Uburanga bwa Miss Phoebe wahawe imodoka ihenze n’umukunzi we nk’impano ya noheri – Amafoto
Uwamahoro Phoebe uri mu bakobwa b’uburanga banyuze mu irushanwa rya Miss Rwanda yahawe impano y’imodoka n’umukunzi we bamaze igihe bacuditse nyuma y’uko yinjiye byeruye mu bushabitsi bw’imyenda. Uyu mukobwa udasiba gusangiza uburanga bwe n’ikimero cye abakurikira imbuga nkoranyambaga, aherutse gutangiza…
Umunyarwandakazi yahishuye impamvu yahisemo kurongorwa n’umugabo umurusha imyaka 40 bizamura imbamutima za benshi
Ubuzima bamwe mu bana batewe inda imburagihe banyuramo buteye agahinda, hari abo ababyeyi batererana bigatuma bishora mu ngeso mbi z’uburaya abandi bakabura uko bagira bagashaka abagabo bataruzuza imyaka yemewe n’amategeko. Urugero ni Twizeyimana Larissa w’imyaka 18 washatse umugabo imburagihe nyuma…
Uburanga bwa Miss Muheto wujuje imyaka 19 afite imodoka ye kandi yitwara – AMAFOTO
Nshuti Divine Muheto ni umukobwa wanyeganyeje imbuga ku mbuga nkoranyambaga ubwo habaga amajonjora y’abakobwa bazahagararira Intara y’lburengerazuba mu marushanwa ya Miss Rwanda 2022. Yaje mu bakobwa 9 babonye itike yo guserukira iyi Ntara. Ubwiza bwa Muheto bwatangaje abatari bake aho…
Abasore: Dore amayeri yagufasha gutereta umukobwa muhuriye ku ishuri bwa mbere
Niba wiga mu mashuri yisumbuye cyangwa muri kaminuza, ukaba ugorwa no kuvugana n’umukobwa muhahurira, muri iyi nkuru urigiramo uburyo bwo gukoresha. Kuba wavugana n’umukobwa muhuye cyangwa mwigana bituma umubano wanyu uzamuka mukaba mwajya munavugana umunsi ku munsi. Ikintu cya mbere…
Nyuma ya USA, Ubudage,UBufaransa n’Ububirigi, Esipanye ibaye ikindi gihugu kikomye u Rwanda kubera M23
Leta ya Espagne yiyongereye ku bihugu bishinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23, irusaba guhagarika ubufasha ruha uyu mutwe umaze igihe mu mirwano n’Ingabo za RDC (FARDC). Espagne yasabye u Rwanda kureka gufasha M23 mu butumwa Ambasade yayo i Kinshasa…
Dore ibintu 10 bitangaje kandi byoroshye wakora ugatakaza ibiro mu gihe gito cyane. Icya 2 ni ingenzi cyane
Umuntu wese ufite igipimo cya BMI kirengeje 25 aba abarirwa mu bantu bafite umubyibuho udasanzwe, muri make bafite ibyago byinshi biterwa no kugira umubyibuho ukabije nk’indwara zinyuranye z’umutima, diyabete, kubura urubyaro ku bagore, kunanirwa gutera akabariro ku bagabo, n’ibindi binyuranye….
Hahishuwe ijambo Mbappe yabwiye bagenzi be nyuma yo gutsindwa ibitego 2 na Argentine ryatumye bagaruka mu mukino
Ku cyumweru nibwo habaye umukino wa nyuma w’igikombe cy’isi ukomeje kuvugisha benshi hagati ya Argentina n’Ubufaransa aho Kylian Mbappe yawutsinzemo ibitego 3 wenyine. Uyu mukino wari wamaze kuva mu maboko ya Les Bleus mu minota 36 yonyine kuko yari yamaze…
Ikipe ya Morocco yakiriwe nk’abami i Rabat nyuma yo gukora amateka mu gikombe cy’isi – AMAFOTO
Ikipe ya Maroc yaraye yakiriwe neza cyane iwabo nyuma yo gukora amateka yo kuba ikipe ya mbere muri Afurika igeze muri 1/2 cy’irangiza mu gikombe cy’isi. Maroc yagaragaje ko ikomeye iyobora itsinda nyuma yo gutsinda Ububiligi,muri 1/16 isezerera Spain hanyuma…
Nyina wa Zuchu yahakanye iby’urukundo rw’umukobwa we na Diamond mu gihe bo bamaze kubyemeza
Umubyeyi wa Zuche yahakanye ko nta makuru y’urukundo y’umukobwa we na Diamond azi bitungura benshi mu gihe bo bamaze kubitangaza. Umuhanzikazi Zuchu ubarizwa mu nzu itunganya umuziki ya Wasafi Classic Baby ya Diamond Platnumz, aherutse kwemeza ko ari mu rukundo…
Rutsiro: Umuganga yatawe muri yombi azira gukorakora imyanya y’ibanga y’umukobwa w’imyaka 20 yasuzumaga
Umuvugizi w’urwego rw’ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira Thierry, yatangaje ko muganga wo mu bitaro bya Murunda mu karere ka Rutsiro uregwa gukorakora igitsina cy’umurwayi akurikiranweho icyaha cyo gusambanya undi ku gahato. Dr Murangira yabwiye Primo Media Rwanda ko uyu muganga w’imyaka…