Month: November 2022

Tanzania: Raporo ku ndege iherutse gukora impanuka igahitana abantu 19 ivuga ko byashobokaga kurokora abantu benshi kurushaho

Share this:

Leta ya Tanzania yitandukanyije na raporo y’ibanze ku ndege itwara abagenzi yakoze impanuka ikica abantu 19 mu bari bayirimo, nyuma yuko irohamye mu kiyaga cya Victoria. Iyo raporo, yatangajwe ku wa kabiri kandi yari ikiri ibanga, yavuze ko abantu benshi…

Share this:
Uncategorized

Sabine witabiriye MissRwanda2022 yaciye amarenga ko yaba yarihebeye Juno Kizigenza anamutera umutoma ukomeye

Share this:

Mutabazi Sabine witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda 2022 akagera no muri batanu ba mbere bavuyemo Miss Rwanda yatomagije Juno Kizigenza bigeze kuvugwaho mu rukundo. Ni mu butumwa uyu mukobwa yanyujije kuri Instagram ahajya ubutumwa bumara amasaha 24, hari mu rwego…

Share this:

Abagabo: Dore uburyo 5 bworoshye budasaba imiti wakoresha ugakira kurangiza mu munota 1 igihe utera akabariro n’umukunzi wawe

Share this:

Birashoboka kongera igihe umara utera akabariro n’uwo mwashakanye udakoresheje imiti yateye hanze aha. Kwirukanka cyangwa gukora marato (Marathon) mu mazi y’ikiyaga cyangwa mu bwogero bwa kizungu (Pool), bisaba imbaraga n’ubwitonzi. Ibi nabyo ni kimwe mu bintu bikenewe kugira ngo ubashe…

Share this:

Niba ukorera uwo mwashakanye cyangwa umukunzi wawe kimwe muri ibi bintu 6 menya ko uri kumuhatiriza kuguca inyuma

Share this:

Sobanukirwa impamvu 6 zishobora gutuma uwo mwashakanye aguca inyuma akajya mu bandi. Gucana inyuma ni ikibazo gikomeye mu bashakanye kandi kigira ingaruka mbi ku mibanire yabo, nyamara usanga bamwe mu bagore cyangwa abagabo batamenya mu by’ukuri impamvu iba yatumye uwo…

Share this:

How to redirect all urls to a new domain with .htaccess

Share this:

Supose that you changed the name of your domain and you want to take all your traffic to a new domain. Redirecting all your old urls to a new domain will not only help your users to know about it…

Share this:

Umutoza Adil arasaba APR FC indishyi ya Miliyoni 900RWF

Share this:

Umutoza Adil Mohamed yamaze gutanga ikirego muri FIFA, arasaba indishyi za miliyoni 900 z’amafaranga y’u Rwanda. Umutoza Mohamed Adil Erradi yatangarije B&B FM Umwezi ko yatandukanye na APR FC ku ruhande rwe kuwa 23 Ukwakira2022, Ubu ikirego yamaze kukigeza muri…

Share this:

WorldCup: Cameroon yatsinzwe n’umusore wavukiye i Youandé

Share this:

Ikipe ya Cameroon yaje gutwara igikombe cy’isi nkuko byemejwe na Samuel Eto’o yatangiye itsindwa n’Ubusuwisi igitego 1-0. Igitego Cameroon yatsinzwe na Breel Embolo wavukiye i Youandé, nicyo gitumye itabona amanota 3 ya mbere mu itsinda. Embolo yanze kwishimira iki gitego…

Share this:

Rayon Sports yatsinze As Kigali yiyunga n’abafana

Share this:

Ikipe ya Rayon Sports ikomeje guhaka ikipe ya AS Kigali kuko no kuri uyu wa Kane yongeye kuyitsinda mu mukino wa shampiyona. Igitego cya Musa Esenu ku munota wa 9 ku mupira mwiza yahawe na Ganijuru Elie,nicyo cyatandukanyije izi mpande…

Share this:

Dore ibintu bituma umugabo agira intanga nke kimwe mu bituma abagabo benshi batabyara

Share this:

Muri iki gihe abagabo benshi bagira ibibazo bitandukanye mu bijyanye n’imyororokere. Ni kenshi uzabona abantu batabyara, bajya kwa muganga bagasanga umugabo nta ntanga ngabo zihagije afite ibyo bita ’Low Sperm count’. Iki ni ikibazo gihangayikisha ndetse kikaba cyakurura amakimbirane hagati…

Share this:

Abagabo: Dore ibintu 3 by’ingenzi wakagombye gukora mbere yo gutera akabariro

Share this:

Hari ibintu abagabo benshi bima amaso, ariko bikababera imbogamizi cyangwa ntibanite ku ishyirwa mu bikorwa byabyo. Iyi nkuru iragufasha kumenya ibyo wajya witaho mbere yo gutera akabariro n’uwo mwashakanye. Ikintu kiba cyiza hagati y’abashakanye ni uko bose bishimira ibyo bari…

Share this: