Month: October 2022

Amerika ibyivanzemo isaba u Rwanda guhagarika gufasha M23 urwanda muri Congo

Share this:

Amerika yasabye igisirikare cy’u Rwanda (RDF) kureka gufasha umutwe w’inyeshyamba wa M23 mu mirwano urimo n’ingabo za leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC). Ku wa kane habaye indi mirwano hagati y’ingabo za leta ya DR Congo n’umutwe w’inyeshyamba…

Share this:

Rwamagana: Umwana w’umukobwa wimyaka 17 wari urwaye indwara y’amayobera yitabye Imana

Share this:

Umwana uherutse gutabarizwa n’umubyeyi we, yapfuye ku mugoroba wo kuwa Kabiri Tariki ya 25 Ukwakira 2022. Mu masaha ya Saa kumi ku mugoroba wo kuwa Kabiri tariki ya 25 Ukwakira 2022, ni bwo uyu mwana w’umukobwa w’imyaka 17 witwaga Murekatete…

Share this:

Dore ibintu 10 abantu bakora batabizi bikabangiriza ubwonko

Share this:

Hari amakosa abantu bakora akabangiriza ubwonko batabizi. Menya aya makosa ayo ariyo n’uko wayirinda. Abantu benshi bakora amakosa bakiyangiriza ubwonko. Nubwo bamwe baba babizi abandi bakaba batabizi, icyo dusabwa ni ukwirinda ayo makosa kuko ari yo atera indwara zitandukanye nko…

Share this:

Ese koko Ikirungo cya Magi gitera Kanseri? Dore ibibi byayo n’ibyo ugomba kwitondera kuri cyo

Share this:

Hashize igihe hakwirakwira inkuru yuko gukoresha ikirungo cya maggi byaba biri mu bitera kanseri. Ndetse bamwe bagiye babivugaho kenshi dore ko ikijyanye na kanseri ubu gitinywa cyane, nyamara buri wese yabivugaga uko abyumva. Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe amashirakinyoma…

Share this:

Abagabo: Dore ibimenyetso 7 byakwereka ko umugore wawe atanyurwa n’ibyo umukorera mu buriri

Share this:

Inshuro nyinshi umugore ashobora kuba ataka: “Aaah”, “Ooh” ariko ibyo si byo bivuga ko umushimisha birenze mu buriri. Gusa niba uri hano ni uko usanzwe ubizi. 1. Nta kintu ajya abivugaho Hari abagore bagira amasoni yo kugaragaza ibyiyumvo byabo mu…

Share this:

Dore impamvu ugomba kunywa amazi mu gitondo ukibyuka. Numenya ibi ntuzongera gusiba kuyanywa

Share this:

Kunywa amazi ukibyuka ni ingenzi cyane ku mubiri, kuko biwufasha kongera gukora neza. Tekereza nawe kuba umaze amasaha 7 cg 8, ntacyo kunywa urashyira mu kanwa, niba warabyitegereje neza, ukunda kubyuka wumva mu nkanka hokera cg humagaye cyane; ibi nibyo…

Share this:

Mali: Hifashishijwe ibifaro mu kurinda umutekano w’ikipe y’igihugu Amavubi U23

Share this:

Ikipe y’Igihugu “Amavubi U23” ari mu gihugu cya Mali aho arindiwe umutekano n’ibifaru by’ingabo za Espagne zibarizwa mu muryango w’ubumwe bw’uburayi, ziri mu butumwa bw’amahoro muri Mali. Ibyo bifau byinshi cyane bizengurutse hotel Azalai Amavubi U23 acumbitsemo cyane ko iki…

Share this:

Minisitiri w’umuryango yihanganishije umuryango wa Sikubwabo wapfushije abana 3 wari ufite mu mpanuka yabereye ku Kinamba

Share this:

Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Prof Bayisenge Jeannette, yihanganishije umuryango wa Sikubwabo wapfushije abana batatu umunsi umwe baguye mu mpanuka y’imodoka. Iyi ni ya mpanuka yamenyekanye cyane nyuma yo kuba Ku wa mbere, tariki ya 24 Ukwakira, ubwo ikamyo yabuze feri…

Share this:

M23 yarekanye ibya Mfurambi ingabo za FARDC zifatanyije na FDLR zikorera abaturage

Share this:

Umutwe wa M23 wandikiye Komiseri Mukuru w’urwego rushinzwe uburenganzira bwa Muntu mu muryango w’Abibumbye, umugaragariza amahano ingabo za Leta ya Congo zikora zifatanyije na FDLR. M23 ivuga ko mu mirwano yubuye ku wa Kane w’icyumweru gishize, ingabo za Leta ya…

Share this:

Umugore wari waburiwe irengero yasanzwe mu nda y’uruziramire

Share this:

Umugore wo mu ntara ya Jambi muri Indonesia yishwe anamirwa bunguri (nta guhekenya) n’inzoka y’uruziramire, nkuko amakuru yo mu bitangazamakuru byaho abivuga. Jahrah, wakoraga umurimo wo komora ku biti igishishwa gikorwamo caoutchouc (rubber), amakuru avuga ko yari ari mu kigero…

Share this: