Month: November 2022

Dore Ibintu 6 Ukorera Umukunzi Wawe Ntazigere Akwibagirwa Mu Buzima Bwe kandi agahora agukumbura

Share this:

Sobanukirwa ibintu 6 by’ingenzi wakorera umusore mukundana ntazigere akwibagirwa mu buzima bwe. Ntibikunze kubaho ko uko winjiye mu rukundo n’uwo murwinjiranyemo ariwe musozanya inzira y’urukundo ndetse mukanabana, ariko burya n’iyo umuntu mutabana mwarigeze gukundana hari bimwe mu bintu aba adashobora…

Share this:

Dore impamvu udakwiye guha ubuki umwana utarageza ku mwaka

Share this:

Umuryango mpuzamahanga wita ku buzima (OMS/WHO) uri mu bemeza ko umwana uri munsi y’amezi 12 (ni ukuvuga umwaka 1), atagomba guhabwa ubuki, cg ibindi byongewemo ubuki. Ariko se ubuki butwara iki umwana muto? Mbere yuko umwana yuzuza umwaka 1, usanga…

Share this:

Umutoma w’umunsi: Miss Pamella yateye umutoma ukomeye The Ben bamaze gusezerana mu mategeko

Share this:

‘’Nzakomeza kugunda, nzakama amarira yanjye ndinde inzozi zanjye kuko nziko tuzahoberana duseke turi kumwe’’ aya ni amwe mu magambo Miss Pamella yabwie The Ben baherukana ubwo bahanaga isezerano. Miss Pamella yifashishije indirimbo ‘Per favore’ ya Nyv iri mu rurimi rw’igitariyani,…

Share this:

Nigeria: Abagabo 3 baparamiye ubwato butwaye i Bitoro bigira i Burayi

Share this:

Abagabo batatu babasanze bitendetse k’ubwato bwikoreye ibitoro nyuma y’uko bukoze urugendo rw’iminsi 11 buva muri Nigeria bukagera ku mu birwa bya Canary muri Espagne. Ifoto yatangajwe n’abashinzwe umutekano ku cyambu yerekana aba bagabo bicaye ku gace gato k’imbere k’ubu bwato,…

Share this:

Cristiano Ronaldo yabonye ikipe izajya imuhemba ayinga miliyoni 200 z’amapawundi ku mwaka

Share this:

Umunyabigwi Cristiano Ronaldo ari mu nzira zo kwerekeza mu ikipe ya Al-Nassr yo muri Saudi Arabia yiteguye kumuhemba miliyoni 200 z’amayero ku mwaka harimo umushahara, kwamamaza n’uduhimbazamusyi. Uyu mukinnyi w’imyaka 37 uheruka gushwana na Manchester United bagasesa amasezerano,amakuru aravuga ko…

Share this:

Nyamasheke: Ingurube yariye umwana w’imyaka 3.5

Share this:

Umwana witwa IZERE INEZA Willo Queen w’imyaka 3.5 wo mu murenge wa Kanjongo mu karere ka Nyamasheke yariwe n’ingurube ababyeyi be bari boroye ahita apfa. Uyu mwana wo mu mudugudu wa Maseka mu kagari ka Kibogora,yasanzwe yapfuye ku munsi w’ejo…

Share this:

Polisi yavuze ku modoka za HOWO bikunze kuvugwa ko ziteza impanuka cyane

Share this:

Polisi y’u Rwanda iravuga ko yatangiye iperereza ku modoka za HOWO zimaze igihe zivugwaho gukora impanuka. Kuva uyu mwaka watangira izi modoka 15 zakoze impanuka zahitanye abantu. HOWO ni imodoka zimenyerewe mu bikorwa by’ubwubatsi cyane cyane mu gutunda, umucanga, itaka…

Share this:
Uncategorized

Mwitondere Baby Shower! Umugore yakorewe baby shower gusa ibyamubayeho nyuma yo gushyira amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga biteye agahinda

Share this:

Incuti n’umuryango by’umubyeyi witwaga Maggy Wanjiru bari mu gahinda gakomeye nyuma y’uko uyu mubyeyi yitabye Imana umwanya muto nyuma yo gukorerwa ibirori bizwi nka Baby Shower. Maggy ni umubyeyi wari utuye mu mugi wa Kericho uherereye mu burengerazuba bwa Kenya…

Share this:

M23 yigaruriye akandi gace nyuma yo gukubita incuro FARDC n’imitwe bifatanyije

Share this:

Imirwano itoroshye kuri uyu wa 29 Ugushyingo 2022 yasakiranyije inyeshyamba za M23 n’abarwanyi b’imitwe yitwaje intwaro ya FDLR na Maï-Maï, Nyatura mu Mudugudu wa Kishishe muri Gurupema ya Bambo muri Teritwari ya Rutshuru. Amakuru aturuka ahabereye imirwano avuga ko yatangiye…

Share this:

WordCup: Senegal ibaye ikipe ya mbere ya Afurika ibonye itike ya 1/16

Share this:

Ikipe ya Senegal ibifashijwemo na kapiteni wayo Kalidou Koulibaly yarenze amatsinda igera mu mikino yo gukuranamo nyuma yo gutsinda Ecuador ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa nyuma. Senegal yari yatangiye nabi itsindwa n’Ubuholandi mu mikino yo mu itsinda A mu…

Share this: