Dore bimwe mu bituma umuntu ashobora kuryama ari muzima bugacya yapfuye(Urupfu rw’ikirago)
Abantu bakunze kuvuga ngo kanaka yapfuye urw’ikirago. Ibi akensi babivuga iyo umuntu yaryamye bugacya yapfuye. Gusinzira ubusanzwe ni ibintu byiza nyamara bijya binaba bibi ugasanga abantu ntibabigarukaho ngo babitekerezeho. Ubusanzwe gusinzira biberaho kugira ngo abantu baruhuke bongere bagarure imbaraga zaba…
Umukinnyi w’umupira w’amaguru, Ernest Peremobowei yapfuye agerageza kurokora abantu mu mwuzure
Umukinnyi w’umupira w’amaguru w’imyaka 31 ukomoka muri leta ya Bayelsa, Ernest Peremobowei,yapfuye ubwo yageragezaga gutabara abari barohamye mu bwato. Aba bagendaga mu bwato hejuru y’uruzi nyuma y’umwuzure wibasiye abo muri Bebelebiri, mu gace ka Yenagoa, mu ntara ya Bayelsa. Umurambo…
Ifoto ya nyuma y’umuherwe uherutse gupfana n’umuryango we wose bazize impanuka y’indege yabo bwite
Umuherwe nyiri MCFIT, Rainer Schaller, yafotowe bwa nyuma ari kumwe n’umuryango we habura iminsi mike ngo akore impanuka y’indege ibabaje yamutwaye we n’umuryango we. Ifoto yabo ya nyuma yerekana uyu muherwe w’umudage amwenyura hamwe n’umukunzi we Christiane Schikorsky, hamwe n’abana…
Yatahiye kuyifotorezaho! Miss Shanitah yahishuye byinshi ku modoka yatsindiye Miss East Africa ikaba yarabaye umugani
Umunyana Shanitah wegukanye ikamba rya Miss East Africa mu ijoro ryo ku wa 25 ukuboza 2021 ariko kuva icyo gihe akaba atarahabwa bimwe mu bihembo yemerewe birimo imodoka yo mu bwoko bwa Nissan ihagaze milliyoni 41 Rwf Ibi Umunyana abivuze…
Umugore w’umwiraburakazi ufite n’umugabo w’umwirabura yabyaye impanga 2 z’abazungu. Uko yisobanuye byateye benshi umujinya
Ku bagabo benshi niba atari bose ni ibyishimo kumva umugore avuze ko atwite. Ni cyo kintu cya mbere gishimisha kurusha ibindi umugabo wese aba ategereje kumva ku mugore we. Benshi bahita bategekereza ibyo bazamukorera, uko bazishimana… gusa kuri uyu mugabo…
Birababaje: Nyuma yo kumara imyaka 10 yose nta kana, umugabo yavumbuye ibanga rikomeye rituma batabyara umugore yamuhishe
Bimwe mu bituma abantu babaho bishimye mu rugo rwabo ni urukundo, kwizerana ndetse no kwihanganirana nk’uko benshi babyizera, gusa rimwe na rimwe ibinyoma bidakabije nabyo bishobora gutuma ibintu bimera neza hagati y’abashakanye. Kumenya ibyo ugomba kubwira n’ibyo utagomba kubwira uwo…
Polisi y’u Rwanda iri guhiga bukware umugabo wagaragaye ahondagura umwana bivugwa ko yari yamwibye
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko igiye gukurikirana umugabo wagaragaye mu mashusho mu Mujyi wa Kigali akubita umwana, akanyuzamo akanamuniga, ngo amuziza kumwiba imyenda n’inkweto. Amashusho yashyizwe kuri Twitter n’Umunyamakuru wa RADIOTV10, Ramesh Nkusi, agaragaza umugabo yashyize hasi umwana w’umuhungu bivugwa…
Perezida Kagame yahishuye uko yatunguwe n’umuryango we n’incuti ku munsi w’isabukuru ye akagera ahabereye umusangiro adasobanukiwe
Perezida Paul Kagame yavuze ko ku isabukuru ye, inshuti ze n’abagize umuryango we bamukoreye ibirori ariko kugira ngo abyitabire babanza kumubeshya ko hari abantu bafite ikibazo gikomeye bashaka kumugezaho. Ibi Perezida Kagame yabigarutseho kuri uyu wa Mbere ubwo yitabiraga Ihuriro…
Umugabo yasenye inzu yari yarubakiye umukunzi we ndetse n’iyo yari yarubakiye nyirabukwe nyuma y’uko amubenze
Umugabo wo muri Malawi uzwi ku izina rya Francis Banda yashenye amazu yubakiye umugore we na nyirabukwe nyuma y’uko uyu mugore yashatse amusize akisangira undi mugabo. Mu majwi yasangijwe ku mbuga nkoranyambaga,uyu Banda yavuze ko we n’umugore we bari bamaze…
Manchester United yemeye gukorera Cristiano Ronaldo ikintu gikomeye yayisabye
Ikipe ya Manchester United yiteguye kwemerera Cristiano Ronaldo kugenda mu isoko ryo muri Mutarama, nkuko amakuru abitangaza. Amakuru aravuga ko uyu mukinnyi utamerewe neza muri United arabanza kuganira na Erik Ten Hag kuri uyu wa mbere,bakavugana ku hazaza he n’imyitwarire…