Month: November 2022

Ababyeyi be bigize abatoza, yiyumva nk’uruta ikipe – Ibrahimovic yanenze Mbappe n’ababyeyi be

Share this:

Rutahizamu Zlatan Ibrahimovic uzwiho kuryoshya ibiganiro mu bitangazamakuru yumvikanye anenga Kylian Mbappe Lottin wa Paris Saint Germain, amwibutsa ko iyo umukinnyi atakaje ikinyabupfura, ubuhanga bwe mu mikinire bushobora kuburiramo. Ibrahimovic wakiniye Paris Saint Germain imyaka ine, yavugiye kuri Canal Sport…

Share this:

Perezida Felix Tshisekedi yatangiye guca amarenga ko ashobora gutera u Rwanda

Share this:

Perezida Felix Tshisekedi wa DR Congo yahamagariye urubyiruko rw’iki gihugu “kwinjira mu gisirikare ku bwinshi” kuko “intambara abaturanyi badushojeho isaba ibitambo bya buri umwe muri twe”. Mu ijambo yagejeje ku gihugu mu ijoro ryo kuri uyu wa kane, tariki ya…

Share this:
Uncategorized

Umwaliwase witabiriye Miss Rwanda yambitswe impeta n’umukunzi we – AMAFOTO

Share this:

Umwaliwase uri mu bakobwabitab iriye irushanwa rya Miss Rwada ariko ntagire ikamba yegukana yambitswe impeta n’umusore bitegura kurushinga. Ku wa 2 Ugushyingo 2022 nibwo uyu mukobwa yizihizaga isabukuru y’amavuko, mu mashusho yagiye hanze kuri uyu munsi, Umwaliwase wari umaze kwambara…

Share this:
Uncategorized

uburanga bw’umukobwa wigaruriye umutima wa Ayoo Rash bagiye gukora ubukwe – AMAFOTO

Share this:

Mu mafoto atandukanye ihere ijisho uburanga bwa Shiphrah Niyotwizeye wigaruriye umutima wa Ayoo Rash umwe mu ba Producer bakunzwe hano mu Rwanda, aba bombi bakaba bamaze gutangaza ko biteguye kubana akaramata nk’umugore n’umugabo babinyujije mu butimire bashyize hanze. Mu butumire…

Share this:
Uncategorized

DRC yaba igiye kwifashisha indege kabuhariwe yaguze mu Burusiya mu guhashya umutwe wa M23 – AMAFOTO

Share this:

Igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo gikomeje kurwanya inyeshyamba za M23 zigaruriye uduce twinshi cyane twa Rutshuru. Mu gihe iki gihugu gikomeje gushinja u Rwanda gufasha uyu mutwe kugihungabanyiriza umutekano, hagiye hanze indege z’intambara gitunze gishobora gukoresha mu kwivuna…

Share this:
Uncategorized

Ian Kagame, umuhungu wa Perezida Kagame yinjiye mu ngabo z’u Rwanda – AMAFOTO

Share this:

Madame Jeannette Kagame, Ange Kagame n’umugabo we Bertrand Ndengeyingoma bageze mu ishuri rya gisirikare ry’u Rwanda i Gako, ahabereye umuhango wo guha ipeti abofisiye bato bahabwa ipeti rya S/Lieutenant muri RDF. Kuri uyu wa Gatanu,tariki ya 04 Ugushyingo nibwo Perezida…

Share this:

Uwambaye ikirezi!!! Dore icyo wakora niba aho uba baguca amazi, batabona impano yawe mbese bagufata uko biboneye

Share this:

Iyi si: Akenshi, usanga dufite impano zitwihishemo, cyangwa turi n’ibitangaza rwose ariko aho turi batabibona, baturenza ingohe, badusuzugura (“baduca amazi”) !Ndakwibira ibanga ry’icyo wakora!!  Nk’uko bisanzwe, ndabanza nguhe iyi nkuru y’ibyabaye: Umucuranzi(violoniste) umwe w’icyogere  yariyoberanyije “acurangira abahetsi”  amara iminota 45…

Share this:

Kenya: Indaya zafashe umwanzuro utangaje nyuma yo kubura udukingirizo tumaze kuba imari ikomeye muri iki gihugu

Share this:

Abakora umwuga wo kwicuruza ahitwa Busia muri Kenya bavuze ko bafura udukingirizo tukongera gukoreshwa n’abakiriya babo kubera ko ngo twabaye imari ikomeye muri ako gace. Umwe mu bakora umwuga wo kwicuruza waganiriye n’itangazamakuru yavuze ko iyi ntara imaze igihe yarabuze…

Share this:

Dore uko wasoma ubutumwa kuri whatsapp uwabukoherereje ntamenye ko wabusomye

Share this:

Ujya wakira ubutumwa kuri Whatsapp ukaba ufite ubwoba cyangwa udashaka ko uwabwohereje abona ko wabusomye? Ushobora kuba udashaka kuvugana n’uwo muntu, utifuza guhita umusubiza cyangwa hari uwo ushaka koherereza ‘screenshot’ yabwo mbere y’uko ubusubiza. Niba uri aha ni uko byigeze…

Share this:

Abasirikare bakuru b’Uburusiya batangiye kwiga uburyo n’igihe bakoresha intwaro kirimbuzi muri Ukraine

Share this:

Abakuru b’ingabo z’Uburusiya bo ku rwego rwo hejuru mu kwezi gushize baganiriye ku kuntu n’igihe bashobora gukoresha intwaro kirimbuzi ku rugamba muri Ukraine, nkuko abayobozi babiri bo muri Amerika babibwiye igitangazamakuru CBS News. Perezida Vladimir Putin yari ari muri ibyo…

Share this: