Dore ibintu 3 by’ingenzi bitangaje bituma bamwe mu bakobwa cyangwa abagore banga agakingirizo
Udukingirizo ni kimwe mu bintu bikoreshwa cyane n’umuryango cyangwa abandi bantu, baba badashaka kwanduzanya indwara zitandukanye zirimo SIDA, Imitezi ,… Udukingirizo kandi twifashishwa n’abantu bashaka kwirinda inda zitateganyijwe. N’ubwo bimeze bityo rero bamwe mu bagore ntabwo bakunda utu dukingirizo kubw’izi…
Abasore: Niba ukorera umukunzi wawe ibi bintu 8 menya ko umunsi umwe azagusiga akigendera
Hari impamvu nyinshi zituma abantu batandukana n’abo bakundana nabo, nyamara bikaba buhumyi ku buryo nyuma bashobora kwicuza. Mu gihe abantu babuze icyizere ndetse n’imbaraga zo kuzuza ibyo abakunzi babo babasaba, akenshi birangira batandukanye ku buryo bamwe bihitiramo kubaho bonyine mu…
Prince Kid avuze ijambo rikomeye nyuma yo gufungurwa agizwe umwere n’urukiko
Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid yashimiye ubutabera bw’u Rwanda by’umwihariko nyuma yo gusohoka muri gereza ya Mageragere akakirwa n’abarimo Miss Iradukunda Elsa na Meghan bari bamutegereje. Prince Kid wari umaze amezi asaga 7 afunzwe ashinjwa ibyaha birimo icyo gusaba…
Ibyo Bad Rama yakoreye Marina ubwo yageraga i Kigali biratangaje – AMAFOTO
Nyuma y’imyaka irenga ibiri Bad Rama atagera mu Rwanda yagarutse yakirwa n’inshuti ze abo mu muryango ndetse na Marina ubarizwa muri Lebel yiwe ya The Mane yasuhuje mu buryo budasanzwe ahoyasazwe n’ibyishimo akamuterura abari aho bose bakabarangarira. Bad Rama yageze…
Prince Kid yahanaguweho ibyaha byose yaregwaga mu rukiko
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwagize umwere Ishimwe Dieudonné wamenyekanye nka Prince Kid, waregwaga ibyaha byo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, gusaba no gukora imibonano mpuzabitsina ku gahato no guhoza undi ku nkeke bifitanye isano n’imibonano mpuzabitsina. Urukiko rwanzuye ko…
WordCup: Umupira wagaruwe warenze ikibuga wavuyemo igitego cyasezereye Ubudage – VAR ikomeje kunengwa
Abadage barakaye cyane nyuma yo kwemerwa kw’igitego kitavugwaho rumwe Ubuyapani bwatsinze Espagne bigatuma basezererwa. Ubuyapani bwageze muri 1/16 mu gikombe cyisi kubera igitego bwatsinze umupira bigaragara ko wari wageze hanze. Amashusho n’amafoto menshi ari ku mbuga nkoranyambaga ari kugaragaza umupira…
Dore amagambo 10 ugomba kwirinda gukoresha uganira n’umukunzi wawe kuko ashobora gutuma umubura burundu
Ku bakundana, menya amagambo 8 udakwiye gukoresha uganira n’umukunzi wawe kuko yabasenyera urukundo rwanyu. Mu gihe uganiriza umukunzi wawe, hari amagambo amwe n’amwe ushobora gukoresha bikagaragara ko ufite imico itari myiza bikaba byanatuma akunyuzamo ijisho akanakubenga. Ni byiza rero ko…
Abagore: Menya ibishobora gutera umugabo wawe gucika intege no kurangiza mu isegonda rimwe umenye uko umufasha
Iteka abagore baba bifuza kumenya ikintu gituma umugabo bishakiye acika intege mu gihe bamukeneye. Ese biterwa ni iki ? Menya impamvu. Mu gihe urimo gukomeza gushaka ukuri kwabyo, abagore benshi bisanga bangije buri kimwe aho kugira icyo bakemura. Mu gihe…
Abasore: Dore ibimenyetso bizakwereka ko umukobwa akubeshya urukundo
Musore, sobanukirwa ibimenyetso simusiga biranga umukobwa ukubeshya urukundo. Urukundo ruba rwiza hagati ya babiri iyo bakundana by’ukuri ndetse bizerana kandi batabeshyanya, gusa biba bibi iyo hari umwe mu bakundana ubeshya mugenzi we, ntamubwize ukuri, iyo bimeze gutyo, biba birutwa no…
Dore amakosa akomeye akunda gukorwa n’abagore mu gihe cyo gutera akabariro agatuma batishima cyangwa badashimisha abagabo babo
Iyi nkuru iribanda cyane ku makosa 9 akorwa n’abakobwa cyangwa abagore mu gihe bari gutera akabariro n’abo bashakanye. 1. Kwigaya Benshi mu bakobwa cyangwa abagore bagira ikibazo cyo kwigaya mu gihe bari gutera akabariro n’abo bashakanye bigatuma basubira inyuma cyane….