Musk yanditse ku rubuga rwa…
Man.U: Antony akomeje kwibasirwa kubera amacenga ye – AMAFOTO
Umutoza wa Manchester United, Erik Ten Hag,yavuze ko “azakosora”rutahizamu we, Antony, naramuka abonye ko amacenga ye yo kwiyerekana atari ngombwa. Antony winjiye muri United aguzwe miliyoni 85 z’ama pound mu mpeshyi, yashimishije abakunzi bayo mu ijoro ryo kuri uyu wa…
Uwahoze ari minisitiri w’intebe mu Bwongereza yavuze ko kohereza mu Rwanda abimukira ari Ubugome ndetse ari gahunda idashoboka
Uwahoze ari Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu w’Ubwongereza yaburiye ko gahunda yo kohereza mu Rwanda bamwe mu basaba ubuhungiro ari “ubugome” kandi ko “idashoboka mu gushyirwa mu bikorwa”. Amber Rudd yabwiye igitangazamakuru GB News cyo mu Bwongereza ko “bidasanzwe” kuba Minisitiri w’ubutegetsi…
Gen. Muhoozi, Umuhungu Museveni yatangaje ko azahatanira kuba perezida bamwe batungurwa n’impamvu atanga izaba ibimuteye
Ku munsi w’ejo ku wa Kane hiriwe hacicikana inkuru y’umuhungu wa Museveni uyobora igihugu cya Uganda kuri ubu, Gen. Muhoozi watangaje ko agomba kuyobora iki gihugu mu minsi iri imbere. N’ubwo yabivuze ariko ntibi tunguranye kuri benshi kuko hari hashize…