Month: November 2022

Perezida wa Kiyovu yafashwe n’uburakari bwinshi ahita ahagarika umutoza nyuma yo gutsindwa na Gasogi United

Share this:

Nyuma yo gutsindwa na Gasogi United 3-1 ku munsi wa 11 wa shampiyona, Mvukiyehe Juvenal, umuyobozi wa Kiyovu Sports yavuze ko bahagaritse umutoza Alain André Landeut. Perezida Mvukiyehe Juvenal yavuze ko yahise ahagarika umutoza André Landeut kuko we na bagenzi…

Share this:

Rayon Sport yakubitiwe i Musanze naho Kiyovu yandagazwa na Gasogi United

Share this:

Ikipe ya Musanze FC yatsinze Rayon Sports mu mukino w’umunsi wa 11 wa shampiyona ibitego 2-0 mu gihe Kiyovu Sports nayo yongeye kwihanizwa na Gasogi United iyitsinda ibitego 3-1. Agahinda n’umubabaro ni byose ku bafana n’abakinnyi b’aya makipe akurikiranye muri…

Share this:

WordCup: Maroc iratunguranye itsinda Ububirigi yiyongerera amahirwe yo kurokoka mu matsinda

Share this:

Ikipe ya Maroc nayo yabaye indi kipe itungura abakunzi ba ruhago mu gikombe cy’isi kuko yakubitiye Ababiligi muri Qatar ibitego 2-0 ihita yiyongerera amahirwe yo kugera mu mikino yo gukuranamo. Ibitego bya Abdelhamid Sabiri kuri coup franc nziza cyane na…

Share this:

Nyuma y’imyaka 43 ku butegetsi, Perezida Teodoro Obiang Nguema yatorewe manda nshya

Share this:

Perezida wa Guinée Equatoriale,Obiang Nguema uri ku butegetsi kuva mu mwaka wa 1979 yongeye gutorerwa kuba Perezida mu gihe cy’imyaka 7 iri imbere. Yagize amajwi 94,9%. Obiang w’imyaka 80, wafashe ubutegetsi nyuma yo guhirika Francisco Macias Nguema wari ubufite 1979,…

Share this:

Cristiano Ronaldo yahawe agatubutse ngo yerekeze mu ikipe yo mu Barabu

Share this:

Amakuru aravuga ko Cristiano Ronaldo yahawe umushahara wa miliyoni 1.2 z’ama pound ku cyumweru kugira ngo ajye gukinira ikipe yo muri Saudi Arabia nyuma yo gutandukana na Manchester United. Ronaldo w’imyaka 37 yisanze adafite ikipe bwa mbere mu buzima bwe…

Share this:

M23 yigaruriye utundi duce 2 twagenzurwaga na FDLR nyuma y’uko yari yavuze ko igiye guhagarika imirwano

Share this:

Abarwanyi ba M23 baraye babeshye ko bagiye guhagarika imirwano na FARDC ariko uyu munsi bakomeje intambara ndetse bigaruriye uduce twa Kabarozi na Bwiza twegereye Umujyi wa Kichanga muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Mu itangazo uyu mutwe wasohoye mbere y’isaha…

Share this:

Abakobwa: Dore ibintu 10 wakorera umusore mukundana bigatuma umwiharira wenyene akibagirwa abandi bakobwa

Share this:

Menya ibintu 10 umukobwa yakorera umuhungu akunda, akamwibagiza abandi bakobwa. Kugira ngo umuhungu n’umukobwa bakundana bakomeze inzira yabo nziza y’urukundo rudasaza, hari ibintu by’ingenzi buri umwe akwiye gukorera undi kugira ngo akanyamuneza n’umunezero bihore hagati yabo. By’umwihariko hari ibyo umukobwa…

Share this:

Dore ibimenyetso byakwereka ko umukunzi wawe yamaze kukwanga n’ubwo atarabikubwira

Share this:

Menya ibintu by’ingenzi byakuburira ko urukundo rwawe n’umukunzi wawe rugiye kurangira mugatandukana. Niba uri mu rukundo cyangwa se ufite umukunzi ariko ukabona bitagenda neza, bitewe n’uburyo mwari mubanye mukimenyana, hari ibintu bimwe na bimwe byagufasha kumenya ko umubano wanyu ugiye…

Share this:
Uncategorized

Ubuzima bwa Junior Multisystem wamamaye mu gukora muzika mu Rwanda buri mukaga. Arasaba amasengesho

Share this:

Ubuzima bwa Karamuka Jean Luc wamamaye mu gutunganya indirimbo nka Junior Multisystem buri mu kaga kubera uburwayi akomora ku mpanuka yakoze, arasaba abantu kumusengera. Binyuze mu mafoto amaze iminsi ashyira ku rukuta rwe rwa Instagram, Junior Multisystem agaragaza ko umunsi…

Share this:

Amateka y’urukundo rwa Haaland n’umukunzi we bari kuryoshya mu gihe abandi bakinnyi bari mu gikombe cy’isi

Share this:

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Norway na Manchester City agiye mu rukundo vuba, ariko urugendo rwe n’umukobwa arota buri joro rwahereye kera mu buto. Mu minsi micye ishize umwataka uri mu bagezweho, Erling Haaland nibwo yatangiye kuvugwa mu rukundo. Umukobwa w’ikimero…

Share this: