Month: November 2022

Abakobwa: Niba utabona ibi bimenyetso ku musore mukundana menya ko nta rukundo ruhamye agufiteho

Share this:

Niba uri umukobwa ukunze kwibaza niba umusore mukunda afite gahunda nyayo mu rukundo cyangwa niba akubeshya, menya ibimuranga n’uko yitwara. Gukunda no gukundwa ni byiza, ariko kuri iki gihe usanga bigoye ko uwo mukundana umuha icyizere cyose kuko abenshi baba…

Share this:

Miss Umwiza Phiona ahataniye guhagararira urubyiruko rw’u Rwanda muri EALA

Share this:

Miss Umwiza Phionah wabaye igisonga cya Mbere cya Miss Rwanda 2020, ahatanye mu matora azasiga hamenyekanye umwe uhagararira urubyiruko mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EALA). Umwiza yabwiye InyaRwanda dukesha iyi nkuru ko kandidatire ye yemewe n’abandi bantu…

Share this:

Ese gukundana igihe kirekire ni ikibazo? Dore impamvu 7 zituma abasore badakunze kurongora abakobwa bakundanye igihe kirekire n’amahirwe umukobwa aba afite bitewe n’imyaka bamaranye

Share this:

Menya zimwe mu mpamvu abantu bakundanye igihe kirekire birangira batabanye n’ababana bakaba ari bake ugereranyije n’umubare munini w’abakundana igihe ariko bikarangira batandukanye. 1. Gukundana igihe cya nyacyo kitaragera Hari umuntu washyize ku mbuga nkoranyambaga ubutumwa bugira buti ‘Abasore benshi ntabwo…

Share this:

Urubanza rwa Prince Kid rwapfundikiwe humvwa ubuhamya bw’abakobwa 4

Share this:

Urubanza rwa Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid rwashyizweho akadomo, isomwa rizaba tariki 02 Ukuboza, 2022 ku isaha ya saa saba z’amanywa. UMUSEKE dukesha iyi nkuru wamenye ko abatangabuhamya bagera kuri bane, gusa bahawe code mu rwego rwo kubarindira umutekano….

Share this:

WordCup: Ubwongereza n’ubuhorandi byananiwe gukatisha tike ya 1/16 imibare yongera kuba myinshi ku ikipe ya Senegal

Share this:

Ubwongereza bwanganyije 0-0 na Leta zunze ubumwe z’Amerika,butakaza amahirwe yo gukatisha hakiri kare itike yo kugera muri 1/16 cy’irangiza. Ikipe ya Gareth Southgate yananiwe kunganya ingufu n’umuvuduko n’ikipe ya USA, nubwo ifite ibyiringiro byo kugera muri 1/16. Ubwongereza bwarokotse cyane…

Share this:

M23 yemeye gushyira mu bikorwa ikintu kimwe rukumbi mu byo yasabwe na EAC

Share this:

Umutwe wa M23 wemeye guhagarika imirwano n’ingabo za leta ya Congo FARDC, itera utwatsi ibyo kurekura ibice bafashe ndetse yihanangiraza leta ko mu gihe cyose izayirasaho izirwanaho. M23 yasabye guhura n’abahuza mu bibazo byo gushakira amahoro uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira…

Share this:
Uncategorized

Mama Sava yerekanye bwa mbere umusore bakundana bahuye mu buryo bwa PASSE – AMAFOTO

Share this:

Umukinnyi wa Filime Umunyana Annalisa wamenyekanye nka Mama Sava muri Filime y’uruherekane yerekanye umukunzi we bahujwe na Passe nyuma y’igiheauga ko aryohewe mu rukundo ariko ntagaragaze uwo bakundana. Uyu mukinnyi wa filime umaze kubaka izina mu bakunda izo mu Rwanda,…

Share this:

Umugabo yasanze uruziramire rwizingiye ku mwana we rugiye kumumira ararumwambura. Ibyo yarukoreye biratangaje

Share this:

Umuhungu w’imyaka itanu yarokotse nyuma y’uko inzoka y’uruziramire imukubye hafi gatatu ubunini imurumye, ikamwizingiraho, ikamugusha muri ‘piscine/swimming pool’ agatabarwa mbere y’uko imumira. Beau Blake yarimo agenda iruhande rw’ubwo bwogero bw’iwabo ubwo inzoka ireshya na metero eshatu yamuteraga, nk’uko se yabibwiye…

Share this:
Uncategorized

WorldCup: Neymar wa Brazil na we ashobora kudakina imikino y’igikombe cy’isi izakurikiraho – AMAFOTO

Share this:

Nkuko amashusho y’ama TV arimo TF1 yabigaragaje, rutahizamu wa Brazil,Neymar,yagize imvune ku kagombambari k’iburyo,ndetse yasubiye mu rwambariro acumbagira nubwo atahawe imbago. Ikipe ya Brazil yaraye yigaragaje mu mukino wayo wa mbere wo mu itsinda G mu gikombe cy’isi aho yatsinze…

Share this:

WordCup: Umukino Brazil yatsinzemo Serbia watumye benshi bikanga kubera imikinire iri ku rwego rwo hejura cyane

Share this:

Rutahizamu Richarlison yinjije neza Brazil mu gikombe cy’isi nyuma yo kuyitsindira ibitego bibiri yatsinze Serbia mu mukino wa mbere wo mu itsinda G. Brazil ihabwa amahirwe menshi yo kwegukana igikombe cy’isi kurusha andi makipe yitabiriye,yagowe n’igice cya mbere kuko iyi…

Share this: