PSG mu rungabangabo kubera Mbappe uhembwa 1/3 cy’imishahara yose y’abakinnyi iteranyije
Paris St Germain yatangiye kwibaza niba izakomezanya na Mbappe uhembwa kimwe cya gatatu cy’imishahara yose y’abandi bakinnyi iteranye. Kubera Financial Fair Play, PSG bizayigora kongramoa abakinnyi bakomeye mu gihe yaba agihari. Umushahara wa Mbappe wamenyekanye aho mu myaka 3 gusa…
Umugore yahishuye uko umugabo we yamusabye kubyarana na murumuna we ngo bagire umunezero. Uko byarangiye biteye agahinda
Ubwo nari ndangije kwiga mu gihugu cy’abaturanyi namenyanye n’umusore wari uje gukora stage kuri banki nari maze umwaka nkorera, kuko ari njye twahoranaga kenshi twagiye tumenyana buhoro buhoro ari nako ambwira byinshi ku buzima bwe. Buri uko twakundaga kuganira niko…
Umukobwa yavumbuye ko umusore bakundana amuca inyuma ashyira urusenda mu dukingirizo twe. Reba ibintu babaje byamubayeho
Umukobwa yavumbuye ko umukunzi we amuca inyuma ku nshuti ye maze afata umwanzuro wo kwihorera byimazeyo urusenda mu gakingirizo. Agustah w’imyaka 29, avuga ko yumvaga yarabonye umugabo w’inzozi ze nyuma yo kumara imyaka 2 akundana n’uyu musore. Uyu mukobwa avuga…
Ariel Wayz akomeje kuvugisha benshi kubera amafoto ye yagiye hanze yambaye utwenda tumwegereye – AMAFOTO
Umuhanzikazi Ariel Wayz yasangije abantu amashusho yambaye ndetse yisize mu buryo budasanzwe ubona ko yahindutse. Nyuma yo gusohoka kw’ayo mashusho n’amafoto, abantu benshi bacitse ururondogoro, ku mbuga nkoranyambaga haratigita, kaba nk’akagozi gacitse kuri bamwe. Bamwe bavugaga ko banyuzwe n’uko yambaye,…
Alliance Isimbi yasubije ibimaze iminsi bimuvugwaho kubera umuturirwa yujuje i Kigali – AMAFOTO
Kuva ku munsi wa mbere hatangazwa ko Isimbi Alliance yujuje inzu y’umuturirwa i Kigali, inkundura zahise zitangira, abazana za munyangire, abafite amashyra batandukanye, bakomeza kwerekana n’ibyo abantu batari bazi. Usibye ibyo, hari n’abakoreshaga ubutumwa bukakaye bibasira uyu mukobwa ubusanzwe uhorana…
Kate Bashabe akomeje guca ibintu kubera kwiyambika nk’bakobwa bo mu myaka yo hambere- AMAFOTO
Amafoto agaragaza Kate Bashabe ari kumwe n’inshuti ze mu myambaro yo hambere akomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga. Ni amashusho yafashwe mu minsi ishize ku gitekerezo cy’uyu munyamideri wikojeje mu isoko akagura imyenda n’inkweto byambarwaga mu myaka yo hambere, ubundi agategura…
Mirafa yasezeranye kubana akaramata n’umukunzi we bamaranye imyaka 3 – AMAFOTO
Umukinnyi w’Umunyarwanda wakiniye amakipe akomeye hano mu Rwanda Nizeyimana Mirafa yakoze ubukwe n’umukunzi we Dos Santos nyuma y’imyaka itatu bari mu munyenga w’urukundo. Ni ubukwe bwabaye ku munsi w’ejo hashize ku Cyumweru tariki ya 23 Ukwakira 2022 bubera ahitwaBeit Shalom…
Philippines: Irebere uburyo butangaje bakoresha barinda abanyeshuri gukopera – AMAFOTO
Amafoto y’abanyeshuri bambaye iziswe “ingofero zo kurwanya gukopera” mu bizamini byo mu mashuri makuru, yagarutsweho cyane ku mbuga nkoranyambaga muri Philippines, ahinduka ikintu cyo guteraho urwenya. Abanyeshuri bo ku ishuri rikuru ryo mu mujyi wa Legazpi basabwe kwambara ikintu gipfuka…
Adil yasubiye i Burayi avuga ko agiye kurega APR FC muri FIFA
Mu ijoro ryakeye, umutoza Adil Erradi Mohammed wari umaze imyaka 3 muri APR FC, yerekeje mu Bubiligi yitotomba nyuma yo guhagarikwa ukwezi mu kazi. Ni mu gihe bivugwa ko umunya-Brazi Robertinho ashobora gutoza APR FC mu minsi iri imbere. Adil…
DRC: M23 yafashe akandi gace kerekeza i Goma
Abarwanyi b’umutwe wa M23 utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokalasi ya Congo baraye bafashe agace ka Ntamugenga mu mirwano ikomeye, abaturage benshi bahungira muri Uganda. Amakuru dukesha ikinyamakuru DRC Actu cyandikirwa i Goma mu Burasirazuba bwa DRCongo, aremeza ko…