Month: October 2022

Kigali: Umukobwa wicuruza yiziritse ku mucuruzi avuga ko agomba kumuha ibihumbi 50 kubera ko yamukinishije

Share this:

Umukobwa wo mu murenge wa Kimisagara mu karere ka Nyarugenge uvuga ko yambuwe n’umucuruzi bararanye akanga kumwishyura ngo kuko atashoboye gutera akabariro. Uyu mukobwa wicuruza yatawe muri yombi kuri uyu wa Kane tariki ya 06 Ukwakira 2022 n’abashinzwe umutekano,nyuma yo…

Share this:
Posted on
Uncategorized

Halaand yasabiwe kwirukanwa muri shampiyona y’Ubwongereza kubera impamvu isekeje

Share this:

Rutahizamu wa Manchester City, Erling Haaland uhagaze neza cyane muri Premier League kuva yatangira, yasabiwe kwirukanwa mu Bwongereza kubera impamvu isekeje. Abasinye kuri ubu busabe bavuze ngo “ni robot, ntabwo ari umuntu” nkuko bigaragara ku cyifuzo gisekeje cyagaragaye kuri interineti…

Share this:
Posted on

Urubanza rwa Karasira Aimable rwasubitswe ku ncuro ya 8 avuga icyo ashaka mbere yo kuburana

Share this:

Kuri uyu wa Gatanu, Aimable Karasira uregwa ibyaha byo guhakana Jenoside no gukwiza ibihuha, yabwiye Urukiko ko adashobora kuburana mbere yo kuvuzwa uburwayi afite burimo diabète n’ubwo mu mutwe. Karasira yanavuze ko bitewe n’ingaruka zikomeye yagizweho ziturutse kuri Jenoside yakorewe…

Share this:
Posted on

Dore impamvu 3 zishobora gutuma umugore wawe aguca inyuma kandi mubanye neza cyane

Share this:

Hari abajya bibeshya ko igihe umugore abanye neza n’umugabo we adashobora kumuca inyuma nyamara bikunze kubaho kenshi bikababaza abagabo cyane ndetse ugasanga bibaza icyo umugore yabuze kugirango amuce inyuma. Icyo ni cyo iwacumarket igiye kuguhishurira. 1. Kwirengagiza amarangamutima ye Abagabo…

Share this:
Posted on

Rubavu: Umuryango w’umugore uheruka kwicwa n’uwari umugabo we wanze ko ashyingurwa udahwe inkwano ze

Share this:

Umugore witwa Nyirarukundo uherutse kwicwa atemwe n’uwo babanaga nk’umugabo witwa Ntakirutimana Niyonkuru, byagoranye kumushyingura bitewe n’ingano y’ibihumbi 200 Frw umuryango we uri gushaka nk’inkwano kuko ngo batigeze bamukwa. Umuryango wa Nyirarukundo urimo kwaka amafaranga y’u Rwanda angana n’ibihumbi 200 y’inkwano…

Share this:
Posted on

MU MAFOTO: Reba uburanga bwa Uwimbabazi witabiriye Miss Rwanda wabaye Producer

Share this:

Uwimbabazi Alliance witabiriye Miss Rwanda 2018, yinjiye mu mwuga wo gutunganya indirimbo, yiyita Fifty Five nk’izina agiye gutangirana uyu mwuga. Uyu mukobwa wagiye uvugwaho ibintu bitandukanye birimo gutuka Aline Gahongayire ariko akaza kubyamaganira kure bitewe n’uko konti ye yari yaribwe,…

Share this:
Posted on

Bwa mbere Meddy asohoye agahinda yatewe no kubura umubyeyi we anahishura byinshi kuri we

Share this:

Umuhanzi Ngabo Medard utarakunze kugira ubutumwa asangiza abamukurikira nyuma y’urupfu rw’umubyeyi we Cyabukombe Alphonsine ugiye kumara amezi abiri yitabye Imana yahishuye byinshi ku mubyeyi we ndetse n’uburibwe yatewe no kumubura ahura nabwo umunsi ku wundi. Mu butumwa yanyujije ku rukuta…

Share this:
Posted on

Umutoza wa Gasogi United yavuze ku ikoreshwa ry’impapuro mpimbano no guhagarikwa byamuvuzweho

Share this:

Umutoza mukuru wa Gasogi United, Ahmed Adel ukomoka mu Misiri, yamaganye ibyari byavuzwe ko akoresha inyandiko mpimbano aho yemeje ko ababitangaje bamwitiranyije n’undi. Uyu munya Misiri yavuze ko abatangaje aya makuru bamwitiranyije n’undi witwa Ahmed Adel ndetse ko ibyangombwa bye…

Share this:
Posted on
Uncategorized

Umukobwa wafotowe acuruza imbuto ku gataro arimo no kwiga yageze mu ishuri ryamwemereye kwigira ubuntu

Share this:

Ku wa kabiri, tariki ya 4 Ukwakira, nibwo Amina Uwikuzo n’umubyeyi we bageze ku ishuri rya Rwamagana Leaders’ School ku nshuro ya mbere,nyuma y’uko kimuhaye buruse yo kwigira ubuntu. Uwikuzo n’umwana w’umukobwa wamenyekanye kubera ifoto ye yazengurutse ku mbuga nkoranyambaga…

Share this:
Posted on

Umukobwa w’imyaka 21 yishe murumuna we bapfuye umusore wabateretaga

Share this:

Polisi y’ahitwa Orange muri Leta ya Florida muri USA,yatangaje ko yafunze umukobwa akurikiranyweho icyaha cyo kwica murumuna we amuteye icyuma, nyuma yo kumenya ko yatwaye umusore bakundanaga. Nk’uko bigaragara mu cyemezo cyo kumuta muri yombi, Fatiha Marzan, ufite imyaka 21,…

Share this:
Posted on