Month: October 2022

PSG mu rungabangabo kubera Mbappe uhembwa 1/3 cy’imishahara yose y’abakinnyi iteranyije

Share this:

Paris St Germain yatangiye kwibaza niba izakomezanya na Mbappe uhembwa kimwe cya gatatu cy’imishahara yose y’abandi bakinnyi iteranye. Kubera Financial Fair Play, PSG bizayigora kongramoa abakinnyi bakomeye mu gihe yaba agihari. Umushahara wa Mbappe wamenyekanye aho mu myaka 3 gusa…

Share this:

Umugore yahishuye uko umugabo we yamusabye kubyarana na murumuna we ngo bagire umunezero. Uko byarangiye biteye agahinda

Share this:

Ubwo nari ndangije kwiga mu gihugu cy’abaturanyi namenyanye n’umusore wari uje gukora stage kuri banki nari maze umwaka nkorera, kuko ari njye twahoranaga kenshi twagiye tumenyana buhoro buhoro ari nako ambwira byinshi ku buzima bwe. Buri uko twakundaga kuganira niko…

Share this:
Uncategorized

Umukobwa yavumbuye ko umusore bakundana amuca inyuma ashyira urusenda mu dukingirizo twe. Reba ibintu babaje byamubayeho

Share this:

Umukobwa yavumbuye ko umukunzi we amuca inyuma ku nshuti ye maze afata umwanzuro wo kwihorera byimazeyo urusenda mu gakingirizo. Agustah w’imyaka 29, avuga ko yumvaga yarabonye umugabo w’inzozi ze nyuma yo kumara imyaka 2 akundana n’uyu musore. Uyu mukobwa avuga…

Share this:

Ariel Wayz akomeje kuvugisha benshi kubera amafoto ye yagiye hanze yambaye utwenda tumwegereye – AMAFOTO

Share this:

Umuhanzikazi Ariel Wayz yasangije abantu amashusho yambaye ndetse yisize mu buryo budasanzwe ubona ko yahindutse. Nyuma yo gusohoka kw’ayo mashusho n’amafoto, abantu benshi bacitse ururondogoro, ku mbuga nkoranyambaga haratigita, kaba nk’akagozi gacitse kuri bamwe. Bamwe bavugaga ko banyuzwe n’uko yambaye,…

Share this:

Alliance Isimbi yasubije ibimaze iminsi bimuvugwaho kubera umuturirwa yujuje i Kigali – AMAFOTO

Share this:

Kuva ku munsi wa mbere hatangazwa ko Isimbi Alliance yujuje inzu y’umuturirwa i Kigali, inkundura zahise zitangira, abazana za munyangire, abafite amashyra batandukanye, bakomeza kwerekana n’ibyo abantu batari bazi. Usibye ibyo, hari n’abakoreshaga ubutumwa bukakaye bibasira uyu mukobwa ubusanzwe uhorana…

Share this:
Uncategorized

Kate Bashabe akomeje guca ibintu kubera kwiyambika nk’bakobwa bo mu myaka yo hambere- AMAFOTO

Share this:

Amafoto agaragaza Kate Bashabe ari kumwe n’inshuti ze mu myambaro yo hambere akomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga. Ni amashusho yafashwe mu minsi ishize ku gitekerezo cy’uyu munyamideri wikojeje mu isoko akagura imyenda n’inkweto byambarwaga mu myaka yo hambere, ubundi agategura…

Share this:
Uncategorized

Mirafa yasezeranye kubana akaramata n’umukunzi we bamaranye imyaka 3 – AMAFOTO

Share this:

Umukinnyi w’Umunyarwanda wakiniye amakipe akomeye hano mu Rwanda Nizeyimana Mirafa yakoze ubukwe n’umukunzi we Dos Santos nyuma y’imyaka itatu bari mu munyenga w’urukundo. Ni ubukwe bwabaye ku munsi w’ejo hashize ku Cyumweru tariki ya 23 Ukwakira 2022 bubera ahitwaBeit Shalom…

Share this:
Uncategorized

Philippines: Irebere uburyo butangaje bakoresha barinda abanyeshuri gukopera – AMAFOTO

Share this:

Amafoto y’abanyeshuri bambaye iziswe “ingofero zo kurwanya gukopera” mu bizamini byo mu mashuri makuru, yagarutsweho cyane ku mbuga nkoranyambaga muri Philippines, ahinduka ikintu cyo guteraho urwenya. Abanyeshuri bo ku ishuri rikuru ryo mu mujyi wa Legazpi basabwe kwambara ikintu gipfuka…

Share this:

Adil yasubiye i Burayi avuga ko agiye kurega APR FC muri FIFA

Share this:

Mu ijoro ryakeye, umutoza Adil Erradi Mohammed wari umaze imyaka 3 muri APR FC, yerekeje mu Bubiligi yitotomba nyuma yo guhagarikwa ukwezi mu kazi. Ni mu gihe bivugwa ko umunya-Brazi Robertinho ashobora gutoza APR FC mu minsi iri imbere. Adil…

Share this:

DRC: M23 yafashe akandi gace kerekeza i Goma

Share this:

Abarwanyi b’umutwe wa M23 utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokalasi ya Congo baraye bafashe agace ka Ntamugenga mu mirwano ikomeye, abaturage benshi bahungira muri Uganda. Amakuru dukesha ikinyamakuru DRC Actu cyandikirwa i Goma mu Burasirazuba bwa DRCongo, aremeza ko…

Share this: