Dore ubwoko 5 bw’abakobwa udakwiye kwibeshya ngo ushakane na bo
Gushyingiranwa n’umuntu ni umwanzuro ukomeye mu buzima akaba ari yo mpamvu uba ugomba kwitonda. Ushobora kwisanga wahasimo nabi niba utitonze ngo ushishoze. Ibi bishobora tutuma wisanze mwatandukanye mu buryo budasobanutse, cyangwa kujya mu manza z’imitungo kugirango mutandukane mu mategeko…. Dore…
Umugabo yamaze imyaka 50 adakaraba yapfuye amaze igihe gito atangiye gukaraba
Umuntu uba ukwa wenyine wiswe n’itangazamakuru “umugabo usa nabi kurusha abandi ku isi ”Yapfuye ku myaka 94 nyuma y’amezi macye akarabye bwa mbere mu myaka ibarirwa muri za mirongo. Amou Haji yanze kwikoza amazi n’isabune mu myaka irenga 50 ishize,…
Cristiano Ronaldo yababariwe agaruka mu ikipe nkuru
Rutahizamu Cristiano Ronaldo yagarutse mu myitozo mu ikipe ya mbere, nyuma y’iminsi 5 yitoza wenyine nk’igihano yahawe n’umutoza we Erik Ten Hag nyuma yo kwanga kujya mu kibuga, akagenda umukino wa Tottenham utarangiye. Ibihano Ronaldo yahawe byarimo gukurwa mu ikipe…
Dore ibindi bintu bibabaje cyane ya kamyo iherutse kwica abantu mu kanogo yakoze
Kuri uyu wa gatatu, 26 Ukwakira, ni bwo abana 3 bavukana baguye mu mpanuka y’imodoka yahitanye abantu 6 ku Kinamba bazashyingurwa mu irimbi rya Rusororo, mu karere ka Gasabo. Aba bavandimwe bari bafite hagati y’imyaka 9-12 bapfiriye aho iyi mpanuka…
Pasiteri yakoreye ikintu gitangaje umugore we nyuma yo kuvugwaho kumuca inyuma – AMAFOTO
Pasiteri wo muri Tanzaniya, Emmanuel Andrew Mgaya, uzwi cyane ku izina rya Masanja Mkandamizaji, yaguriye umugore we, Monica, imodoka nshya ku isabukuru ye. Uyu mupasiteri yashyize hanze amafoto aha imfunguzo z’imodoka uyu mugore we. Uyu mugore amarira y’ibyishimo yahise yisuka…
Umugore yasobanuye icyamuteye kuryamana n’undi mugabo atwitiye uwo basezeranye. Biratangaje
Akenshi bamwe batekereza ko bidashoboka, n’aho byabaye tukibaza impamvu yabyo amahitamo akabura. Umugore wo muri Ghana, yashyize hanze ukuri kuby’urugo rwe. Abba Awanna utuye mu gace ka Dunkwa, yasobanuye byimbitse impamvu yamuteye kujya kuryamana n’undi mugabo kandi nawe asanzwe afite…
Rubavu: Umukobwa yasobanuye uko yabyaranye na musaza we incuro 2 zose anasaba ikintu gikomeye
Mukandayisenga African wo mu Karere ka Rubavu yagaragaje agahinda afite nyuma yo kubyarana na musaza we wari ufite imyaka 28, mu gihe we yari afite imyaka 17 y’amavuko akiri mu mashuri. Uyu mwana w’umukobwa umaze kubyara abana 2 ababyaranye na…
Juvenal uyobora Kiyovu Sport avuga ko gushora mu mupira wo mu Rwanda ari nko guta inoti mu musarani. Dore icyemezo gikomeye yafashe
Mvukiyehe Juvenal umaze imyaka ibiri ku mwanya wa Perezida wa Kiyovu Sports yashimangiye ko atazaguma mu buyobozi bwayo kuko yatengushywe n’abo mu ikipe ayobora, agereranya gushyira amafaranga mu mupira w’u Rwanda no kuyajugunya mu bwiherero. Mu mvugo igaragaza kuzinukwa imikorere…
Dore ibisobanuro ku nzozi zo kurota upfa, ubyara, wiyahura cyangwa uca inyuma umukunzi wawe
Mu buzima umuntu muzima akunze kugira indoto asinziriye, akarota ibintu bitandukanye harimo ibiteye ubwoba n’ibinejeje gusa akenshi abantu bakunze guhera mu rungabangabo rwo kwibaza icyo ibyo barose byaba bishatse kwerekana, ni yo mpamvu Iwacumarket yahisemo kukugezaho bimwe mu bisobanuro by’inzozi…
Bisobanuye iki kurota umuntu runaka apfa? Dore icyo wakora igihe bikubayeho
Wigeze ugira inzozi zidasanzwe nko kurota umuntu apfa? Ujya utekereza ku bisobanuro by’inzozi urota? Muri iyi nkuru tugiye kugusobanurira igisobanuro cyo kurota umuntu apfa. Haracyariho ibiganiro byinshi n’impaka bikikije ku bisobanuro byihishe n’amabanga y’inzozi. Ntabwo ari siyansi nyayo, kandi ntabwo…