Month: November 2022

Abasore: Niba ushaka kuramba no kuzanezerwa mu rugo rwawe uzirinde gutereta umukobwa uteye gutya

Share this:

Igihe cyo gutereta ni ingenzi cyane ku musore kugirango abashe guhitamo umukobwa bazabana ubuzima bwe bwose. Niyo mpamvu mu gihe ubonye ibimenyetso bica amarenga ko umukobwa utereta atabasha kuguha urukundo, atazakubaha,… ukwiye kumureka hakiri kare ugashaka undi uzaguha umunezero kandi…

Share this:

Kimisagara: Umumotari yahuye n’akaga ubwo yajyaga kuramira moto ye yari itwawe n’umuvu w’amazi

Share this:

Amazi y’imvura yaguye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu mu Mujyi wa Kigali yatwaye umumotari Kimisagara arapfa, ni nyuma yo gushaka kuramira moto ye yari atembanye. Imvura nyinshi yaraye iguye bikomeye mu Mujyi wa Kigali by’umwihariko ahitwa Nyakabanda, Kimisagara…

Share this:

Minisitiri w’Umuryango yasubije abasaba ko inkwano yakurwaho mu Rwanda

Share this:

Hamaze iminsi impaka mu Banyarwanda ziganjemo kwinubira ukuntu inkwano isigaye yarabaye ikiguzi aho kuba ishimwe ry’umuryango wabyaye umukobwa ukamurera kugeza ashyingiwe. Benshi bagiye basaba ko inkwano ikurwaho ndetse bakemeza ko ari nabwo uburinganire bwaba bugezweho kuko ngo mu gihe umusore…

Share this:

Urukiko rwasomye umwanzuro ku rubanza rwaregwagamo Dr. Habumuremyi wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda

Share this:

Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo, rwahagaritse urubanza rwari rwarezwemo Dr Pierre Damien Habumuremyi wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, ku kirego cy’umwishyuza miliyoni 3,2 Frw. Iki cyemezo cyafashwe gishingiye ku busabe bwatanzwe n’uruhande r’uwari wareze Dr Pierre Damien, aho umunyamategeko wa Bizima…

Share this:

RDC: Abasirikare ba Leta bataye imbunda n’amasasu bakizwa n’amaguru nyuma yo gusumbirizwa na M23 ikataje igana i Goma

Share this:

Mu gace ka Tongo habereye imirwano ikomeye yatumye abasirikare ba FARDC bafunyamo n’amaguru, basigira urugamba umutwe wa FDLR. Mu mashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye,yagaragaje intwaro nyinshi zirimo n’izikomeye zasizwe na FARDC zitwarirwa na M23 iri kuyiha isomo. Iyi mirwano…

Share this:

Dore impamvu 4 zitera umukobwa / umugore kugira amabere atangana n’uko yabikosora

Share this:

Ubusanzwe ku bagore n’abakobwa usanga amabere atangana gusa uko kutangana ntibiba bigaragara. Nyamara iyo bigeze aho buri wese yabibona bitera ipfunwe. Impamvu z’ingenzi zibitera harimo: 1. Konsa Burya nubwo umubyeyi agerageza guha umwana amabere yose ariko umwana agira iryo akunda…

Share this:

Polonye yateweho igisasu cya Misile itamenya aho cyaturutse

Share this:

Pologne (Poland) ivuga ko nta “gihamya ntakuka” ifite ku wagabye igitero cy’ibisasu bya misile byaguye mu cyaro cyo muri icyo gihugu hafi y’umupaka na Ukraine, bikica abaturage babiri b’abasivile. Perezida wa Pologne Andrzej Duda yabwiye abanyamakuru ati: “Nta gihamya ntakuka…

Share this:

Rutahizamu ukomeye w’Ubufaransa ntazakina igikombe cy’isi nyuma yo kuvunikira mu myitozo

Share this:

Ikipe y’Ubufaransa yatangaje ko rutahizamu wayo Christopher Nkunku yagize imvune mu ivi nyuma yo kugongana na Eduardo Camavinga mu myitozo, ahita ava mu bakinnyi izakoresha mu gikombe cy’isi muri Qatar. Kuri uyu wa kabiri,nibwo Christopher Nkunku yavunikiye mu myitozo bituma…

Share this:

Dore ibintu 7 byangiza impyiko cyane abantu bakunze gukora batabizi

Share this:

Impyiko ni ingingo z’ingenzi cyane ku mikorere myiza y’umubiri wacu. Zifasha mu gusukura amaraso, kwinjiza imyunyungugu mu mubiri, kuringaniza aside mu maraso no kwikiza imyanda n’ubundi burozi buba buri mu mubiri. Ni kenshi ujya wumva ngo runaka akeneye guhindurirwa impyiko…

Share this:

Ibyafasha umugore gutuma igits1na cye cyegerana vuba nyuma yo kubyara bityo akirinda kutishimirwa n’umugabo we

Share this:

Imwe mu ngorane abagore bamwe bahura na zo nyuma yo kubyara ni ukubwirwa n’abagabo babo ko mu gutera akabariro nta kintu bacyumva, dore ko icyongera kuryoherwa kikanafasha mu kurangiza ari ukwikubanaho kw’ibits1na. Uku kuvuga ko nta kintu bacyumva biterwa n’uko…

Share this: