Hamenyekanye igitego cyahize ibindi byose mu gikombe cy’isi
FIFA yatangaje ko igitego Richarlison rutahizamu Richarlison wa Brazil yatsinze Serbia mu gikombe cy’isi aricyo cyahize ibindi byose mu bwiza muri iri rushanwa. Uyu musore w’imyaka 25 ukiniraTottenham yitwaye neza mu gikombe cy’isi kuko basezerewe muri 1/4 atsinze ibitego 3…
M23 yemeye kurekura ibirindiro byose ifite muri Kibumba muri teritwari ya Rutshuru bitarenze uyu wa Gatanu taliki ya 23 Ukuboza
Umutwe wa M23 watangaje ko wemeye kuva mu birindiro byose wari ufite mu gace ka Kibumba ho muri Teritwari ya Rutshuru, yemera kubishyikiriza Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba zagiye kugarura amahoro muri RDC (EACRF). Umuvugizi wa M23 mu bya Politiki,…
Haburijwemo umugambi wo guhirikwa ubutegetsi mu kindi gihugu cya Afurika
Guverinoma ya Gambie yatangaje ko yaburijemo ihirika ry’ubutegetsi (Coup d’État) ryageragejwe muri iki gihugu. Itangazo iyi Guverinoma yasohoye rivuga ko abasirikare bane bari inyuma y’uriya mugambi bamaze gutabwa muri yombi, mu gihe abandi bantu batatu bari bawuhuriyeho na bo bahise…
Perezida Ndayishimiye yavuze ko intambara hagati y’ingabo za EAC na m23 itari ngombwa
Perezida w’u Burundi akaba n’Umuyobozi Mukuru w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC), Evariste Ndayishimiye, abona intambara y’ingabo z’ibihugu bigize uyu muryango ziri mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’umutwe witwaje intwaro wa M23 idakenewe. Ndayishimiye yabitangarije mu kiganiro yagiranye…
Huye: Umugabo watemye umugore we bari biriwe basangira mu kabari akoresheje umuhoro yahishuye icyabimuteye
Umugabo wo mu Murenge wa Mbazi mu Karere ka Huye ukurikiranyweho gushaka kwica umugore we amukubise umuhoro mu mutwe, yavuze ko yamutemye kubera umujinya yatewe no kuba yaramubajije icyatumye ataha mu gicuku nyamara bari biriwe basangira akaza kumusiga mu kabari….
Perezida Zerensky wa Ukraine yasuye USA atwawe na Airforce One
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yageze i Washington DC kuri uyu wa 21 Ukuboza 2022 atwawe n’indege ya Leta zunze ubumwe za Amerika (USA). Zelensky yageze muri USA mu masaha y’umugoroba, aho asobanura ko yagiye gushimira iki gihugu uburyo gikomeje…
MINEDUC yashyize hanze ingengabihe nshya y’amasomo izakurikizwa mu mashuri kuva kuwa 1 Mutarama 2023
Minisiteri y’Uburezi yashyize hanze itangazo rigaragaza amasaha mashya y’ishuri aho rizajya ritangira saa mbili n’igice rigasozwa saa kumi n’imwe. MINEDUC yavuze ko iyi ngengabihe ireba amashuri ya Leta, afashwa na Leta ku bw’amasezerano n’ayigenga akurikiza integanya nyigisho ya Leta. Iyi…
Umuyobozi wa APR FC yashimiye abakinnyi be kuba barongeye gukubita incuro Rayon Sports
Umuyobozi [Chairman] wa APR FC, Lt Gen Mubarakh Muganga, yashimiye abakinnyi b’iyi kipe nyuma yo gutsinda mukeba Rayon Sports aho yanabasabye guha abafana iminsi mikuru batsinda na Etincelles FC. Ibi yabigarutseho ubwo yasuraga ikipe ku munsi w’ejo mbere y’uko ihura…
Abakobwa: Ibintu byoroshye wakorera umusore mukundana agahita agusaba kumubera umugore
Gukundana ni kimwe ariko gukundana n’umuntu akagera aho afata umwanzuro wo kumva ko ari wowe mukwiye kubana ubuzima bwose n’ibintu bifata igihe ndetse iyo umuntu atagize gushishoza yisanga yahubutse ugasanga ubuzima bwe bwose abubateho yicuza. Bimwe mu bintu bishobora kwereka…
Abasore: Ntuzakore ikosa ryo kwandikira umukobwa mukundana rimwe muri aya magambo ukoresheje ubutumwa bugufi(sms)
Ni ngombwa ko abasore bamenya amagambo bakoresha bandikira ubutumwa bugufi abakunzi babo ndetse bakanamenya nayo bagomba kwirinda kugira ngo batangiza urukundo rwabo. Ni ingenzi ku mukobwa kumenya icyo ukwiye kuvuga n’igihe cyo kukivugira mu gihe wandikiye umukunzi wawe ubutumwa kuri…