Uko Perezida wa Rayon Sports abona umukino uzabahuza na APR FC imaze imyaka 3 ibatsinda uko bahuye
Mu muhango wo gufungura ikibuga cyo mu Nzove kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Ukuboza 2022 Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidele yavuze ko intambara ari nk’iy’indi ko igihe kigeze ngo bigaranzure APR FC imaze imyaka 3 ibatsinda. Ati “Ni…
Umugore yahishuye ukuntu yari yararambiwe umugabo we ndetse atifuza kumubona. Umunsi umwe uyu mugabo ntiyatashye mu rugo. Reba ibintu batangaje byamubayeho
Njye na Josh twari tumaze imyaka 12 yose tubana ariko nta munezero. Nibwiraga ko yanyicishije agahinda ariko naje gusanga nawe yari ababaye nka njye. Uyu mugore abara inkuru ye agira ati:“ Josh ntiyakundaga gutaha atinze ubwo yabaga avuye ku kazi…
U Rwanda rwahawe inkunga ya miliyoni US$319 zo kurwanya ihindagurika ry’ikirere no kwitegura ibyorezo
Inama y’ubutegetsi y’ikigega mpuzamahanga cy’imari ku isi (FMI/IMF) kuwa mbere yemeje inkunga ya miliyoni US$319 igamije kurwanya ihindagurika ry’ikirere no kwitegura ibyorezo. Iyi nkunga izatangwa biciye mu rwego rushya rwa FMI rwitwa Resilience and Sustainability Facility (RSF) yasabwe n’u Rwanda,…
WordCup: Umukinnyi wa Korea y’Epfo yahishuye amagambo yabwiye Cristiano Ronaldo akamurakaza cyane
Rutahizamu wa Korea y’Amajyepfo, Cho Gue-sung yatangaje ibyo yabwiye Cristiano Ronaldo bikamurakaza ubwo baheruka guhurira mu matsinda y’igikombe cy’isi 2022 kiri kubera muri Qatar. Ubwo Ronaldo yari asimbuwe,yagaragaye asohoka mu kibuga aterana amagambo n’uyu mukinnyi wa Koreya bituma abantu benshi…
Tshisekedi uri mu ruzinduko muri USA yatangaje ko agiye gusaba perezida Biden gufatira u Rwanda ibihano
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, kuva ku mugoroba wo kuri uyu wa 11 Ukuboza ari mu ruzinduko rw’akazi muri Leta zunze ubumwe za Amerika (USA). Yagiye kwitabira inama yiga ku iterambere ihuza USA n’ibihugu bya…
Undi munyamakuru yapfiriye muri Qatar nyuma y’amasaha make Umunyamakuru w’Umunyamerika na we ahapfiriye
Umunyamakuru wa 2 yapfiriye muri Qatar, nyuma y’amasaha 48 uwa mbere wakomokaga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nawe apfuye. Khalid al-Misslam wari umunyamakuru muri Qatar akorera ikinyamakuru kitwa Al Kass Tv, yapfuye kuri iki Cyumweru nk’uko Gulf News ibitangaza….
Rayon Sports yakubiswe ikinyafu na Etincelles FC mu mukino warangiye benda kurwana
Umukino wahuje ikipe ya ETINCELLES FC na Rayon Sports wabereye kuri Stade Umuganda, warangiye ikipe ya Etincelles FC yari iwayo itsinze Rayon Sports yari yayisuye. Etincelles FC yatsinze 3 kuri 2 Rayon sports, byaje guteza imvururu mu kibuga hafi no…
Abasore: Dore ibintu byakwereka ko umukobwa yakwishimiye igihe muri kuganira
Bimwe mu bimenyetso byakwereka umusore ko umukobwa bari kuganira yamwishimiye nubwo atatobora ngo avuge. 1. Aseka buri kanya Ikintu cya mbere kizakwereka ko umukobwa yishimiye ikiganiro ari kugirana n’umusore ni uko aseka bya buri mwanya ku bintu byose uri kumubwira….
NESA yavuze igihe izashyirira hanze amanota y’abarangije amashuri yisumbuye 2021/2022
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA) cyamenyesheje abanyeshuri, ababyeyi, abarezi ndetse n’abafatanyabikorwa mu burezi ko amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye umwaka wa 2021/2022 azatangazwa ku wa Kane taliki ya 15 Ukuboza 2022 saa tanu (11:00) z’amanywa. Aya…
Umusore wendaga gutera ivi yagerageje umukobwa mu buryo butangaje. Dore ikintu gitangaje yaje kuvumbura
Umusore washyize hanze iyi nkuru avuga ko ari ibyabaye kuri mubyara we wendaga gutera ivi ngo asabe umukobwa ko bashyingiranwa gusa akaza kwigira inama yo kubanza kumenya neza ko koko ari umukobwa yagira umugore we. Uyu musore ubwo yendaga gutera…