Month: October 2022

Dore ubwoko 5 bw’abakobwa udakwiye kwibeshya ngo ushakane na bo

Share this:

Gushyingiranwa n’umuntu ni umwanzuro ukomeye mu buzima akaba ari yo mpamvu uba ugomba kwitonda. Ushobora kwisanga wahasimo nabi niba utitonze ngo ushishoze. Ibi bishobora tutuma wisanze mwatandukanye mu buryo budasobanutse, cyangwa kujya mu manza z’imitungo kugirango mutandukane mu mategeko….  Dore…

Share this:

Umugabo yamaze imyaka 50 adakaraba yapfuye amaze igihe gito atangiye gukaraba

Share this:

Umuntu uba ukwa wenyine wiswe n’itangazamakuru “umugabo usa nabi kurusha abandi ku isi ”Yapfuye ku myaka 94 nyuma y’amezi macye akarabye bwa mbere mu myaka ibarirwa muri za mirongo. Amou Haji yanze kwikoza amazi n’isabune mu myaka irenga 50 ishize,…

Share this:
Uncategorized

Cristiano Ronaldo yababariwe agaruka mu ikipe nkuru

Share this:

Rutahizamu Cristiano Ronaldo yagarutse mu myitozo mu ikipe ya mbere, nyuma y’iminsi 5 yitoza wenyine nk’igihano yahawe n’umutoza we Erik Ten Hag nyuma yo kwanga kujya mu kibuga, akagenda umukino wa Tottenham utarangiye. Ibihano Ronaldo yahawe byarimo gukurwa mu ikipe…

Share this:

Dore ibindi bintu bibabaje cyane ya kamyo iherutse kwica abantu mu kanogo yakoze

Share this:

Kuri uyu wa gatatu, 26 Ukwakira, ni bwo abana 3 bavukana baguye mu mpanuka y’imodoka yahitanye abantu 6 ku Kinamba bazashyingurwa mu irimbi rya Rusororo, mu karere ka Gasabo. Aba bavandimwe bari bafite hagati y’imyaka 9-12 bapfiriye aho iyi mpanuka…

Share this:
Uncategorized

Pasiteri yakoreye ikintu gitangaje umugore we nyuma yo kuvugwaho kumuca inyuma – AMAFOTO

Share this:

Pasiteri wo muri Tanzaniya, Emmanuel Andrew Mgaya, uzwi cyane ku izina rya Masanja Mkandamizaji, yaguriye umugore we, Monica, imodoka nshya ku isabukuru ye. Uyu mupasiteri yashyize hanze amafoto aha imfunguzo z’imodoka uyu mugore we. Uyu mugore amarira y’ibyishimo yahise yisuka…

Share this:

Umugore yasobanuye icyamuteye kuryamana n’undi mugabo atwitiye uwo basezeranye. Biratangaje

Share this:

Akenshi bamwe batekereza ko bidashoboka, n’aho byabaye tukibaza impamvu yabyo amahitamo akabura. Umugore wo muri Ghana, yashyize hanze ukuri kuby’urugo rwe. Abba Awanna utuye mu gace ka Dunkwa, yasobanuye byimbitse impamvu yamuteye kujya kuryamana n’undi mugabo kandi nawe asanzwe afite…

Share this:

Rubavu: Umukobwa yasobanuye uko yabyaranye na musaza we incuro 2 zose anasaba ikintu gikomeye

Share this:

Mukandayisenga African wo mu Karere ka Rubavu yagaragaje agahinda afite nyuma yo kubyarana na musaza we wari ufite imyaka 28, mu gihe we yari afite imyaka 17 y’amavuko akiri mu mashuri. Uyu mwana w’umukobwa umaze kubyara abana 2 ababyaranye na…

Share this:

Juvenal uyobora Kiyovu Sport avuga ko gushora mu mupira wo mu Rwanda ari nko guta inoti mu musarani. Dore icyemezo gikomeye yafashe

Share this:

Mvukiyehe Juvenal umaze imyaka ibiri ku mwanya wa Perezida wa Kiyovu Sports yashimangiye ko atazaguma mu buyobozi bwayo kuko yatengushywe n’abo mu ikipe ayobora, agereranya gushyira amafaranga mu mupira w’u Rwanda no kuyajugunya mu bwiherero. Mu mvugo igaragaza kuzinukwa imikorere…

Share this:

Dore ibisobanuro ku nzozi zo kurota upfa, ubyara, wiyahura cyangwa uca inyuma umukunzi wawe

Share this:

Mu buzima umuntu muzima akunze kugira indoto asinziriye, akarota ibintu bitandukanye harimo ibiteye ubwoba n’ibinejeje gusa akenshi abantu bakunze guhera mu rungabangabo rwo kwibaza icyo ibyo barose byaba bishatse kwerekana, ni yo mpamvu Iwacumarket yahisemo kukugezaho bimwe mu bisobanuro by’inzozi…

Share this:

Bisobanuye iki kurota umuntu runaka apfa? Dore icyo wakora igihe bikubayeho

Share this:

Wigeze ugira inzozi zidasanzwe nko kurota umuntu apfa? Ujya utekereza ku bisobanuro by’inzozi urota? Muri iyi nkuru tugiye kugusobanurira igisobanuro cyo kurota umuntu apfa. Haracyariho ibiganiro byinshi n’impaka bikikije ku bisobanuro byihishe n’amabanga y’inzozi. Ntabwo ari siyansi nyayo, kandi ntabwo…

Share this: