Month: December 2022

Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho iminsi y’ikiruhuko y’inyongera muri iyi minsi mikuru isoza umwaka

Share this:

Mu rwego rwo kwizihiza iminsi mikuru isoza umwaka, Guverinoma yemeje ko uretse iminsi yari isanzwe ari iy’ikiruhuko, tariki ya 27 Ukoboza 2022 na tariki 3 Mutarama 2023 ari iminsi y’ikiruhuko rusange cy’inyongera.

Share this:

Ethiopia: Impyisi zikomeje kwibasira benshi i Addis Ababa.zatangiye guhigwa bukware

Share this:

Ikigo gishinzwe inyamaswa muri Ethiopia kiri kuyobora ibikorwa by’itsinda ry’abahigi barimo guhiga no kwica impyisi hafi y’umurwa mukuru, Addis Ababa. Ni nyuma y’uko ibitero by’izo ‘mahuuma’ ku bantu byiyongereye cyane muri uwo mujyi n’inkengero zawo. Mu myaka ibiri ishize, abantu…

Share this:

Leonardo DiCaprio wakinnye muri Titanic yitwa Jack ari mu rukundo n’umukobwa akubye 2 mu myaka

Share this:

Umukinnyi wa Fiimi, Leonardo DiCaprio wamamaye nka Jack muri filimi Titanic, ari mu rukundo n’umukobwa w’imyaka 23 witwa Victoria Lamas, kandi we afite imyaka 48. Uyu mwana w’umukobwa uri gukundana na Leonardo yavutse muri 1999,nyuma y’imyaka ibiri hasohotse filimi yakoze…

Share this:

Umugabo yaretse ishuri kugirango yite ku mugore we n’umwana bari bamaze kubyarana. Reba ikintu kibabaje cyane yaje kuvumbura nyuma y’imyaka 6 abitaho

Share this:

Umugabo witwa James yavuze agahinda yahuye na ko nyuma yo kwitangira umugore we n’umwana yari yabyaye mu gihe cy’imyaka 6 yose ndetse ibi bikaba byaratumye ahagarika amashuri ye. James avuga ko ubwo yari mu mwaka wa 2 wa Kaminuza, umukunzi…

Share this:

Hahishuwe impamvu Kylian Mbappe atakiniye Cameroon akomokamo nyamara se yarabishakaga cyane

Share this:

Se wa Kylian Mbappe yahishuye ko mu ntangiriro yifuzaga ko umuhungu we yakinira ikipe y’igihugu ya Cameroon nyamara bikaza kwanga biturutse kw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri iki gihugu. Uyu mubyeyi avuga ko ari ishema rikomeye gukina mu ikipe y’igihugu. Mu myaka…

Share this:

Mico The Best arimo kwishyuza Diamond Platinumz umwenda umaze imyaka 9

Share this:

Mico The Best uri kwishyuza Diamond yakamejeje, nyuma yo kugeza ikirego cye mu Rwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), akamenya ko uyu muhanzi atakigeze mu Rwanda kuri ubu yambariye gukurikirana ikirego cye muri Tanzania. Ku wa 20 Ukuboza 2022 nibwo RIB yakiriye…

Share this:

Ingabo za EAC zasabye ikindi kintu gikomeye M23 nyuma y’uko yemeye kuva muri Kibumba

Share this:

Ingabo za Afurika y’Uburasirazuba zahawe ibice bya Kibumba na M23, nk’uko byari byemejwe mu masezerano aherutse guhuza Abakuru b’ibihugu bya Afurika y’Uburasirazuba, i Luanda. Ibi byakozwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Ukuboza 2020,aho izi ngabo zituruka mu bihugu…

Share this:

Diamond Platinumz yahishuye impamvu ataje gutaramira i Kigali kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 23 Ukuboza

Share this:

Abinyujije kuri Instagram ye,Simba yagize ati “Kubera ibikorwa by’ukudaha agaciro ibintu n’uburangazi ku bategura igitaramo,mbabajwe no kubamenyesha ko igitaramo cyacu i Kigali-Rwanda,cyagombaga kuba uyu munsi kuwa 23 Ukuboza 2022 kitari bube.” Uyu yakomeje agira ati “Abashinzwe inyungu zanjye n’abanyamategeko banjye…

Share this:

Perezida Tshisekedi yavuze kuri M23 yavanye ingabo zayo muri Kibumba

Share this:

Perezida Tshisekedi yishimiye ko umutwe wa M23 wavuye muri Kibumba ndetse ashimira amahanga ko yatumye u Rwanda rukura abasirikare b’uyu mutwe hariya. Ibi yabibwiye ba Guverineri bari bitabiriye inama yamuhuzaga nabo, ko umutwe wa M23 uterwa inkunga n’u Rwanda wateye…

Share this:

Rayon Sports yatsinzwe na Gasogi United ikomeza inzira mbi yo gutsindwa umusubirizo

Share this:

Ikipe ya Gasogi United yatsinze Rayon Sports igitego 1-0 ku munsi wa 15 wa shampiyona,iba inshuro ya mbere iyitsinze muri shampiyona y’u Rwanda. Abafana ba Rayon Sports babujijwe kwinjira muri Noheli bari ku mwanya wa mbere,ndetse uba umukino wa 3…

Share this: