Dore Ibintu 6 Ukorera Umukunzi Wawe Ntazigere Akwibagirwa Mu Buzima Bwe kandi agahora agukumbura
Sobanukirwa ibintu 6 by’ingenzi wakorera umusore mukundana ntazigere akwibagirwa mu buzima bwe. Ntibikunze kubaho ko uko winjiye mu rukundo n’uwo murwinjiranyemo ariwe musozanya inzira y’urukundo ndetse mukanabana, ariko burya n’iyo umuntu mutabana mwarigeze gukundana hari bimwe mu bintu aba adashobora…
Dore impamvu udakwiye guha ubuki umwana utarageza ku mwaka
Umuryango mpuzamahanga wita ku buzima (OMS/WHO) uri mu bemeza ko umwana uri munsi y’amezi 12 (ni ukuvuga umwaka 1), atagomba guhabwa ubuki, cg ibindi byongewemo ubuki. Ariko se ubuki butwara iki umwana muto? Mbere yuko umwana yuzuza umwaka 1, usanga…
Umutoma w’umunsi: Miss Pamella yateye umutoma ukomeye The Ben bamaze gusezerana mu mategeko
‘’Nzakomeza kugunda, nzakama amarira yanjye ndinde inzozi zanjye kuko nziko tuzahoberana duseke turi kumwe’’ aya ni amwe mu magambo Miss Pamella yabwie The Ben baherukana ubwo bahanaga isezerano. Miss Pamella yifashishije indirimbo ‘Per favore’ ya Nyv iri mu rurimi rw’igitariyani,…
Nigeria: Abagabo 3 baparamiye ubwato butwaye i Bitoro bigira i Burayi
Abagabo batatu babasanze bitendetse k’ubwato bwikoreye ibitoro nyuma y’uko bukoze urugendo rw’iminsi 11 buva muri Nigeria bukagera ku mu birwa bya Canary muri Espagne. Ifoto yatangajwe n’abashinzwe umutekano ku cyambu yerekana aba bagabo bicaye ku gace gato k’imbere k’ubu bwato,…
Cristiano Ronaldo yabonye ikipe izajya imuhemba ayinga miliyoni 200 z’amapawundi ku mwaka
Umunyabigwi Cristiano Ronaldo ari mu nzira zo kwerekeza mu ikipe ya Al-Nassr yo muri Saudi Arabia yiteguye kumuhemba miliyoni 200 z’amayero ku mwaka harimo umushahara, kwamamaza n’uduhimbazamusyi. Uyu mukinnyi w’imyaka 37 uheruka gushwana na Manchester United bagasesa amasezerano,amakuru aravuga ko…
Nyamasheke: Ingurube yariye umwana w’imyaka 3.5
Umwana witwa IZERE INEZA Willo Queen w’imyaka 3.5 wo mu murenge wa Kanjongo mu karere ka Nyamasheke yariwe n’ingurube ababyeyi be bari boroye ahita apfa. Uyu mwana wo mu mudugudu wa Maseka mu kagari ka Kibogora,yasanzwe yapfuye ku munsi w’ejo…
Polisi yavuze ku modoka za HOWO bikunze kuvugwa ko ziteza impanuka cyane
Polisi y’u Rwanda iravuga ko yatangiye iperereza ku modoka za HOWO zimaze igihe zivugwaho gukora impanuka. Kuva uyu mwaka watangira izi modoka 15 zakoze impanuka zahitanye abantu. HOWO ni imodoka zimenyerewe mu bikorwa by’ubwubatsi cyane cyane mu gutunda, umucanga, itaka…
Mwitondere Baby Shower! Umugore yakorewe baby shower gusa ibyamubayeho nyuma yo gushyira amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga biteye agahinda
Incuti n’umuryango by’umubyeyi witwaga Maggy Wanjiru bari mu gahinda gakomeye nyuma y’uko uyu mubyeyi yitabye Imana umwanya muto nyuma yo gukorerwa ibirori bizwi nka Baby Shower. Maggy ni umubyeyi wari utuye mu mugi wa Kericho uherereye mu burengerazuba bwa Kenya…
M23 yigaruriye akandi gace nyuma yo gukubita incuro FARDC n’imitwe bifatanyije
Imirwano itoroshye kuri uyu wa 29 Ugushyingo 2022 yasakiranyije inyeshyamba za M23 n’abarwanyi b’imitwe yitwaje intwaro ya FDLR na Maï-Maï, Nyatura mu Mudugudu wa Kishishe muri Gurupema ya Bambo muri Teritwari ya Rutshuru. Amakuru aturuka ahabereye imirwano avuga ko yatangiye…
WordCup: Senegal ibaye ikipe ya mbere ya Afurika ibonye itike ya 1/16
Ikipe ya Senegal ibifashijwemo na kapiteni wayo Kalidou Koulibaly yarenze amatsinda igera mu mikino yo gukuranamo nyuma yo gutsinda Ecuador ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa nyuma. Senegal yari yatangiye nabi itsindwa n’Ubuholandi mu mikino yo mu itsinda A mu…