Biratangaje: Umugore yamenye ko umugabo we amuca inyuma kubera kogosha umusatsi wo ku bice bye by’ibanga
Abacamanza batunguwe no kumva ubuhamya bw’umugore wasabaga gatanya yemeza ko umugabo we amuca inyuma. Uburyo yabivumbuyemo buratangaje. Uyu mugore uzwi nka Karen yabwiye urukiko ko ashaka gutandukana n’umugabo we kuko yamenye ko amuca inyuma. Urukiko rwamubajije icyo ashingiraho avuga ko…
Abagore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umugabo wawe aguca inyuma
Niba mu minsi yanyu yo kuba mwakoramo urukundo umugabo wawe atakwikoza ndetse akaba yakwitaruye cyane mu buriri ndetse ukagenda ubona n’utundi tumenyetso tugiye kuvuga, uzamenye ko umugabo wawe aguca inyuma. Mu buzima busanzwe abantu bose bashakanye bazi ijambo bita ‘ukwezi…
DRC: Nibura abantu 272 nibo bimaze kumenyekana ko baguye mu bwicanyi bwakorewe abaturage i Kishishe
Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bwatangaje ko bumaze kubarura abasivili 272 buhamya ko biciwe n’abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu gace ka Kishishe kari muri teritwari ya Rutshuru. Ubu bwicanyi bwabaye tariki ya 29 Ugushyingo 2022,…
Ruhango: Indi modoka yo mu bwoko bwa HOWO yakoze impanuka ikomeye – AMAFOTO
Imodoka yo mu bwoko bwa HOWO yakoreye impanuka mu Karere ka Ruhango mu Murenge wa Kinazi ihitana umuntu umwe abandi batanu barakomereka. TV1 dukesha iyi nkuru yagaragaje iyi modoka itukura yaguye munsi y’umuhanda w’igitaka. Izi modoka zo mu bwoko bwa…
Amafaranga yagomba guhabwa abitabiriye ibiganiro bihuza Leta ya RDC n’inyeshyamba yanyerejwe
Uhuru Kenyatta usanzwe ari umuhuza w’Abanyekongo mu mishyikirano ibera i Nairobi muri Kenya, yatunguwe no kumva amafaranga yagenewe abayitabiriye yaranyerejwe na zimwe mu ntumwa z’ubutegetsi Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Kuri uyu wa 5 Ukuboza ni bwo Uhuru yari…
Hatawe muri yombi abagabo 3 bakekwaho gukubita Emmanuel Muhizi bikamuviramo urupfu
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko rwafunzwe abantu batatu bakekwaho uruhare mu rupfu rw’umushoferi w’ikamyo mu cyumweru gishize. Bivugwa ko Emmanuel Muhizi yitabye Imana nyuma yo gukubitirwa mu kabari kari ku muhanda i Kabuga, mu nkengero z’umujyi wa Kigali. Amashusho y’uru…
Zari yongeye gutigisa imbuga nkoranyambaga ku isabukuru y’umukunzi we – AMAFOTO
Zari Hassan, umubyeyi w’abana 5 yise umukunzi we umwami, amwifuriza kuramba n’umugisha, undi na we amutangariza akamuri ku mutima mu bihe byose bamaranye. Shakib uri mu munyenga w’urukundo na Zari, imyaka yujuje nabwo izwi, ariko ibarirwa muri 31 nk’uko bimwe…
Umukobwa yahishuye ukuntu yakunze se cyane kugeza amugushije mu mutego bakaryamana. Ibyakurikiyeho ni agahomamunwa
Amazina yanjye ni Stella, mfite imyaka 25 y’amavuko, natangiye kumva nkunze cyane data ubwo nari mfite imyaka 21 niga muri kaminuza, ababyeyi bacu bashakanye bakiri bato cyane ku buryo twabyirutse utamenya ko ari bo bambyara kuko ni nkaho twanganaga mu…
Uko Miss Elsa Iradukunda yakiranaga ku munsi wa mbere asohokana na Prince Kid bivugwa ko bakundana – AMAFOTO
Benshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bashimye mu buryo budasanzwe Miss Elsa bavuga ko abakobwa basigaye bameze nkawe ari mbarwa nyuma y’uko aciye muri byinshi bibi ariko byabaye imbarutso yo gufungurwa kwa Prince Kid. Uyu mukobwa yarwaniye ishyaka Ishimwe Dieudonne Kagame…
Miss Sandra Teta yasubiye muri Uganda yari yaravuye nabi kubera gukubitwa n’umugabo we
Nyuma yo gukurikira ku mbuga nkoranyambaga Weasel wamuhondaguye akamugira intere, Teta Sandra asubiye muri Uganda mu gitaramo cye kigiye kuba ku nshuro ya gatatu mu mujyi wa Kampala ahiswe B Club Kampala. Abinyujije kuri konti ye ya snapchart, Teta Sandra…