Month: December 2022

Perezida Tshisekedi yavuze ko Abanyarwanda bakeneye ubufasha bwe na RDC kugirango bibohore Perezida Kagame n’Ubutegetsi bwe

Share this:

Perezida Félix Tshisekedi wa RDC yaraye yibasiye mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda, agaragaza ubutegetsi akuriye ko ari bwo mwanzi gica w’abanye-Congo aho kuba Abanyarwanda. Tshisekedi yibasiye Perezida Kagame ku Cyumweru tariki ya 04 Ukuboza 2022; ubwo yahuraga n’itsinda ry’intumwa…

Share this:

Rayon Sports yisubije umwanya wa mbere ibifashijwemo na Onana

Share this:

Rayon Sports yongeye kwisubiza umwanya wa mbere nyuma yo gutsinda bigoranye ikipe ya Bugesera FC igitego 1-0. Ibifashijwemo na kizigenza wayo, Essomba Willy Onana ku munota wa 44, Rayon Sports yatahanye amanota 3 y’ingenzi. Bugesera FC yari yagerageje kwihagararaho ariko…

Share this:

WorldCup: Kylian Mbappe akomeje kunyeganyeza incundura ari nako yandika amateka mu ikipe y’Ubufaransa yamaze kugera muri 1/4 cy’igikombe cy’isi

Share this:

Rutahizamu Kylian Mbappe akomeje kwandika amateka akomeye mu gikombe cy’isi kuko yafashije Ubufaransa gutsinda Poland ibitego 3-1,igera muri 1/4 cy’igikombe cy’isi baheruka gutwara ubushize. Mu mukino waboroheye, Abafaransa bakoze ibyo benshi bari bategereje batsinda iyi Poland yazamutse idatanga icyizere mu…

Share this:

WordCup: Ubwongereza bwatsinze butababarira Senegal buyisezerera muri 1/8 cy’irangiza – AMAFOTO

Share this:

Ikipe y’Ubwongereza yatsinze irusha Senegal ibitego 3-0 mu mukino wa 1/16 ihita ikatisha itike yo guhura n’Ubufaransa muri kimwe cya kane kirangiza mu gikombe cyisi Mu mukino wabereye kuri Stade ya Al Bayt,Senegal yari yitezwe n’abanyafurika yabatengushye itsindwa ibitego 3-0,ihita…

Share this:

Umugabo yababariye umugore we yamuciye inyuma. Reba ikintu kibabaje yavumbuye nyuma yaho

Share this:

Umusore ukiri muto yashenjaguritse umutima nyuma yo gupimisha DNA y’umwana we agasanga si uwe ndetse si uwo umugabo yari azi wahoze aryamana n’uyu mugore(Umu-ex w’umugore we) mbere y’uko bashyingiranwa. Dr. Penking abinyujije kuri Twitter yagaragaje uko byagenze muri uru rugo…

Share this:

Ibitera kubira ibyuya byinshi nijoro n’icyo ufite iki kibazo yakora. Bimwe muri byo ni ibyo kwitondera cyane

Share this:

Kubira ibyuya byinshi usinziriye bishobora guterwa n’impamvu zitandukanye; niba ari mu gihe cy’ubushyuhe, ukaba uryamye wambaye imyenda myinshi cg imyenda ishobora gutuma ushyuha cyane, uzatutubikana uzane ibyuya byinshi, ibi ni ibisanzwe. Kubira ibyuya bidasanzwe, bivugwa igihe imyenda n’ibyo uryamyeho byatose,…

Share this:

Uhuru Kenyatta umuhuza mu mishyirano ihuza RDC n’imitwe iyirwanya yaciye amarenga yo kutazemera kuganira na M23

Share this:

Washyizweho n’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC), Uhuru Kenyatta, yaciye amarenga ko atazemera kuganira n’umutwe witwaje intwaro wa M23. Perezida w’u Burundi, uwa Angola, uwa RDC na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, tariki ya 23 Ugushyingo 2022 bahuriye i Luanda, bafata…

Share this:

USA n’umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi byongeye gukubita Uburusiya aharyana kurusha ahandi

Share this:

Amerika yavuze ko igiciro ntarengwa gishya ku bitoro by’Uburusiya kizagabanya amafaranga y’inyungu bukoresha ku “ntambara inyuranyije n’amategeko muri Ukraine”. Minisitiri w’imari w’Amerika Janet Yellen yavuze ko icyo giciro ntarengwa – cyemejwe ku mugaragaro ku wa gatanu n’ibihugu by’inshuti zayo zo…

Share this:

Umutoza wa Ghana yasezeye ku mirimo ye nyuma yo gusezerwa mu matsinda

Share this:

Umutoza Otto Addo yeguye ku gutoza ikipe y’igihugu ya Ghana nyuma y’uko isezerewe mu matsinda y’igikombe cy’isi. Addo, w’imyaka 47, wahoze ari umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Ghana, mu kwezi kwa kabiri yari yasimbuye Umunya-Serbia Milovan Rajevac wirukanwe. Yari yabanje kuba…

Share this:

M23 yashinje Sendugu Museveni wayihozemo akaza kuyivamo kuba inyuma y’ubwicanye buherutse gukorwa abasivire i Kishishe

Share this:

Umutwe witwaje intwaro wa M23 urashyira mu majwi PARECO/FF yashinzwe na Sendugu Museveni wayiyomoyeho mu bwicanyi bukorerwa abasivili mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Bigaragara mu itangazo M23 yashyize hanze kuri uyu wa 4…

Share this: