Abasore: Dore ibintu 6 udakwiye gukoreshwa n’urukundo ukunda umukobwa mukunda kuko bishobora wicuza ubuzima bwawe bwose
Ni byiza rwose kuba gutanga urukundo cyangwa kuba “romantic” no gutanga “care” nk’uko bikunze kuvugwa gusa hari abasore cyangwa abagabo bitwara nk’abana iyo bari mu rukundo bikazabaviramo kwicuza gukomeye. Nk’umugabo ugomba kuba umunyabwenge ukamenya ibikenewe n’ibidakenewe. Ugomba kumenya ko kuba…
Rekeraho kubwira umukunzi wawe ngo “URAKOZE” buri gihe uko mumaze gutera akabariro. Dore ibyo ukwiriye gukora mu mwanya wabyo
Ni byiza kugira umukunzi uguhoberana urukundo, akakwitaho kandi akaguha umunezero uruta iyindi. Gukundana no kubwa wiyumvanamo n’umukunzi wawe ntibihagije ngo urukundo rwanyu rurambe. Ahubwo ukeneye amagambo y’ubwenge kandi aryohereye yo kumwereka amarangamutima yawe uko bikwiye aho guhora umubwira ngo “URAKOZE”…
Tumenye: Ibimenyetso 6 byakwereka ko amazi unywa adahagije n’indwara ushobora kurwara kubera amazi make ntubimenye
Amazi agize 60% by’umubiri w’umuntu akaba afasha mu kugira ibiro bikwiye, gukura uburozi mu mubiri, gukora amatembabuzi akenewe nk’amacandwe, amaririra… Anafasha kandi mu gukora neza kw’imikaya ndetse no kugira uruhu rutoshye. Kutanywa amazi ahagije bishobora gutera umwuma ndetse no kugira…
Bisi yari itwaye abavuye mu bukwe yahanutse ku manga ihitana abasaga 25
Nibura abantu 25 bapfuye nyuma y’aho bisi yari itwaye abantu bari bavuye mu bukwe yarengaga umuhanda igahanuka ku manga ireshya na metero zikabakaba 500 ku musozi mu Buhinde. Aba bashyitsi bari batashye bavuye mu bukwe ahitwa i Laldhang mu karere…
Perezida Museveni yakoze ikintu gikomeye nyuma y’aho umuhungu we yishongoye cyane ku gihugu cya Kenya
Perezida wa #Uganda Yoweri Kaguta Museveni, yasabye imbabazi Abanya Kenya n’ibihugu bigize umuryango wa Afurica y’Iburasirazuba (EAC),kubera ubutumwa bwanditswe n’umuhungu we,Gen.Muhoozi Kainerugaba. Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yasabye imbabazi Abanyakenya kubera ubutumwa bwo kuri Twitter,umuhungu we, Gen Muhoozi,yanditse avuga ko…
Min. Gatabazi bwa mbere yavuze uko yiyumvise ubwo umurinzi wa Perezida Kagame yamukururaga amubuza kumusatira cyane
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney,yashimiye umwe mu bashinzwe kurinda Umukuru w’Igihugu, wamukuruye mu kinyabupfura, amubuza kutabangamira Perezida. Ibi yabitangaje nyuma y’amashusho yakwirakwiriye cyane ku mbuga nkoranyambaga ubwo Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasuraga abaturage bo mu Ntara y’Iburengerazuba…
Fridaus yavuze uko yakiriye ifungurwa rya Ndimbati ndetse n’icyo amwifuzaho anamuha ubutumwa bukomeye
Nyuma y’uko Ndimbati arekuwe muri Gereza Fridaus babyaranye abana b’impanga avuga ko kuba yararekuwe kuri we ntacyo bimutwaye kuko atanga ikirego atasabaga ko yafungwa, amsaba ikintu gikomeye ndetse nicyo amwifuzaho. Mu kiganiro yagiranye na Gjc Media Tv ikorera kuri Youtube…
Amerika yahaye gasopo Burkina Faso kudahirahira ngo ikorane n’Uburusiya
Leta zunze ubumwe z’Amerika zaraye ziburiye agatsiko kafashe ubutegetsi muri Burkina Faso, kudahirahira ngo gakorane n’Uburusiya. Umuvugizi muri minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Amerika, Vedant Patel, yabwiye abanyamakuru ko ibihugu umutwe w’abacancuro w’abarusiya Wagner, winjiyemo byagiye byisanga byatakaje ingufu. Yavuze kandi…
Koreya y’Epfo na Amerika bihoreye kuri koreya ya Ruguru iheruka kurasa ibisasu mu nyanja
Korea y’Epfo n’igisirikare cya leta Zunze Ubumwe za Amerika barashe ibisasu bya misire mu nyanja nk’uko bivugwa na Seoul, ni mu mugambi wo kwihorera kuri Korea ya Ruguru yateye ibisasu nk’ibi mu rukerera rw’ejo hashize. Izi misire zarashwe mu Nyanja…
Abanyamakuru ba Iwacu TV bari bamaze hafi imyaka 5 muri gereza barekuwe nyuma yo kugirwa abere n’urukiko
Urukiko i Kigali mu Rwanda rwasanze abanyamakuru Mutuyimana Jean Damascène, Nshimiyimana Jean Baptiste na Niyonsenga Shadrack badahamwa n’ibyaha baregwaga rutegeka ko bahita barekurwa. Aba banyamakuru baregwaga ibyaha byo guteza imvururu muri rubanda, gukwirakwiza ibihuha bigamije guha isura mbi u Rwanda…