Month: October 2022

Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa agukunda by’ukuri nta buryarya

Share this:

Abakobwa baratandukanye mu miterere,imitekerereze,imigendere(uko bifata),..Uko batandukanye ninako badakunda kimwe. Ariko byanze bikunze hari aho bagira bahurira ku mikundire yabo no mu buryo bagaragazamo amarangamutima. 1. Aragukebura Mu Kinyarwanda baca umugani ngo ntawigira kandi ngo ntamugabo umwe. Abasore bagira ingeso zimwe…

Share this:
Posted on

Kuki Inkotanyi zahisemo gutangiza urugamba taliki ya 1/10/1990? Dore impamvu. Byinsi kuri uyu munsi w’amateka

Share this:

Mu gitondo cy’umunsi nk’uyu tariki 1 Ukwakira 1990, isasu rya mbere ryavugiye i Kagitumba muri perefegitura y’Umutara (ubu ni muri Nyagatare), riba imbarutso y’inzira ndende yo gutaha ku bihumbi by’Abanyarwanda bari bamaze imyaka isaga 30 barameneshejwe iwabo. Ni umunsi wahinduye…

Share this:
Posted on

Umukozi wo mu rugo yateye inda abakoba 3 bose ba shebuja

Share this:

Abakobwa batatu bavukana muri Kenya, biravugwa ko batewe inda n’umukozi wabo wo mu rugo ushinzwe ubusitani, aciye mu rihumye ababyeyi babo babafuhiraga cyane. Ibinyamakuru byinshi byatangaje ko ababyeyi b’aba bakobwa bababuzaga kujya hanze ndetse ko inshuti magara bari bafite ari…

Share this:
Posted on

Kuki edouard Bamporiki yakatiwe imyaka 4 y’igifungo ariko ntahite afungwa?

Share this:

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, rumaze kwemeza ko Bamporiki Bamporiki Edouard afungwa imyaka 4 akanatanga ihazabu ya 60,000,000 Frw. Bamporiki wabaye muri guverinoma yashinjwaga ibyaha byo gusaba no kwakira indonke ndetse no gukoresha ububasha ahabwa n’itegeko yaka ruswa. Urukiko rwamuhamije ibyaha…

Share this:
Posted on

Abasore: Dore ibintu 7 byakwereka ko umukobwa ukunda na we yakwihebeye(agukunda bitangaje)

Share this:

Musore menya ibintu bigaragaza umukobwa mukundana ko ari wowe gusa yihebeye ndetse ko atajya akubangikanya n’abandi. Muri ibi bihe turimo usanga urukundo rw’ubu umubare w’abaca inyuma abakunzi babo ugenda wiyongera ku buryo benshi basigaye bemeza ko urukundo rw’ubu rwabaye akavuyo…

Share this:
Posted on

Abasore: Dore Imitoma wabwara umukobwa ukunda ikagufasha kwigarurira umutima we burundu

Share this:

Menya amagambo meza y’urukundo agera ku 10 abakobwa n’abagore bishimira guhora bumva, bayabwiwe n’abakunzi babo.   Hari ibintu byinshi bitandukanye abakobwa n’abagore bishimira kumva bivuzwe n’abakunzi babo, nta gushidikanya bumva bakunzwe kandi ari ab’ab’agaciro bikaba byanatuma bazamura urugero rw’urukundo bafitiye…

Share this:
Posted on