Month: November 2022

WordCup: Ghana yatsinze Korea y’epfo yiyongerera amahirwe yo kurenga amatsinda

Share this:

Mu mukino warimo guhangana n’ubushake ku mpande zombi,ikipe ya Ghana bigoranye yatsinze Koreya y’Epfo ibitego 3-2,yiyongerera amahirwe yo kugera muri 1/16 cy’irangiza. Nyuma yo gutsindwa na Portugal mu buryo butayinyuze,Ghana yaje yakaniye cyane itsinda Koreya y’Epfo bigoranye cyane ibitego 3-2….

Share this:

Umugore yatekereje ko abana be 2 ari amadayimoni. Ibyo yabakoreye biteye agahinda

Share this:

Polisi ya Newyork ivuga ko umugore yateraguye ibyuma abana be 2 kuri ubu akaba afunzwe mu gihe iperereza rigikomeje. Ibi byabereye mu rugo aho uyu mugore atuye. Ahagana saa 7:20 z’ijoro, umuntu yahamagaye Polisi ayibwira ko hari umugore uri kwitwara…

Share this:

Abasore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa mukunda atagukundiraho abandi basore

Share this:

Sobanukirwa bimwe mu byagaragariza umusore ko umukobwa bakundana atamubangikanya n’abandi. Muri ibi bihe turimo usanga urukundo rw’ubu umubare w’abaca inyuma abakunzi babo ugenda wiyongera ku buryo benshi basigaye bemeza ko urukundo rw’ubu rwabaye akavuyo cyangwa se rwakonje, kuko nta muntu…

Share this:

Abakobwa: Umusore mukundana ntazigera akubaha niba uzi ko mu rukundo rwanyu harimo ibi bintu

Share this:

Menya impamvu 5 zitera umusore mukundana kugusuzugura. Gukunda ugakundwa birashimisha. Iyo umusore mukundana cyangwa umugabo wawe agusuzugura bigenda biguca intege, ndetse bikagira ingaruka mbi ku mibanire yanyu. Nyamara hari impamvu zinyuranye zituma umusore mukundana cyangwa umugabo wawe agusuzugura. Tugiye kurebera…

Share this:

Umufana yashinguye agati ka koroneri ahondagura umunyezamu w’ikipe bari bahanganye

Share this:

Umukino wahuzaga Goztepe na Altay muri Turukiya wahagaritswe nyuma y’aho umufana yinjiye mu kibuga ashingura agati gashyirwa kuri koloneri kaba kariho n’ibendera asanga umunyezamu bari bahanganye arakamuhondaguza. Uyu mufana wa Goztepe yakoze amahano yamenyekanye ku isi yose ubwo yasangaga umuyezamu…

Share this:

KNC yannyeze Kiyovu Sports karahava nyuma y’uko Gasogi United ye iyikubitiye mu rugo

Share this:

Kiyovu Sports yari yakiriye ikipe ya Gasogi United mu mukino w’umunsi wa 11 wa shampiyona y’u Rwanda, warangiye Gasogi iyitsinze ibitego 3 kuri 1. Nyuma yo gutsinda Kiyovu Sports ibitego 3-1, Umuyobozi wa Gasogi United,Kakooza Nkuriza Charles [KNC] aganira n’itangazamakuru…

Share this:

Abari bagiye gushyingura batwawe n’inkangu 14 muri bo barapfa

Share this:

Ubuyobozi bwavuze ko inkangu yabereye mu murwa mukuru wa Kameruni, Yaoundé, yahitanye byibuze abantu 14. Abapfuye bari bitabiriye umuhango wo gushyingura nk’uko guverineri w’akarere, Naseri Paul Bea abitangaza. Ku mugoroba wo ku cyumweru, itsinda ry’abatabazi ryakomeje gushakisha imirambo n’abarolotse. Abaturage…

Share this:

Abaguze badafite inyemezabwishyu ya EBM bagiye gutangira guhanwa: RRA

Share this:

Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, cyiyemeje gutangira gufatira ibihano abaguzi badasaba inyemezabuguzi z’ikoranabuhanga za EBM,abacuruzi nyuma yo kugura ibintu. RRA yavuze ko ingamba yafashe zirimo kuba umuguzi uzajya afatwa adafite iyi nyemezabwishyu yaguriyeho ibicuruzwa afite, azajya abyamburwa bigatezwa cyamunara. Mu…

Share this:

Dore amabanga 6 yo gutera akabariro buri mugore wese akwiriye kumenya

Share this:

Menya amabanga 4 yo gutera akabariro buri mugore akwiye kumenya. Ushobora gutekereza ko ubirambyemo cyangwa ntacyo umuntu yakubeshya ku bijyanye n’amabanga yo mu buriri, ariko burya ngo utazi ubwenge ashima ubwe kandi ngo akanyoni katagurutse ntikamenya iyo bweze. Ibijyanye no…

Share this:

Abagore: Dore ibintu 5 ugomba kwitaho niba wifuza kurushaho gukundwa n’umugabo wawe ntazigere atekereza undi mugore atari wowe

Share this:

Bibaho ko umubano w’abashakanye ujya usubira inyuma, gusa hari ibintu umugore ashobora gukora byatuma umugabo we akomeza akanarushaho kumukunda. Mu gihe abashakanye bagaragaza ko nyuma yo kubana kwabo urukundo rugenda rugabanuka bikagira aho umwe muri boyigira ahandi, hari imyitwarire umugore…

Share this: