Year: 2022

Uncategorized

Hahishuwe ko umuryango wa Putin wamaze gushyirwa mu buvumo byongera icyoba ko ikoreshwa ry’ibisasu kirimbuzi ryegereje

Share this:

Valery Solovey, umwarimu mu Burusiya yahamije ko muri iki gihe u Burusiya bushyamiranye na Ukraine, Perezida Vladimir afite uburwayi butaramenyekana kandi ko yamaze kwimurira abagize umuryango we munsi y’ubutaka (Underground).   Solovey asobanura ko abagize umuryango wa Perezida Putin, bahishwe…

Share this:
Posted on

Birababaje: Umugabo yarashe abana be 3 abasanze mu rusengero bahita bitaba Imana

Share this:

Ubuyobozi bw’umujyi wa Sacramento, umurwa mukuru wa Leta ya California, bwavuze ko hari umugabo warashe abakobwa be batatu, undi muntu, ndetse na we ubwe, aho batatu mu barashwe bahise basiga ubuzima mu rusengero. . Umugabo yishe abana be abasanze mu…

Share this:
Posted on

Umusore yarongoreye abakobwa batatu b’impanga umunsi umwe – AMAFOTO

Share this:

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ahitwa Kalehe mu ntara ya Kivu y’amajyepfo, haravugwa inkuru y’umusore witwa Luwizo uherutse gushyingiranwa n’abakobwa batatu b’impanga. Luwizo yavuze ko yatunguwe no guhura n’aba bakobwa ubwo yazaga gusura umwe muri bo witwa Natalie, ndetse…

Share this:
Posted on

Ntiwamukangisha imvura kuko azi kuyigusha, Umutsindo wa putin intangiriro yo kwigenga kwa Afurika – Rutangarwamaboko

Share this:

Nzayisenga Modeste [Rutangarwamaboko] uzwi nk’umupfumu n’umuvuzi gakondo, yavuze ku bitero u Burusiya bwagabye kuri Ukraine bigakangaranya Isi na cyane ko byagize ingaruka ku banya-Ukraine bamwe bagapfa, abandi bakava mu byabo ndetse hakaba hari n’abasanga iyi ntambara ishobora kuba intandaro y’intambara…

Share this:
Posted on
Uncategorized

USA: Umunyeshuri muto cyane wakurikiranye indege ya Elon Musk ari kugenzura ingendo z’indege z’Abarusiya

Share this:

Jack Sweeney, umusore w’imyaka 19 ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yamenywe na benshi mu mezi ashize ubwo yakurikiranaga (Tracking) indege yihariye y’umuherwe Elon Musk kuri Twitter, yerekeje ibitekerezo ku ndege zo mu Burusiya.   Uyu munyeshuri wiga mu…

Share this:
Posted on
Uncategorized

Ukraine: Perezida Zelensky yavuze ijambo riteye agahinda akomerwa amashyi y’urufaya n’abadipolomate bo mu muryango w’Ubumwe bw’Uburayi

Share this:

Mu ijambo yagejeje ku Nteko y’Ubumwe bw’Uburayi, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yasabye ko igihugu cye kigirwa ikinyamuryango, akaba yavuze ko ubu umuntu wese uri muri Ukraine yiteguye gupfa.   Perezida Zelensky yavuze ko abari kugwa mu ntambara ya Ukraine…

Share this:
Posted on

Dore icyo wakora igihe umukunzi wawe yakurakariye bigatuma musubirana umunezero vuba

Share this:

Uburyo bwagufasha gusubiza umukunzi wawe mubihe byiza igihe atakwishimiye.   1. Muhe umwanya niba awugusabye:   Niba umukunzi wawe mugiranye ikibazo bikaba ngombwa ko akurakarira gerageza kubaha ibyifuzo bye niba agusabye ko ashaka kuba ari wenyine mureke kuko biramufasha gutekereza…

Share this:
Posted on

Hahishuwe akayabo Rayon Sports yasaruye ku mukino uheretse kuyihuza na APR FC

Share this:

Umukino w’umunsi wa 19 wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, Rayon Sports iheruka kwakiramo APR FC,bivugwa ko wayinjirije asaga Miliyoni 29 Frw.   Nubwo uyu mukino warangiye amakipe yose anganyije 0-0, Rayon Sports ntiyabuze byose kuko yinjije kariya kayabo…

Share this:
Posted on

Aline gahongayire yambitswe impeta n’umukunzi we mu ibanga rikomeye – AMAFOTO

Share this:

Umuhanzi wamenyekanye mu ndirimbo zo gushimisha no kuramya Imana Aline gahongayire akomeje gufasha benshi mukugarura ikizere cy’ubuzima, yanatangaje ko yitegura gushyingirwa kuko yambitswe impeta.   Umuhanzi Aline Gahongayire wamenyekanye mu ndirimbo zo kuramya no guhmbaza Imana nka Ndanyuzwe, Ntabanga,Izindi mbaraga…

Share this:
Posted on

Ese hacura iki Uburusiya buramutse bukoresheje intwaro zabwo kirimbuzi muri ukraine? Dore zimwe mu zo itunze n’ubushobozi bwazo

Share this:

Perezida Putin yasabye ko intwaro kirimbuzi z’Uburusiya “zitegurwa bidasanzwe”, ibi byongereye impungenge ku isi.   Ariko abasesenguzi bavuga ko ibyo yavuze byaba ari nko kuburira ibindi bihugu kwirinda kwivanga muri Ukraine, aho kuba ubushake koko bwo gukoresha izo ntwaro.  …

Share this:
Posted on