Nyaruguru: Umugabo yasanzwe mu murima we w’ibirayi yapfuye
Nk’uko abaturanyi ba nyakwigendera babivuga, ubwo bwicanyi bwabaye mu ijoro ryo ku wa 6 rishyira uwa 7 Ukuboza 2022. Nzabonimana Vianney, umuvandimwe w’uwishwe yagize ati: “Nimugoroba nka saa mbiri yari ari mu gasentere (centre). Hanyuma aza gutaha, umugore aramugaburira. Nyuma…
Reba Ibyo Umusore Yabwiye Umukobwa Bakundana Mbere Y’uko Apfa Byateye Benshi Agahinda
Bibiliya ivuga ko hari umunsi urupfu rutazongera kubaho. Uwo munsi kandi abapfuye bose bazazuka bongere kubaho bundi bushya. Uyu ni wo murongo ukomeye ufasha ababuze ababo kubera urupfu. Urupfu rurababaza, rutwara abo umuntu akunda kurushaa bandi maze rukabasigira uburibwe budashobora…
Mana Yanjye!! Uriya Musore Ni Uwahe? Umutoza Wa Espagne Avuga Kuri Azzedine Ounahi Wa Morocco Wabazengeje
Ubwo Espagne yatsindwaga na Morocco umutoza wayo, Enrique yatangariye cyane umusore ukina hagati mu ikipe ya Morocco wabatesheje umutwe, Morocco yasezereye Espagne kuri penaliti nyuma yo gukina iminota 120 yose nta gitego kibonetse ku mpande zombi. Ubwo yabazwaga kuri uyu…
WordCup: Hakimi waraye usezereye Espagne yavukiyemo yahishuye impamvu yahisemo Morocco agatera umugongo Espagne
Achiraf Hakimi yari atuje cyane muri sitade ubwo yatsindiraga ikipe ye ya Morocco penaliti yayihesheje amahirwe yo kwinjira muri 1/4 cy’igikombe cy’isi. Morocco yatsinze penaliti 3-0 za Espagne. Ni nyuma y’uko umukino wari ukomeye cyane warangiye ikipe zose zinganya 0-0….
Ntihakagire umugore ubeshyera mugenzi we ko yamutwaye umugabo kuko umugabo ari nka Mwuka Wera – Ebiere abwira bagenzi be
Ebiere Yousuo ukomoka muri Nigeria avuga ko nta mugore ukwiye kubeshyera umugore mugenzi we ngo yamutwaye umugabo kuko bidashoboka. Yagize ati: “Ntibishoboka ko umugore yatwara umugabo wa mugenzi we. Umugabo nti nka Mwuka Wera cyangwa Roho w’Imana. Ahitamo gutura mu…
WordCup: Umutoza w’Ubuholandi buzesurana na Argentine muri 1/4 yahishuye ko bazaserera Argentine kubera Lionel Messi
Ubuhorandi buzahura na Argentine muri 1/4 cy’igikombe cy’isi mu mukino uzaba kuri uyu wa Gatanu taliki ya 9 Ukuboza saa 9:00 z’ijoro ku isaha y’i Kigali. Umutoza w’Ubuhorandi, Louis Van Gaal abajijwe uko abona uyu mukino, yavuze ko Lionel Messi…
FDLR yishimiye inkunga Tshisekedi akomeje kuyitera inamwizeza ubufatanye mu ntambara
Umutwe w’iterabwoba wa FDLR wongeye gushimangira imikoranire na Leta ya Congo, ushimira Perezida Tshisekedi uburyo akomeje kuwushyigikira, umwizeza gufasha ingabo z’igihugu (FARDC) mu bikorwa byo kwibasira u Rwanda. Mu itangazo uyu mutwe washyize hanze,washimiye byimazeyo Perezida Tshisekedi kubera ubufasha akomeje…
CP Kabera yahishuye ibanga ryafasha abashaka impushya zo gutwara ibinyabiziga gutsinda neza
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP Kabera John Bosco avuga ko abakeneye gukorera impushya za burundu zo gutwara ibinyabiziga, kujya babanza bakitegura atari ukuza kugerageza amahirwe. Hashize iminsi itatu ibibazo byo kwiyandikisha gukora ibizamini bya burundu byo gutwara ibinyabiziga inzego…
Nyuma y’imyaka 13 atandukanye n’umugabo we, Blessing CEO yasabye umugabo umushaka gutanga ibimuranga
“Natandukanye n’umugabo wanjye imyaka 13 irashize, ariko umubiri wanjye nawuzigamiye undi tuzashakana” – Blessing CEO Atitaye ku kuba yaratandukanye n’umugabo babanaga, Blessing CEO, yatangaje ko umubiri we yaweguriye undi mugabo bazongera kubana. Umuhanga mu mibanire Blessing Nkiruka Okoro wamamaye nka…
M23 yavuye ku izima yemera gusubira inyuma igasiga tumwe mu duce yari yafashe
Umuvugizi w’umutwe wa M23 yasohoye itangazo rimenyesha ko witeguye “guhagarika ibikorwa no gusubira inyuma” bigendanye n’ibyasabye n’inama y’i Luanda muri Angola yo mu kwezi gushize. Inyeshyamba za M23 ubu zigenzura igice kinini cya teritwari ya Rutshuru n’ibice by’iya Masisi mu…