Umutoza Haringingo wa Rayon Sports asigaye ku gagozi gafashwe na Gasogi United
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwakoze inama nyuma yo gutsindwa na APR FC bwemeza ko umutoza Haringingo Francis Christian adahita yirukanwa ariko ko agomba kubona amanota 3 byanze bikunze kuri Gasogi United. Amakuru aravuga ko inama yateranye ikitaraganya muri Rayon Sports…
Uburusiya bwavumbuye uburyo bushya buzabufasha gutsinda Ukraine mu gihe gito
Uburusiya buvuga ko bugiye kohereza abanyamuziki ku rugamba rwo mu ntambara yabwo muri Ukraine mu rwego rwo kongerera ishyaka (umurava) abasirikare babwo. Muri iki cyumweru, minisiteri y’ingabo y’Uburusiya yatangaje ishyirwaho ry’”umutwe [brigade] w’abahanzi bo ku rugamba”, ivuga ko uzaba urimo…
Rayon Sports yabonye amahirwe menshi ikirangaraho yongeye kuba insina ngufi imbere ya APR FC – Uko umukino wagenze
Ikipe ya Rayon Sports yakomeje inzira mbi yo gutsindwa na APR FC kuko kuri uyu wa Gatandatu yatsinzwe igitego 1-0. Muri uyu mukino w’Umunsi wa 14 wa Shampiyona wari utegerejwe na benshi, Rayon Sports yari imaze imyaka 3 idatsinda APR…
Nyabugogo: Umugabo yapfiriye muri Resitora arimo kurya benshi barikanga
Ahagana saa sita z’amanywa yo kuri uyu wa gatandatu ni bwo umuturage ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yapfiriye muri Restaurant iherereye mu Murenge wa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge hafi y’ahazwi nko ku Mashyirahamwe arimo kurya. Yapfiriye muri…
Worldcup: Umutoza w’Ubufaransa yahishuye ikintu kimubabaje ku mukino bagiye guhuriramo na Argentine
Umutoza Didier Deschamps yavuze ko hari Abafaransa benshi bifuza ko Lionel Messi atwara igikombe cy’isi uyu munsi atsinze igihugu cyabo. Ibi yabivuze mu kiganiro n’abanyamakuru cya nyuma aho yagaragaje ko bibabaje kuba aba bafaransa bifuza ko Lionel Messi abatsinda. Deschamps…
Abasore: Ntuzongere gushidikanya. Niba ubona ibi bimenyetso ku mukobwa mukundana menya ko agukunda birenze urugero
Musore menya ibintu bigaragaza umukobwa mukundana ko ari wowe gusa yihebeye ndetse ko atajya akubangikanya n’abandi. Muri ibi bihe turimo usanga urukundo rw’ubu umubare w’abaca inyuma abakunzi babo ugenda wiyongera ku buryo benshi basigaye bemeza ko urukundo rw’ubu rwabaye akavuyo…
Umugore yasabye gatanya n’umugabo we nyuma y’ukwezi kumwe gusa ashyingiwe ibyo urukiko rwamutegetse biratangaje
Nyuma y’ukwezi kumwe gusa ashyingiwe, umugore yahawe gatanya gusa ategekwa kugarura inkwano ndetse n’igikapu cy’imyenda yahawe n’umugabo we ubwo bashyingiranwaga. Uyu mugore ukomoka muri Nigeria, Maryam Dahiru, yagejeje ikifuzo cyo gutandukana n’umugabo we Salihu Yakubu mu rukiko rugendera kuri Sharia…
Abagore: Dore ibintu byoroshye 15 wakorera umugabo wawe ntazigere aguca inyuma na rimwe
Hari ibintu umugore yakora bigatera umugabo we kutazigera amuca inyuma na rimwe. Mu byagufasha kurinda umugabo wawe kutaguca inyuma harimo nko kumuganiriza mbere y’uko mwubaka urugo. Gerageza guhange udushya mu gihe cyo gutera akabariro ndetse umwereke ko ntawamusimbura muri iki…
Ibintu 12 byoroheje abantu batazi bisenya urukundo burundu iyo bidakosowe hakiri kare
Bimwe mu bintu byangiza urukundo buke buke ugsanga abari abakunzi bahindutse abandi, byari ibyishimo bigahinduka amarira kandi nyamara ari imyitwarire buri muntu yabasha guhindura kuko akenshi usanga ababikora baba batazi ko ari bishobora kugira ingaruka. 1. Kudafuhira umukunzi wawe Mu…
Polisi yavuze ku modoka zitwara abana ku ishuri zikunze kunengwa ko zishaje cyane
Umuvugizi w’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda, SSP Irere René yatangaje ko hari igihe bafashe imodoka 97 zitwara abana bajya ku ishuri biboneka ko zishaje,bazijyana muri Controle Technique, izagaragaye ko zujuje ubuziranenge ni 5 gusa. Mu kiganiro Waramutse…