Umukobwa yasabye umusore kutazatera akabariro mbere yo gushyingirwa gusa aho bashyingiriwe ibyo yamukoreye ni agahomamunwa
Ni kenshi abantu bashobora gufata icyemezo cyo kwifata kugeza barushinze mu rwego rwo kurinda urukundo rwabo no kuzanezerwa mu rugo rwabo uko bikwiye. Ibi ni ko byagendekeye Angela gusa ntiyabashije kunezerwa mu rugo rwe uko yabirotaga. Angela yize ibijyanye n’ubuhinzi…
WordCup: Kylian Mbappe yemeye kuvugana n’itangazamakuru bwa mbere nyuma yo kubyanga incuro 2 zose ahishura icyabimuteye
Kylian Mbappe yemeye gutanga amande mu izina ry’Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu bufaransa [FFF] nyuma yo kwanga kuvugana n’itangazamakuru mu gikombe cy’isi. Ku cyumweru, uyu musore w’imyaka 23 yatsinze ibitego bibiri mu mukino Ubufaransa bwatsinze Polonye 3-1, bagera muri kimwe cya…
Gen. Muhoozi yasabye ikintu gikomeye abakomeje kumusaba kwiyamamaza agasimbura Se Museveni ufite imyaka 78
Gen Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida Museveni, yabwiye abamusaba kuziyamamariza gusimbura se ko bagomba kubimwumvisha. Uyu mugabo utavugwaho rumwe kubera ibyo akunze gutangaza kuri Twitter, yavuze ko ibyo gusimbura se atigeze abitekereza gusa yongeraho ko ababyifuza babimwumvisha. Yagize ati “Abantu…
WordCup: Rutahizamu wa Korea y’Epfo yafunze telefoni ye kubera abakobwa bamwitayeho cyane nyuma yo gutsina Ghana. Reba ibintu bitangaje bari kumukorera
Amakuru ava mu nkambi ya Koreya y’epfo nuko rutahizamu wayo Cho Gue-sung byabaye ngombwa ko azimya terefone ye kubera ko abakobwa bamumereye nabi bamusaba ko abarongora. Seo Jung-hwan, umwe mu banyamakuru bo muri Koreya y’Epfo yavuze ko adashobora kumva uko…
Tshisekedi abirakariyemo. Igisubizo yahaye Perezida Kagame uherutse kumwemerera ko nabishaka azamwibira akabanga ku by’intambara kiratangaje
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Congo Kinshasa, yasubije mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda uheruka kumubwira ko niba yifuza kumenya ibijyanye n’ububi bw’intambara yigambye ko ishobora kubaho hagati y’u Rwanda na RDC, yamugana akamwibira akabanga. Mu ntangiriro z’Ugushyingo uyu mwaka…
Abaganga bo mu itsinda rya UMA bapfukamiye Museveni bamusaba kwiyamamariza manda ya Karindwi
Itsinda ry’abaganga muri Uganda ryatunguye benshi muri weekend ubwo bapfukamaga imbere ya Perezida Yoweri Museveni bamusaba kuziyamamariza manda ya karindwi. Museveni w’imyaka 78 ari ku butegetsi kuva mu 1986. Amatora rusange ataha ateganyijwe mu 2026. Abaganga bahagarariye Uganda Medical Association…
Ntibisanzwe: Padiri yirukaniwe mu Misa nyuma y’uko aguwe gitumo asambanya umugore w’abandi
Padiri witwa Cleophas NSHIMIRIMANA yirukanywe muri izo nshingano kuri iki cyumweru nkuko ibinyamakuru byo muri iki gihugu bibitangaza. Itangazo rimukura muri uwo mwanya ryashyizweho umukono na Musenyeri wa Diyoseze ya Muyinga ndetse ryasomewe mu misa, kuri paruwase ya Gasura. Ni…
Ikibazo cyo kwiyandikisha no gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga mu Rwanda cyavugutiwe umuti wa burundu
Mu Rwanda hatangijwe ibigo 16 bizajya bikorerwamo ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga zaba iz’agateganyo n’iza burundu, bizajya bikora kuva ku wa Mbere kugeza ku wa Gatanu, bikaba byitezweho kurandura burundu ibibazo by’abifuzaga gukora ibi bizamini ariko bagategereza igihe kinini. Hakunze…
Prince Kid yasohokanye bwa mbere mu ruhame na Miss Elsa wabaye nk’umwitangira ubwo yatwabwaga muri yombi – Bamwe bati: “Mukore ubukwe”
Prince Kid na Miss Iradukunda Elsa bagaragaye bari kumwe n’inshuti zabo mu gitaramo cya Kigali Fiesta cyabereye muri BK Arena, mu ijoro ryo ku wa 3 Ukuboza 2022. Nkuko amashusho yafashwe na IGIHE abigaragaza,aba bombi bari bahawe ibyicaro biri mu…
Umuhinde wakubise umwana inyundo mu mutwe amuziza ko amusuhuje yakatiwe
Urukiko rukuru rwo mu Burundi rwakatiye Umuhinde witwa Tosif Ilayas wakomerekeje umwana w’imyaka 13 y’amavuko amuziza ko yamusuhuje amwita umuzungu, igifungo cy’imyaka ine n’ihazabu y’amafaranga y’Amarundi miliyoni 10. Amakuru yatangajwe na Akeza Burundi avuga ko mu minsi itanu ishize ubwo…