Year: 2022

Abubatse: Dore uburyo watermelon yagufasha gushimisha umugore wawe cyangwa umugabo wawe mu buriri uyu munsi. Ntubisuzugure ahubwo ubigerageze wirebere

Share this:

Abantu bakunze guhura n’ikibazo cyo kubura ubushake bwo gutera akabariro yaba abagore cyangwa abagabo ndetse ibi iyo bitabonewe umuti hakiri kare bishobora gusenya urukundo rwabo ndetse n’urugo rudasigaye. Muri iyi nkuru tugiye kukugezaho uburyo wakoresha watermelon maze ukubaka urugo kakahava…

Share this:

Abakundana: Niba ibi bintu 8 mutabikorera hamwe mwembi ntabwo mukwiranye

Share this:

Ese ikintu cyo kuba hari abantu baremewe kubana kibaho muri ubu buzima? Ese umuntu ashobora kumara igihe yiruka isi yose ashaka uwo bazabana kandi hari uwo yaremewe kubana nawe? Uko byagenda kose hari ibigaragaraza ko mwaremewe kubana.   Ushobora gutekereza…

Share this:

Abagore: Dore ibyo ugomba gukora ukimara gutera akabariro

Share this:

Nyuma yo kumara ijoro muri mu gikorwa cyo gutera akabariro n’umugabo wawe, hari ibyo muba mugomba kwitaho mu rwego rwo gukora isuku neza. Ujya mu bwogero, nyuma yo kuva yo wenda uri kwibaza icyo wakora, kugira ngo ugire ubuzima bwiza….

Share this:

Dore ibintu byagufasha gutereta umukobwa ugira isoni ukegukana umutima we

Share this:

Umukobwa ugira isoni aba atandukanye n’umukobwa usanzwe haba mu mvugo, imyitwarire, imico n’ibindi bitandukanye umukobwa wese ashobora kugaragaza igihe muri kuganira.   Kuba mu rukundo n’umukobwa ugira isoni rero bishobora kukubera byiza cyane igihe wabashije kwisanisha nawe kandi ukumva iyo…

Share this:

Perezida Kagame yavuze kuri Coup d’Etat mu Rwanda, kwiyamamariza indi manda muri 2024, ibibazo byo mu karere…

Share this:

Perezida Paul Kagame aherutse kugirana ikiganiro n’ikinyamakuru Jeunafrique, agaruka ku ngingo zitandukanye zirimo ibivugwa ku Rwanda, ku karere na Afurika ndetse no ku buzima bwe bwite.   Muri icyo kiganiro cyabaye tariki 20 Mutarama i Kigali, Perezida Kagame yasubije ibibazo…

Share this:

Umubiri wacu: Akamaro ka Rug1ngo ndetse n’ibitangaje kuri yo ushobora kuba utazi

Share this:

Hari bimwe mu bigize umubiri wacu bitera benshi amatsiko yo kumenya ibyabyo, muri byo hanarimo agace kitwa rugongo. Aka ni agace kaboneka ku gitsina cy’umugore ahagana hejuru ahahurira imigoma yo ku mpande zombi urw’iburyo n’ibumoso.   Rugongo iherereye aho imigoma…

Share this:

Kigali: Abantu bumiwe bumvise uko umukobwa abara inkuru y’ukuntu umusore yamuryohereje – UMVA IJWI

Share this:

Ku mbuga nkoranyambaga nka Twitter na Whatsapp hakomeje gucicikana amajwi y’umukobwa uri kubarira inkuru mugenzi we y’uko yaryohewe n’akabariro yakoranye n’umusore.   Nk’uko byumvikana muri aya majwi, uyu mukobwa utaramenyekana, aba avuga mu buryo burambuye ibyo umusore yamukoreye igihe bateraga…

Share this:

Imyaka 3 yikurikiranya ikamba rya Miss Rwanda ryegukanwa n’abana babasirikare! Ese Byatewe n’iki? Uko Rwanda Inspiration BackUp ibisobanura

Share this:

Miss Rwanda 2022 irakomanga, Ku ikubitiro abo mu ntara y’Amajyaruguru nibo iheraho. Uko imyaka ishira n’indi igataha niko abarikurikira bakomeza kwiyongera.Uko biyongera niko ibitekerezo mu mboni zabo zitahuriza ku kintu kimwe kuko buri wese aba afite uko abibona.   Uko…

Share this:

Uburyo 12 bworoshye wakoresha wereka uwo wihebeye ko umukunda byahebuje

Share this:

Ntawashidikanya ku byishimo bizanwa n’amahirwe akomeye yo gukundwa n’uwo ukunda. Ariko na none bikavuna umutima iyo utazi uburyo wakwereka umukunzi wawe ingano y’urukundo umukunda.   Dore inzira 12 ziryoshye wanyuramo ukereka uwo wihebeye  ko umukunda:   1. Reka ingeso yo…

Share this:

Abakobwa: Ibiribwa byoroshye kubona warya bigatuma ugira ikibino kinini kandi giteye neza

Share this:

Muri iki gihe mu Rwanda kugira ikibuno kinini kandi giteye neza ni kimwe mu turanga bwiza tw’umukobwa cyangwa umugore ku buryo abagifite bishimirwa kandi bagakurura cyane abagabo aho cyahawe akabyiniriro k’igisabo. Ushobora kuba wibaza uko wabigenza kugirango ugire imiterere nk’iyi…

Share this: