Umukobwa yemeye gufungwa kubera imyemerere ye y’idini. Reba ikintu gitangaje cyamubayeho nyuma
Umugabo witwa Emma Belay amaze imyaka 4 ashakanye na Saliem Menghis bahuye mu buryo butangaje ndetse ahamya ko yamumenye akanamukunda kubera gufungwa azira kuba Umudivantisiti idini na we abarizwamo. Aba bombi bavuga ko kuvugana kuri telefoni aribyo byabaye ishingiro ryurukundo…
Miss Muheto yasobanuye ibye n’umuraperi wamubengutse – AMAFOTO
Nshuti Divine Muheto wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2022 yavuze ko nta rukundo rudasanzwe ruri hagati ye n’umurperi Fuego akaba umuhungu wa Jeanine Noach. Ibi Miss Muheto abivuze nyuma y’uko uyu musore asangije abamukurikira ku mbugankoranyambagaga akoresha amafoto ari…
Abanye-Gongo bongeye gukora imyigaragambyo ikomeye yo kwamagana u Rwanda banasaba Putin Kubatabara
Mu myigaragambyo bakoze uyu munsi mu mujyi wa Goma, Abanyekongo bari bafite amasahusho ya Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya aho bamusabye ko yaza kubakiza inyeshyamba za M23. Aba banyecongo bamusabye ko yakoresha ingufu za gisirikare akabafasha guha isomo izi nyeshyamba zikomeje…
Umwana w’imyaka 15 yishe nyina kubera kumuha impanuro
Umwana w’imyaka 15 arashinjwa kwica nyina ahitwa Osubeng muri Ghana amuhora ko yamubujije kunywa urumogi. Uyu mwana wakomoka mu muryango w’abahinzi mu gace kitwa Kwahu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Ghana, ntiyishimiye umwanzuro wa nyina wo kumubuza kunywa urumogi byatumye amwivugana…
Gasogi United yirukanye uwari umutoza wayo ukomoka mu Misiri ndetse n’umwungiriza we
Ikipe ya GASOGI Utd yo mu cyiciro cya mbere mu Rwanda yirukanye umutoza wayo ukomoka mu Misiri Ahmed Adel n’umwungiriza we Ibrahim Bahaaeldin kubera umusaruro utari mwiza. Gasogi United yari imaze gutsindwa imikino ibiri, inganya umwe, itsinda itatu, mu mikino…
Dore bimwe mu by’umukobwaq agenzura ku musore mbere yo kwemera ko bakundana. Ubyitayeho nta mukobwa wakwima urukundo
Akenshi mu rukundo buri muntu agira ibyo agenderaho mu guhitamo uwo bakundana ariko hari ibyo abenshi bahuza, menya bimwe mu bakobwa benshi bagenderaho mu guhitamo umusore bakundana. 1. Uburyo ugerageza kumwegera Bamwe mu bakobwa ni abanyagasuzuguro. Iyo umwegere utiyubashye kandi…
Nyuma yo kugurwa n’umuherwe Elon Musk igiye gutangira kwishyuza abayikoresha. Dore abagomba kwishyuzwa ku ikubitiro
Umuherwe Elon Musk waguze urubuga rwa Twitter yamaze kuvuga ko ashaka kurubyazamo amafranga aho abantu abafite akamenyetso ku izina ryabo ko bari verified (blue badge) bagiye kujya bishyuzwa amadorali 20 y’amanyamerika ku kwezi. Ibi bivuze ko ku mwaka ukoresha Twitter…