Month: December 2022

Umuryango LUCHA wasabye EU guhagarika inkunga ya 20M z’amayero yahaye ingabo za RDF ziri muri Mozambique

Share this:

Umuryango LUCHA uharanira impinduka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) urasaba umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) guhagarika inkunga y’amafaranga wageneye ingabo z’u Rwanda ziri mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique. Iyi nkunga ya miliyoni 20 z’Amayero yemejwe na Komisiyo…

Share this:

Kigali: Abakekwaho kwica umuvunjayi n’umushoferi bakoresheje imbunda batawe muri yombi

Share this:

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi abantu babiri ikekaho kwica umuvunjayi witwa Mujyambere Idrissa n’umushoferi Kayitare Jean Paul bakoresheje imbunda yo mu bwoko bwa Pisitoli (pistol). Uru rwego mu itangazo rwashyize hanze kuri uyu wa 4 Ukuboza 2022,…

Share this:

Igisubizo Gen. Muhoozi yahaye umuzungu wamubajije uko ingabo za RDF n’iza UPDF zihagaze mu mirwanire cyatangaje abatari bake

Share this:

Umuhungu wa Perezida wa Uganda akaba n’umujyanama wa Se mu bya gisirikare, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ibyo ufite uruhu rwera (umuzungu), yamubajije ku bijyanye n’ingufu z’igisirikare cya Uganda, UPDF na RDF y’ u Rwanda. Uyu mujenerali abinyujije kuri Twitter yavuze…

Share this:

WorldCup: Ku mukino we w’1000, Lionel Messi yagejeje Argentine muri 1/4

Share this:

Bigoranye,ikipe ya Argentina yatsinze Australia ibitego 2-1 ikatisha itike ya 1/4 cy’irangiza mu gikombe cy’isi cya 2022 kiri kubera muri Qatar. Lionel Messi yakoze ubumaji asanganwe ku mukino we wa 1.000 muri uyu mwuga afasha Argentine gutsinda Australia yari yihagazeho,…

Share this:

Abagabo: Dore ahantu 3 hatangaje buri mugore wese aba yifuza ko wamukora ariko ntabikubwire

Share this:

Mu rukundo ugomba kugira uburyo uhuza n’umukunzi wawe mu buryo yifuzamo ko muhuza kugirango rubashe kuramba ndetse mubashe kugira urugo rwuzuye umunezero. Kugirango ibi ubigereho ni uko umenya icyo gukora mu gihe biri ngombwa. Nk’umugabo, bizakugora kubimenya kuko abagore ntibakunze…

Share this:

WorldCup: Ikipe ya Senegal yahuye n’ikibazo gikomeye mbere yo kwesurana n’Ubwongereza kuri iki Cyumweru

Share this:

Amakuru avuga ko umutoza wa Senegal, Aliou Cisse atameze neza ndetse ko ashobora kutagaragara ku mukino ikipe ya Senegal iri bukine n’Ubwongereza mu rwego rwo gushaka itike ya 1/4 cy’igikombe cy’isi. Aliou Cisse wahoze akinira ikipe ya Birmingham na Portsmouth…

Share this:

As Kigali yanyagiye Kiyovu Sports iturutse inyma ihita ifata umwanya w’icyubahiro

Share this:

Ikipe ya AS Kigali yafashe by’agateganyo umwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona y’u Rwanda, nyuma yo kunyagira Kiyovu Sports ibitego 4-2. Aya makipe yombi y’abanya-Kigali yari yahuriye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, mu mukino w’umunsi wa 12 wa…

Share this:

Perezida Félix Antoine Tshisekedi yategetse icyunamo mu gihugu cyose

Share this:

Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashyize iki gihugu mu cyunamo nyuma y’ubwicanyi bw’i Kishishe bwaguyemo abatari bake. Iki cyunamo cyaraye cyemejwe n’inama y’Abaminisitiri Congo Kinshasa igomba kukimaramo iminsi itatu. Ku wa 29 Ugushyingo 2022…

Share this:

Gen. Muhoozi yongeye kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga kubera ibyo yatangaje kuri M23

Share this:

Gen Muhoozi Kainerugaba, Umuhungu wa Perezida Museveni akaba n’Umujyanama we mu by’umutekano, yari guhura na Gen Sultan Makenga ukuriye M23 bakaganira ngo kuko ari umurwanyi ukomeye. Uyu musirikare ukomeye ukunze kutavugwaho rumwe kuri Twitter,yahavugiye ko yari kujya kureba Gen Makenga…

Share this:

WorldCup: Dore impamvu itangaje yatumye umukinnyi wa serbia yishimira igitego afashe igits1na cye

Share this:

Rutahizamu wa Serbia, Dusan Vlahović, yishimiye igitego yatsinze Ubusuwisi afashe igitsina cye mu rwego rwo kwamagana ibyamuvuzweho ko yasambanyije umugore w’umukinnyi bakinana. Mu minsi ishize, uwitwa Richard Wilson, umunyamakuru w’Umwongereza, yavuze ko uyu rutahizamu wa Juventus yaryamanye n’umugore wa mugenzi…

Share this: