Benshi bambara impeta buhumyi! Dore igisobanuro cy’impeta bitewe n’urutoki uyambayeho
Impeta abenshi bazi ni iy’ugushyingirwa n’iya fiyansaye ariko mu bisanzwe abantu bambara impeta ku ntoki zose bitewe n’ubutumwa bashaka gutanga. Dore ibisobanuro by’impeta hagendewe ku rutoki uyambayeho. Impeta abenshi bazi ni iy’ugushyingirwa n’iya fiyansaye ariko mu bisanzwe abantu bambara impeta…
Kunanuka gukabije kwa diamond bikomeje gutera benshi impungenge
Umuhanzi ukomoka muri Tanzania umaze kwigarurira imitima ya benshi ku Isi wamamaye nka Diamond Platnumuz yagaragaje ko nawe ashobora kuba atewe impungenge n’uburyo ari kunanuka umunsi ku wundi. Uyu muhanzi wigaruriye imitima ya benshi kubera indirimbo ze hakiyongeraho n’imiterere y’umubiri…
Icyo Polisi irimo gukora ngo icyemure ibibazo biri mu kwiyangisha gukora ibizamini bya Perimi
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko igiye kuzana amavugurura menshi azatuma gukorera ibyangombwa byo gutwara ibinyabiziga yaba ibya burundu n’iby’agateganyo byihuta. Ibi bije nyuma y’aho abanyarwanda benshi bemeje ko ubu kwiyandikisha gukorera icyangombwa cya burundu cyo gutwara ibinyabiziga bitacyoroha. Mu kiganiro…
WorldCup: Saudi Arabia itsinze Argentine yahabwaga amahirwe bishyira igitutu gikomeye kuri Messi
Ikipe y’igihugu ya Saudi Arabia yari yaragurijwe na benshi ko iratsindwa ibitego byinshi itunguye isi yose n’abakunzi ba ruhago itsinda Argentina yahabwaga amahirwe yo kwegukana igikombe cy’isi. Mu mukino wari warangijwe kare n’abakunzi ba ruhago,Saudi Arabia yaturutse inyuma yatsinze Argentina…
Abakobwa: Dore ibimenyetso byakwereka ko umusore mukundana agukunda by’ukuri
Ese umusore koko arankunda nk’uko abimbwira cg arambeshya? Ushobora kuba wibaza icyo kibazo cyangwa ibindi. Ushobora kuba ushidikanya niba umusore yarakubwiye ko agukunda bimuri ku mutima. Ni ngombwa m urukundo ko wibaza ibyo bibazo, kugira ube wakunda ugukunda, hato udakomeza…
Nutangira kubona ibi bimenyetso mu rukundo rwanyu uzamenye ko umukunzi wawe atakigukunda ndetse ko rugiye guhagarara vuba
Menya ibintu wabona mu rukundo rwawe n’umukunzi wawe bikakwereka ko nta minsi rusigaje ndetse ko ruri kwerekeza ku musozo. Bibaho ko abakundana bagera igihe bagatandukana ku mpamvu nyinshi zitandukanye. Hari igihe kandi umwe mu bakundana abura aho ahera avuga ko…
Dore ubutumwa bw’urukundo woherereza umukunzi agahita ava mu bye
Niba wifuza kugusha neza umukunzi wawe, hari ubutumwa bw’urukundo wamwoherereza bugatuma ava mu bye akanarushaho kugukunda. Mu rukundo hari utuntu duto duto ukorera umukunzi wawe, ntabe yakwibagirwa cyangwa ngo agusimbuze undi. Guha ubutumwa bugufi umukunzi ni kimwe muri ibyo bikorwa,…
Korea ya Ruguru yateye igisasu ku mugabane wa Amerika
U Buyapani bwatangaje ko Korea ya Ruguru yarashe igisasu cyo mu bwoko bwa “Ballistic missile’ mu nyanja yo ku mugabane wa Amerika. Minisitiri w’ingabo w’u Buyapani yatangaje ko Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cya ‘Ballistic missile’, mu nyanja yo k’umugabane…
Ntukwiye kubwira byose umukunzi wawe mushya ku bijyanye n’abo mwakundanye mbere. Dore ibyo ukwiye kwirinda kuvuga kuko bisenya urukundo
Sobanukirwa impamvu utagomba kubwira umukunzi wawe mushya amateka yawe yakuranze mu rukundo n’abo mwakundanye mbere ye. Bamwe mu bakundana babwirana buri kimwe cyose ku mateka yabo n’abo bahoze bakundana. Ibi ariko hari aho bigira ingaruka zitandukanye bikaba byanabatandukanya. Birashoboka ko…
“Nakundanye n’umusore muha ubusugi bwanjye nyuma nza gusanga afite abandi akunda” – UBUHAMYA UMUKOBWA WESE AKWIYE GUSOMA
Umukobwa urangije amashuri ya Kaminuza, yatangaje ko yakundanye n’umusore akamuha urukundo n’umwanya nyuma akaza gusanga afite abandi bakobwa benshi akundana nabo. Mu magambo ye yagize ati: ”Ndi umukobwa ukiri muto, urangije amashuri ya kaminuza. Nakundanye n’umukunzi wanjye mu myaka itatu…