WordCup: Umwami wa Morocco yakoreye ikintu kidasanzwe abakinnyi n’umutoza Walid Regragui wagejeje Morocco muri 1/4
Muri kimwe mu bihe bikomeye cyane aho umuntu aba atazi uko biri burangire, kimwe mu bihe umukinnyi ahura na byo mu mupira w’amaguru, Maroc yose yari icyeneye umukinnyi wabo ukomeye ngo yigaragaze mu gusezerera Espagne. Nyuma y’iminota 120 y’umukino uteje…
Itangishaka Blaise ukinira APR FC afunze azira gutwara yanyoye akagonga
Umukinnyi wa APR FC ukina hagati mu kibuga afasha abataha izamu, Itangishaka Blaise, afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Rubavu azira gutwara ikinyabiziga yanyoye ibisindisha agakora impanuka. Nyuma y’umukino wa Shampiyona APR FC yanganyijemo na Gasogi United igitego 0-0 ku…
WordCup: Portugal yanyagiye Ubusuwisi ibifashijwemo n’umusimbura wa Cristiano Ronaldo utatsinze igitego muri uyu mukino
Umutoza wa Portugal, Fernando Santos, yafashe umwanzuro wo kwicaza ku ntebe y’abasimbura Cristiano Ronaldo,anyagira Ubusuwisi ibitego 6-1 birimo 3 by’umusimbura w’iki gihangange Goncalo Ramos. Santos yagaragaje ko atishimiye imyitwarire ya Ronaldo ubwo yasimburwaga mu mukino baheruka gukina na Koreya y’Epfo…
Maroc ibaye ikipe imwe rukumbi ya Afurika yinjiye muri 1/4 cy’igikombe cy’isi Qatar2022
Hitabajwe penariti ikipe y’igihugu ya Espagne yatsinzwe n’ikipe y’igihugu ya Morocco ihagarariye umugabane w’Afuruka, mu mikino ya 1/8 mu gikombe cy’isi cy’uyu mwaka kiri kubera muri Qatar. Mu mukino watangiye gukinwa saa kumi n’imwe kuri Education City Stadium, ikipe y’igihugu…
Shaddyboo yatunguye benshi kubera uburyo yifurijemo isabukuru uwahoze ari umugabo we Meddy Saleh
Umunyamideli Shaddyboo umaze kubaka izina mu Rwanda ndetse no hanze yarwo yifurije isabukuru nziza Meddy Saleh babyaranye abana babiri mu mvugo yatangaje benshi ariko ndetse byishimirwa cyane n’ababakurikira bitewe n’umubano bagaragaje bafitanye. Ni mu butumwa Shaddyboo yanditse mu masaha make…
Rwatubyaye Abdoul muri uyu mwaka ntari mu mibare y’umutoza Haringingo
Umutoza wa Rayon Sports, Haringingo Francis yeruriye abakunzi b’iyi kipe ko uyu myugariro bagomba kumutegereza mu mwaka utaha. Ati “Rwatubyaye Abdul ni umukinnyi tuzagarura mu kwezi kwa Mbere cyangwa mu kwezi kwa Kabiri, muri uku kwezi k’Ukuboza nibaza ko tutari…
Umugabo wiyitaga umuhanuzi yafashwe amaze kurongora abagore 20 biganjemo abato harimo n’umukobwa we.
Uwiyitaga umuhanuzi muri Arizona ho muri USA yatawe muri yombi ashinjwa gushyingiranwa n’abagore 20 barimo 9 batagejeje ku myaka 15 y’amavuko barimo n’umukobwa we nkuko FBI yabitangaje. Bwana Samuel Rappylee Bateman w’imyaka 46,ni umuyobozi w’idini ry’abiyemeje gushyingiranwa n’abagore benshi rizwi…
Qatar: Sitade ya 974 yatangiye gusenywa nyuma yo gukinirwaho iminota 630 gusa nk’uko byari biteganyijwe – AMAFOTO
Sitade ya 974 yaraye yakiriye umukino wa Brazil na Korea y’Epfo yatangiye gusenywa nyuma yaho imikino yagomba kuzakira yarangiye. Sitade ya 974 ni yo sitade ya mbere yakiriye imikino y’igikombe cy’Isi ariko yubatswe mu buryo bwimurwa. Yubatse mu buryo butangaje…
Hongeye kwaduka imirwano ikomeye hagati ya M23 n’ingabo za FARDC n’imitwe bifatanyije nyuma y’agahenge k’iminsi mike
Umutwe wa M23 kuri uyu wa Kabiri waramukiye mu mirwano ikomeye n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) ndetse n’imitwe y’inyeshyamba bari gufatanya ku rugamba. M23 ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri yatangaje ko imirwano yarimo ijya mbere…
Ibyo ibiganiro byahuzaga Abanye-Congo, Leta ya DRC n’imitwe iyirwanya byaberaga muri Kenya byemeje byamenyekanye
Abanyekongo bamaze icyumweru mu cyiciro cya gatatu cy’imishyikirano i Nairobi muri Kenya bemeranyije ko inyeshyamba zifunzwe zitarakoze ibyaha ndetse n’abana bari mu gisirikare barekurwa. Nk’uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe hanze kuri uyu wa 6 Ukuboza n’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC)…