Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa agukunda by’ukuri nta buryarya
Abakobwa baratandukanye mu miterere,imitekerereze,imigendere(uko bifata),..Uko batandukanye ninako badakunda kimwe. Ariko byanze bikunze hari aho bagira bahurira ku mikundire yabo no mu buryo bagaragazamo amarangamutima. 1. Aragukebura Mu Kinyarwanda baca umugani ngo ntawigira kandi ngo ntamugabo umwe. Abasore bagira ingeso zimwe…
Kuki Inkotanyi zahisemo gutangiza urugamba taliki ya 1/10/1990? Dore impamvu. Byinsi kuri uyu munsi w’amateka
Mu gitondo cy’umunsi nk’uyu tariki 1 Ukwakira 1990, isasu rya mbere ryavugiye i Kagitumba muri perefegitura y’Umutara (ubu ni muri Nyagatare), riba imbarutso y’inzira ndende yo gutaha ku bihumbi by’Abanyarwanda bari bamaze imyaka isaga 30 barameneshejwe iwabo. Ni umunsi wahinduye…
Umukozi wo mu rugo yateye inda abakoba 3 bose ba shebuja
Abakobwa batatu bavukana muri Kenya, biravugwa ko batewe inda n’umukozi wabo wo mu rugo ushinzwe ubusitani, aciye mu rihumye ababyeyi babo babafuhiraga cyane. Ibinyamakuru byinshi byatangaje ko ababyeyi b’aba bakobwa bababuzaga kujya hanze ndetse ko inshuti magara bari bafite ari…
Kuki edouard Bamporiki yakatiwe imyaka 4 y’igifungo ariko ntahite afungwa?
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, rumaze kwemeza ko Bamporiki Bamporiki Edouard afungwa imyaka 4 akanatanga ihazabu ya 60,000,000 Frw. Bamporiki wabaye muri guverinoma yashinjwaga ibyaha byo gusaba no kwakira indonke ndetse no gukoresha ububasha ahabwa n’itegeko yaka ruswa. Urukiko rwamuhamije ibyaha…
Abasore: Dore ibintu 7 byakwereka ko umukobwa ukunda na we yakwihebeye(agukunda bitangaje)
Musore menya ibintu bigaragaza umukobwa mukundana ko ari wowe gusa yihebeye ndetse ko atajya akubangikanya n’abandi. Muri ibi bihe turimo usanga urukundo rw’ubu umubare w’abaca inyuma abakunzi babo ugenda wiyongera ku buryo benshi basigaye bemeza ko urukundo rw’ubu rwabaye akavuyo…
Abasore: Dore Imitoma wabwara umukobwa ukunda ikagufasha kwigarurira umutima we burundu
Menya amagambo meza y’urukundo agera ku 10 abakobwa n’abagore bishimira guhora bumva, bayabwiwe n’abakunzi babo. Hari ibintu byinshi bitandukanye abakobwa n’abagore bishimira kumva bivuzwe n’abakunzi babo, nta gushidikanya bumva bakunzwe kandi ari ab’ab’agaciro bikaba byanatuma bazamura urugero rw’urukundo bafitiye…