Year: 2022

Ikoranabuhanga mu buvuzi: Elliot Page wihinduje umusore ntawamenya ko yahoze ari inkumi y’akataraboneka – AMAFOTO

Share this:

Umukinnyi wa filime Elliot Page wahoze ari umukobwa w’ikimero ndetse akanakora ubukwe n’umukobwa mugenzi we, akomeje gutungura benshi nyuma yaho yihinduje umusore.   Elliot Page wahoze yitwa Ellen Page mbere yo kwihinduza umusore,ni umukinnyi wa filime unazitunganya ukomoka muri Canada…

Share this:

Ethiopia yamaze kwikura mu irushanwa rya Tour du Rwanda 2022 – IMPAMVU

Share this:

Ikipe yigihugu ya Eritrea ntizitabira Tour du Rwanda 2022 kuko idashobora kuzuza ibisabwa n’inzego z’ubuzima byasabwe n’abategura iri rushanwa.   Ibi byatangajwe ku mbuga nkoranyambaga za Tour du Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Mutarama…

Share this:

U Rwanda rwemeye gufungura umupaka warwo na Uganda runatangaza itariki uzafungurirwaho

Share this:

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko tariki 31 Mutarama 2022 umupaka wa Gatuna uzafungurwa nyuma y’imyaka myinshi ufunze kubera umubano mubi w’ibihugu byombi.   Ni nyuma yaho Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka muri Uganda asuye u Rwanda,…

Share this:

Abagore: Dore ufata nk’ibisanzwe byagusenyera urugo mu kanya nk’ako guhumbya uramutse utabigendeye kure

Share this:

Umugore ushaka kurinda umugabo we agahinda n’ishavu akanarinda umuryango wabo yirinda ingeso mbi zatuma yisenyera.   Dore ingeso zatuma umugore yisenyera urugo:   1. KUGIRA INSHUTI MBI Mu ngeso mbi abagore bagira ni ukugira inshuti mbi n’abajyanama babi baza basenya…

Share this:

Ku myaka 9 gusa afatwa nk’umuntu muto muri Afurika ukize kurusha abandi kuko atunze imodoka zihenze n’amazu y’akataraboneka – AMAFOTO

Share this:

Mompha Junior ufite imyaka 9 gusa y’amavuko ni we mwana muto ukize kurusha abandi muri Afurika kuko afite amato n’imodoka z’igitangaza hamwe n’amazu yungutse abifashijwemo na papa we w’umuherwe cyane.   Uyu mwana muto ukize cyane muri Afurika afite kandi…

Share this:

KNC yakuye Gasogi United muri Shampiyona nyuma yo kwibwa ku mukino wa Rayon Sports

Share this:

Perezida wa Gasogi United FC, Kakooza Nkuriza Charles [ KNC], yatangaje ko ikipe ye ayikuye muri Shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda nyuma yo kunenga imisifurire yaranze umukino wabahuje na Rayon Sports ikabatsinda igitego kimwe ku busa.   Nyuma y’umukino Rayon…

Share this:

Ubushinjacyaha bwagaragaje uko umugambi wo kwica Akeza wateguwe bukomeza gushinja Mukase kuba inyuma y’urupfu rwe

Share this:

Akeza Elsie Rutiyomba ni umwana witabye Imana afite imyaka 5 y’amavuko, ndetse inkuru y’urupfu rwe ikaba yaramenyekanye kuwa 14 Mutarama uyu mwaka, ivugwaho byinshi bitandukanye ku mbuga nkoranyambaga.   Bamwe ntibumvaga uko uyu mwana yaba yaguye mu Idomoro ya Litiro…

Share this:

Dore ibintu by’ingenzi ugomba kumenya no kubanza gushyira mu mutwe mbere yo kwiyemeza gushaka kugirango utazasenya bidatinze

Share this:

Mbere yo kwemerera uwo muzabana ko mukora gahunda y’ubukwe, hari ibintu by’ingenzi uba ugomba kumenya haba kuri wowe ndetse no k’uwo muzabana.   Dore ibintu by’ingenzi ugomba kumenya ;   1. Kumenya urukundo icyo aricyo   Akenshi hari ubwo umuntu…

Share this:

Rubavu: Agahinda k’umugore wamaze imyaka 15 nta kana yabyara akabyara umwana utagira uruti rw’umugongo

Share this:

Umubyeyi wa Nishimwe Isaac, utuye mu Karere ka Rubavu washatse umugabo akaza kumara imyaka 15 yose ataratwita ngo abe yabona umwana abayeho mu buzima bubi we n’umwana we utagira urutirigongo ndetse akaba afite n’ubumuga bw’amaguru.   Uyu mubyeyi wavuganye agahinda…

Share this:

Dore uburyo 11 gakondo wakoresha wivura imiburu(ibiheri) yo mu bwanwa, mu nsya no mu ncakwaha

Share this:

Imiburu cyangwa ibiheri biza nyuma yo kogoshwa ni ikibazo gihangayikisha abantu bose muri rusange, ikunze kuza nyuma y’iminsi micye umuntu yogoshwe cyangwa yiyogoshe bwaba ubwanwa, umusatsi, insya cyangwa incakwaha.   Gusa abo bikunze kuzahaza cyane ni abagabo mu bwanwa dore…

Share this: