Karim Benzema wari wavunitse ashobora kugaragara mu mikino y’igikombe cy’isi
Amakuru akomeje gukura buri kanya avuga ko Karim Benzema yamaze gukira imvune yari yagize, ashobora kugaruka mu ikipe y’igihugu y’u Bufaransa iri mu mikino y’igikombe cy’Isi kiri kubera muri Qatar. Nk’uko tubicyesha ikinyamakuru cya RMC cyandikirwa mu Bufaransa, rutahizamu Karim…
Biragoye kubyemera: Umusore yafashwe n’umujinya nyuma yo gutinda guhembwa, ibyo yakoreye shebuja na nyirabuja ni agahomamunwa
Uyu musore wakoraga akazi ko gutunganya ubusitani yemera ko yishe umugabo n’umugore abiciye mu rugo rwabo ruherereye i Rusaka mu gihugu cya Zambia tariki ya 19 Ugushyingo 2022. Godfrey Phiri, ufite imyaka 23, yatawe muri yombi azira kwica Bernard Chomba…
Wakwitwara ute igihe ugiye gusura ababyeyi b’umukunzi wawe? Dore amakosa ugomba kwirinda gukora
Igihe uri kumwe n’ababyeyi b’umukunzi wawe, hari ukuntu ugomba kwitwara ndetse hari n’ibyo ugomba kwirinda gukora kugira ngo batakubona nabi ndetse bakakugaya. Ibi byatuma n’umukunzi wawe akwanga. Gusura umuryango w’umukunzi wawe ni intambwe ikomeye mu rukundo ndetse inagira byinshi isobanuye…
Dore ibimenyetso byakwereka ko urukundo rwanyu rugenda ruzima gahoro gahoro ndetse ko umukunzi wawe atakigukunda
Bimwe mu bimenyetso biranga umuntu wari mu rukundo ariko bikaba btakimurimo. 1. Ibishashi by’urukundo byarashize Niba utakiyumvamo ibishashi by’urukundo ndetse ukanagerageza bikanga bivuze ko nta rukundo ruri hagati yanyu, nta n’impamvu yo kugumana. 2. Umukunzi wawe aracyakomeye ku mateka ye…
RDC: Ifoto y’umugore wa Tshisekedi yambaye umupira wa M23 ikomeje guca ibintu
Ifoto ya Madamu wa Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Denise Nyekuru, yambaye umwambaro wanditseho M23 ikomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga. Muri iyi foto , Madame Nyekuru agaragara yambaye umupira ufite ibara ry’Icyatsi cya Gisirikare, bijya gusa n’imyambaro…
WordCup: Mbappe ashobora guhanwa bikomeye kubera ibyoa ari kwikora mu gikombe cy’isi
Rutahizamu Kylian Mbappe agiye guhanishwa ihazabu y’amafaranga nyuma yo kwanga kuvugana n’abanyamakuru nubwo yatsindiye igihembo cy’umukinnyi witwaye neza mu mukino baheruka gutsinda Denmark. Amategeko ya Fifa avuga ko umukinnyi wegukanye igihembo cy’umukinnyi w’umukino agomba kuba yiteguye kuvugana n’abanyamakuru nyuma y’umukino….
WordCup: Abakinnyi b’Ububirigi bashyamiranye hafi kurwana kubere gutsindwa na Maroc
Abakinnyi batatu bakomeye b’Ububiligi bari kurebana ay’ingwe nyuma y’aho bashatse kurwanira mu rwambariro nyuma y’umukino batsinzwemo na Maroc ibitego 2-0. Amakuru avuga ko abakinnyi bakomeye barimo Kevin de Bruyne, Jan Vertonghen, na kapiteni Eden Hazard bashwanye cyane hafi yo kurwana…
Yambaye ikibuno cy’igikorano agiye gusezerana n’umugabo we reba ibintu bibabaje byamubayeho – AMAFOTO
Nta gushidikanya ko muri izi mpera z’icyumweru gishize umuntu wese ukoresha interineti uba ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye, yaba atarahura n’iyi foto y’umukobwa n’umuhungu bari bavuye gusezerana. Abantu benshi barajwe inshinga no kubona isura y’umukobwa wari uvuye gusezerana n’umusore bakundana, ariko…
Ubuhamya bwatanzwe mu gushyingura Rudakubana Paul wari ufite ubumuga bw’ubugufi bukabije bwakoze benshi ku mutima
Mu gahinda kenshi abavandimwe n’inshuti z’umuryango wa Rudakubana Paul uherutse kwitaba Imana asize abavandimwe be barimo babiri bari bahuje ikibazo cyo kugira ubugufi bukabije ndetse bakaba banahuriraga mu biganiro bitandukanye bavuze ubuhamya bwe n’uburyo ari we wasaga nuyobora abavandimwe be….
WordCup: Cameroon yikuye imbere ya Serbia bigoranye
Kameruni yagaruye amahirwe yayo yo kugera muri 1/16 mu gikombe cy’isi,nyuma yo gutsindwa ibitego bibiri hanyuma ikaza kubyishyura mu mukino uryoshye yanganyijemo na Serbia ibitego 3-3,mu itsinda rya G. Kameruni yafunguye amazamu ku gitego cyatsinzwe na Jean-Charles Castelletto ku munota…