Month: December 2022

Ni nde ufite amahirwe menshi yo kwegukana igikombe? Iby’ingenzi wamenya ku makipe 4 agiye guhurira muri 1/2 cy’igikombe cy’isi

Share this:

Amakipe ane – Argentina, Croatia, France na Morocco – ni yo asigaye muri Qatar, buri yose ifite icyizere cyo kuzamura igikombe mu gihe cy’icyumweru kimwe. Ni kimwe cya kabiri abantu bacye bashoboraga kubona ko ari uku kizaba kimeze, ariko n’inkuru…

Share this:

M23 yafashe mpiri abasirikare 8 ba DRC barimo umwe ukomeye

Share this:

Umutwe wa M23 werekanye abasirikare ba Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo bafatiwe ku rugamba barimo Lt Col Assani Kimonkola Adrien wafatiwe mu mirwano i Kibumba ku wa 20 Ugushyingo 2022. Abasirikare umunani berekanwe ndetse n’umupolisi umwe bakoreraga muri…

Share this:

Gicumbi: Umugore ukurikiranweho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka 13 yisobanuye mu buryo butangaje mu rukiko

Share this:

Umugore wo mu Murenge wa Muko mu Karere ka Gicumbi ukurikiranyweho gusambanya umwana w’umuhungu ubwo yamutangiraga avuye guhaha akamukururira mu ishyamba akamusambanya akanamwanduza imitezi, yemera icyaha ariko akavuga ko atari azi ko arwaye iyi ndwara yanduririra mu mibonano mpuzabitsina. Ni…

Share this:

Mu marira menshi Cristiano yavuze ku gikombe cy’isi ashobora kuba akinnye bwa nyuma

Share this:

Cristiano Ronaldo yaraye yeruye agira icyo avuga nyuma y’aho Portugal isezerewe mu gikombe cy’Isi, ndetse bitanga amarenga ko ashobora kutazongera kuyikinira mu buryo bukomeye. Amagambo yuzuye agahinda n’amarira, yagarukaga ku rugendo rw’igikombe cy’Isi uyu mugabo w’imyaka 37 yanyuzemo, binatanga isura…

Share this:

Abasore: Dore ibintu 20 byagufasha guhitamo umukobwa uzagira umugore mukarambana

Share this:

Menya ibintu by’ingenzi umusore wese ashobora kureberaho umukobwa barushinga bakarwubaka rugakomera ndetse ntazicuze amahitamo yakoze. Muri iki gihe usanga ingo nyinshi zisenyuka zitarambanye bitewe n’impamvu zitandukanye zituma batabasha gushyira mu ngiro ibyo basezeranye byo kubana ubuziraherezo. Ibi akenshi biterwa n’amahitamo…

Share this:

Ibintu 5 by’ingenzi ugomba kwirinda gukora igihe utongana n’umwana wawe

Share this:

Ku babyeyi benshi, kuganira n’abana babo birangira bibyaye intonganya cyane cyane iyo aba bana bari mu gihe cy’ubugimbi cyangwa ubwangavu. Ibi biterwa n’uko usanga ababyeyi bakora cyane, babaho mu buzima bw’umuhangayiko kugirango babashe gutunga umuryango. Gusa niba ujya utongana kenshi…

Share this:

Umutoza w’Ubuhorandi yasezeye mu ikipe y’igihugu nyuma yo gusezerwa na Argentine

Share this:

Umutoza w’Ubuhorandi, Louis Van Gaal yatangaje ko agiye kujya mu kiruhuko nyuma yo gusezererwa na Argentine hitabajwe Penaliti. Van Gaal afite imyaka 71 kandi ahanganye n’uburwayi bwa Kanseri ya prositate.  Nk’uko byamugendekeye mu mwaka wa 2014 mu gikombe cy’isi cyabereye…

Share this:

USA yahiye ubwoba nyuma yo gushyira hamwe kw’igisirikare cya Iran n’igisirikare cy’Uburusiya

Share this:

Umubano w’Uburusiya na Irani wavuyemo ubucuti bwuzuye mu bya gisirikare, nk’uko leta Zunze Ubumwe za Amerika zibivuga. Uburusiya buha Irani imfashanyo ya gisirikare y’akataraboneka, nk’uko bivugwa n’umunyamabanga wa leta ya Amerika mu by’ umutekano,John Kirby. Amerika yabonye ibyegeranyo byerekana ko…

Share this:

N’agahinda kenshi Neymar wemeye agakinana imvune yaciye amarenga yo kutazongera gukinira ikipe y’igihugu nyuma yo gusezererwa nabi

Share this:

Neymar Jr yaraye atangaje ko atahamya 100% ko azongera gukinira ikipe y’Igihugu cye cya Brésil, nyuma yo gusezererwa nabi mu mikino y’Igikombe cy’Isi cya 2022 gikomeje kubera muri Qatar. Brésil yaraye itashye itarenze ¼ cy’irangiza, nyuma yo gusezererwa na Croatie…

Share this:

Umutoza wa Manchester United yavuze ku byo kuba Cristiano yaramushinje kumusuzugura

Share this:

Umutoza wa Manchester United Erik Ten Hag yatangaje ko kuba Cristiano Ronaldo atari afite imyitozo ngororamubiri ihagije bishobora kuba byaragize uruhare mu gutuma agorwa muri Manchester United. Uyu mugabo yageze Old Trafford mu mpeshyi ariko ahitamo kugumana Ronaldo nk’umukinnyi mukuru…

Share this: