Korea y’Epfo yihimuye kuri Korea ya Ruguru iheruka kurasa ibisasu mu nkengero z’imipaka yayo
Koreya ya Ruguru na Koreya y’Epfo ku nshuro ya mbere zarashe misile hakurya y’umupaka wo ku nyanja w’ibi bihugu. Koreya y’Epfo yihimuye kuri uyu wa gatatu, nyuma y’amasaha atatu Koreya ya Ruguru irashe misile yaguye mu ntera itageze kuri kilometero…
Umwana w’imyaka 16 yagerageje gukiza ababyeyi be barwana. Ibyo bamukoreye biteye agahinda
Umusore w’imyaka 16 yishwe ubwo yageragezaga gukiza nyina warwanaga n’umugabo we. Zipho Mpazwa yagerageje gukurikira umugabo wa nyina(ntabwo yari se) mu cyumba nyuma y’uko uyu mugabo wari warabataye akaza kugaruka yambuye nyina igikapu. Uyu mugore avuga ko na n’ubu atarumva…
Umuraperi Takoff waririmbaga mu itsinda rya Migos yarasiwe i Houston ahita apfa
Umuraperi wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika wari uzwi ku izina rya TakeOff wamenyekanye cyane mu itsinda rya Migos yishwe arashwe ku myaka 28 y’amavuko. Umuraperi Takeoff, umwe muri batatu bagize itsinda rya Migos, yapfuye nyuma yo kuraswa mu gitondo…
Umuraperi Zilha na Ange Dadaby bahishuye icyatumye bahagarika urukundo rwabo
Umuraperi Zilha uri mu bagezweho muri iyi minsi mu Rwanda yahamije amakuru y’uko yatandukanye na Ange Dababy uzwi mu ndirimbo z’abahanzi bari bamaranye igihe mu munyenga w’urukundo n’impamvu yabyo. Aba bombi batandukanye nyuma y’igihe gito bari bamaranye mu rukundo ndetse…
Igishushanyo cyakorewe Sadio Mane cyatumye benshi bacika ururondogoro kubera ukuntu ari kibi
Umunyabigwi wa Senegal,Sadio Mane,yakorewe igishushanyo kitavugwaho rumwe kubera uburyo gikozwe bwatumye benshi baseka cyane. Iki gishushanyo kiri kuvugwa cyane cyashyizwe mu mujyi waDakar, aho benshi bemeje ko gihuriye n’uyu mukinnyi wa Bayern Munich. Iki gishushanyo cyakozwe n’umuhanzi w’umunya Senegal,cyakozwe mu…
Umugore yahishuye uko yabyaranye na se incuro 5 zose kubera impamvu itangaje. Nyuma haje kuba ikintu kibabaje cyane
Aziz Kibibi yatangiye guhohoterwa na Se umubyara ubwo yari afite imyaka 8 gusa. Uyu mugabo yegukanye igihembo cy’umuyobozi mwiza(Director) mu byo gukora umuziki yaahawe na MTV. Bitangira ngo uyu mugabo yabwiye umukobwa we ko ari kumwigisha uko azavamo umugore mwiza…
Ntibisanzwe: Umugabo yakoze ubukwe n’abakobwa 2 b’impanga umunsi umwe
Umugabo washyingiranwe n’abakobwa babiri b’impanga muri Nigeria,akomeje kuvugwa cyane ku mbuga nkoranyambaga. Umunyamakuru, Sikiru Obarayese, watangaje aya makuru kuri Twitter, yavuze ko ubukwe bwabo uko ari batatu bwabaye ku wa gatandatu,tariki ya 29 Ukwakira. Aba bose batuye mu gace kitwa…
Lionel Messi yirengagije PSG ndetse atera umugongo FC Barcelone ahitamo indi kipe
Amakuru aravuga ko Lionel Messi yirengagije telefoni ya FC Barcelona ishaka ko yongera kuyerekezamo ahubwo ahitamo kugirana ibiganiro n’ikipe ya Inter Miami yo muri Amerika. Uyu munya Argentine w’icyamamare ngo arashaka kwerekeza muri shampiyona ya MLS mugihe amasezerano afitanye na…
Amerika yatangiye kotsa igitutu M23 ngo isubire inyuma ive mu birindiro irimo ubu
Leta ya Amerika yasabye umutwe wa M23 gushyira intwaro hasi ugasubira inyuma ukava mu birindiro byawo, no kubahiriza igikorwa cya leta cyo gusubiza mu buzima busanzwe abahoze mu mitwe y’inyeshyamba. M23 imaze gufata igice cya teritwari ya Rutshuru mu ntara…
Ibimenyetso 4 ushobora kurebera ku birenge byawe ukamenya ko urwaye umwijima
Umwijima nk’inyama nini kurusha izindi zo mu nda ukora imirimo 500 mu mubiri w’umuntu muri yo harimo kuyungurura amaraso, gusohora umwana mu mubiri no gukora bile ikoreshwa mu igogorwa ry’ibiryo. Ni yo mpamvu umwijima ari igice cy’ingenzi cyane mu mubiri…