Month: December 2022

Abakozi ba RBC bari bafunzwe barekuwe rwiyemezamirimo bareganwa akatirwa gufungwa iminsi 30

Share this:

Abakozi b’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuzima (Rwanda Biomedical Center) bari bakurikiranyweho gutanga isoko rya miliyari eshatu z’amafaranga y’u Rwanda ku mukozi mugenzi wabo, bafunguwe by’agatengayo. Iki cyemezo cy’urukiko cyasomwe kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Ukuboza 2022 ku rukiko rw’ibanze…

Share this:

Ikipe y’Ubufaransa yahuye n’ibibazo bikomeye habura umunsi umwe ngo ikine na Morocco muri 1/2

Share this:

Uburwayi bwadutse mu ikipe y’Ubufaransa iri mu gikombe cy’isi habura umunsi ngo bakine na Maroc muri 1/2 cy’iri rushanwa. Iyi kipe ifite igikombe cy’isi igomba gukinira na Maroc kuri Al Bayt Stadium mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu. Imyiteguro…

Share this:

Abakobwa: Dore urukingo watera umusore mukundana ntazigere akwanga

Share this:

Abakobwa ntabwo bakwiriye kwiyicarira ngo bategereze ko abasore ari bo bafata iya mbere. Mu rukundo basaba ko nawe ufata umwanya uhagije ugakunda uwo wihebeye kandi ukabimugaragariza binyuze mu magambo umubwira, mu bikorwa umukorera no mu bundi buryo wowe wifuza. Muri…

Share this:

Umukobwa wa William Ruto, perezida wa Kenya, yahawe inkwenene nyuma yo kuvuga ko afite ibiro by’umukobwa wa Perezida

Share this:

Abakoresha imbunga nkoranyambaga muri Kenya batunguwe kandi baranenga ko Charlene Ruto, umukobwa wa Perezida William Ruto wa Kenya yatangaje ko afite “Ibiro by’umukobwa wa Perezida” cyangwa “Office of the first daughter”. Mu mashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga, kuwa kabiri Charlene…

Share this:

Lionel Messi yatangaje ibintu byababaje cyane abanya-Argentine

Share this:

Lionel Messi yizeye ko umukino wa nyuma wo ku cyumweru uzaba ari uwa nyuma akiniye Argentine mu gikombe cy’isi. Uyu rutahizamu wa Argentine ku wa kabiri yatsinze igitego cye cya gatanu muri iki gikombe cy’isi kiri kubera muri Qatar, ubwo…

Share this:

Kigali: Imodoka itwara abagenzi ya Royal yakoze impanuka ikomeye

Share this:

Imodoka itwara abagenzi ya kompanyi ya Royal Express yavaga muri gare ya Nyanza ya Kicukiro yacitse feri igonga imodoka ebyiri ntoya na moto, abantu babiri bahita bahasiga ubuzima. Ahagana saa moya n’iminota mirongo ine zo ku mugoroba wo kuri uyu…

Share this:

Gakire wabaga muri Amerika akaza gushyirwa muri Guverinoma ya Padiri Nahimana afungiwe I Mageragere

Share this:

Bwana Fidele Gakire wabaga muri Guverinoma ya Nahimana Thomas nka Minisitiri w’abakozi, afungiye Mageragere azira gukoresha impapuro mpimbano. Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) rwemeje ko Uzabakiriho Fidèle Gakire wahoze mu itangazamakuru Rwanda afungiwe muri gereza ya Nyarugenge iri i…

Share this:

Dore inshuti ugomba kwirinda mu mwaka wa 2023 tugiye gutangira

Share this:

Inshuti ni ikintu gikomeye cyane mu rwego rwo gukomeza gushaka iterambere ryawe. Hari ubwoko 4 bw’inshuti tugiye kukubwira, usabwa kwirinda. Ikintu cya mbere ukwiriye kuziga muri uyu mwaka wa 2023, ni ukwiteza imbere muri wowe ndetse ukavugurura buri kimwe mu…

Share this:

M23 yatangiye kugera kuri bimwe mu byo yifuzaga

Share this:

Kuri uyu wa 13 Ukuboza 2022,Umutwe wa M23 washyize hanze itangazo riragaragaza ko yakiriye intumwa za FARDC, iz’umuryango wa EAC n’itsinda rishinzwe kugenzura umutekano wo ku mipaka mu karere k’ibiyaga bigari (EJVM), iz’urwego rushinzwe iperereza n’intumwa za misiyo ya Loni…

Share this:

Aggy uvugisha benshi kubera imiterere ye aritegura kubyara(AMAFOTO)

Share this:

Umunyaideli uri mu batangarirwa na benshi ku mbugankoranyambaga kubera imiterere ye itangaza benshi uzwi nka Aggy Nkurunziza yatangaje ko yitegura kwibaruka umwana byishimirwa na benshi. Aggy mu butumwa buherekejwe n’amafoto bigaragara ko akuriwe yashyize hanze, yagize ati: “Ndumva nishimiye guhura…

Share this: