Umusore Yaje gusezerana n’umugeni we ari mu isanduku bashyinguramo abantu barumirwa. Reba uko byagenze
Amashusho y’umusore waje mu bukwe bwe ateruwe mu isanduku n’abamwambiriye akomeje kuvugisha benshi batayavuzeho rumwe. Ni amashusho yaciye ibintu ku rubuga nkoranyambaga rwa TikTok, aho atangira abantu bururutsa isanduku mu modoka isanzwe itwara abitabye Imana, ubundi bakaza bakayitereka mu busitani…
Cristiano Ronaldo yavuze amagambo akomeye kuri Messi anahishura ikipe yifuza ko yatwara Premier League
Mu kiganiro gikomeje guca ibintu ku isi yagiranye n’umunyamakuru Piers Morgan,Cristiano Ronaldo yavuze ko yifuza ko Arsenal yatwara Premier League igihe United byaba biyinaniye,yongeraho ko Messi ari umukinnyi w’umuhanga wakoze ibitangaza muri ruhago. Ronaldo yavuze ku mubano we na Messi…
Umugabo yaguye gitumo umugore we utwite ubwo yasambanaga na pasiteri
Umugore utwite yafashwe n’umugabo we yambaye ubusa ari mu buriri hamwe n’umugabo bivugwa ko ari Pasiteri we. Uyu mugore utwite inda bivugwa ko ari iy’amezi atanu, uzwi nka Marita ukomoka muri Zambia, yari yazanye uyu mupasiteri mu buriri bwe n’umugabo…
Ikipe ya Polond yagiye mu gikombe cy’isi iherekejwe n’indege kabuhariwe za gisirikare
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Polonye yaherekejwe n’indege z’intambara zo mu bwoko bwa F-16 ubwo yerekezaga mu gikombe cy’isi kigiye kubera muri Qatar. Kuri uyu wa kane,nibwo iyi kipe yafashe indege iherekezwa n’izi ndege nyuma y’iminsi mike abaturage babiri ba…
Byemejwe: Sadio Mane ntagikinnye igikombe cy’isi 2022
Ikipe ya Senegal yemeje ko Sadio Mané atazakina igikombe cy’isi kizabera muri Quatar uyu mwaka kubera imvune yagize kuwa 8 Ugushyingo ari mu ikipe ya Bayern Munich ikaba yaranze gukira. Uyu rutahizamu wa Sénégal Sadio Mané yabazwe ku ivi kubera…
WorldCup: Ubuyobozi bwa Qatar bwisubiyeho ku igurishwa ry’inzoga ku masitade. Igitutu gikomeye kuri FIFA
Umuryango w’ibwami wa Qatari wahatiye FIFA guhagarika burundu ibyo kugurisha inzoga kuri stade zose zizakinirwaho igikombe cyisi, habura iminsi ibiri gusa ngo iri rushanwa ritavugwaho rumwe ritangire. Iki gihugu kizakira iri rushanwa cyabujije kugurisha inzoga ku banyamahanga bazinywa muri hoteri…
Umukobwa yahishuye uko yohererezaga umushahara we wose umusore bakundana. Reba ibintu bibabaje byaje kumubaho
Mu gihe abandi baba bari mu munyenga w’urukundo, Charity we yarubabariyemo, arashengurwa cyane kugeza ubwo asigariye aho. Uyu mukobwa uvuga yakoze ingendo z’urukundo, yatanze isomo kuri bagenzi be. Charity, yasobanuye uburyo yajyaga yoherereza umukunzi we amafaranga yose yabaga yinjije, mbere…
Dore amakipe 10 afite abakinnyi bahenze kurusha abandi mu gikombe cy’isi
Kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2022 nibwo hatangira igikombe cy’isi muri Qatar aho amakipe azacyitabira yamaze gutangaza ku mugaragaro abakinnyi azakoresha. Hakozwe urutonde rugaragaza amakipe afite abakinnyi bahenze ku isi aho ku isonga haje igihugu cy’Ubwongereza imbere ya Argentina na…
Ubwongereza bwasabye M23 gusubira inyuma mu gihe yo ikomeje kwerekeza i Goma
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Ubufaransa nayo yasohoye itangazo ivuga ko yamagana ibitero bya M23, isaba uyu mutwe “gusubira inyuma ako kanya ikava mu bice yafashe”. Umutwe wa M23 uvuga ko utazasubira inyuma. Kuwa gatatu M23 yatangaje ko ubu igenzura uturere twa…
Musanze: Umurwayi yasimbutse ambiranse yari imujyanye kwa muganga ariruka
Mu Karere ka Musanze, umusore yafashwe n’umuriro hitabazwa imbangukiragutabara kugira ngo imugeze kwa muganga gusa igeze mu nzira arayitoroka ariruka. Uyu musore yafashwe n’umuriro w’amashanyarazi ku wa 17 Ugushyingo, ahagana saa kumi n’igice z’igitondo. Ni nyuma y’uko abaturage bumvise ikintu…