RDC yabyiniye ku rukoma nyuma y’igikorwa cya UN ivuga ko kigiye kuyifasha gutsinda M23
Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bwatangaje ko bwizeye ko ingabo z’iki gihugu zizatsinda umutwe witwaje intwaro wa M23, nyuma y’aho umwanzuro (embargo) wari warafashwe n’akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano ukuweho. Kuri uyu wa 20 Ukuboza 2022, aka…
Umugore yaciye inyuma umugabo we mbere gato y’uko bakora ubukwe gusa aza kwiyemeza kubibwira umugabo we no kumusaba imbabazi. Reba ikintu kibabaje cyane yaje kuvumbura
Nyuma yo guca inyuma umugabo we biteguraga kurushinga uyu mugore ntiyigeze agoheka kuko yahoranaga agahinda ndetse anishinja ubuhemu ibintu byatumye yiyemeza kuzabibwira umugabo we ndetse akanamusaba imbabazi. Florence(izina twahinduye ku bw’umutekano we) yaratwandikiye atugezaho ubuhamya bwe aho agira ati: “Habura…
Huye: Umukobwa yemeye icyaha anasobanura uko yasambanyije umwana w’imyaka 11 wo mu rugo yakoragamo
Umukobwa usanzwe akora akazi ko mu rugo mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Huye, aremera icyaha cyo gusambanya umwana wo muri uru rugo yakoragamo ndetse akavuga n’uko yabigenje ubwo yahohoteraga uwo mwana. Umukobwa usanzwe akora akazi ko mu rugo…
Chorale de Kigali yasohoje zimwe mu nzozi za Yvan Buravan – AMAFOTO
Mu gihe amarira agishoka ku matama y’abakunzi b’umuziki by’umwihariko abakundaga Yvan Buravan uherutse kwitaba Imana, Chorale de Kigali yongeye gukirigita amarangamutima y’abakunzi b’uyu muhanzi bongera gusuka amarira ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kumva uko basubiyemo indirimbo ye. Mu gitaramo cya…
Argentine: Lionel Messi na bagenzi be bahungishirijwe mu ndege kubera abafana
Abantu babarirwa muri miliyoni 5 bahuriye mu mujyi was Buenos Aires mu birori byo kwishimira igikombe cy’Isi cyegukanywe n’igihugu cya Argentina. Kuri uyu wa kabiri nibwo ikipe ya Argentina yerekanye igikombe cy’isi yatwaye ku Cyumweru batsinze Ubufaransa Kuri penaliti 4-2…
Diyoseze ya Ruhengeri: Phocas wari umazemo imyaka 15 ari Padiri yesezeye mu gipadiri nyuma yo guhumuka
Padiri Niwemushumba Phocas wo muri Diyoseze Gatolika ya Ruhengeri yeguye muri uwo muhamagaro. Niwemushumba yari amaze muri uwo muhamagaro imyaka 15. Mu ibaruwa y’isezera rye yandikiye Umushumba wa Diyoseze ya Ruhengeri Musenyeri Harorimana Vincent,kuwa 06 Ukuboza 2022,yavuze ko hari ibyo…
“Natangiye kwicuza impamvu nashakanye n’umugabo wanjye ku munsi wa mbere w’ubukwe bwacu, iryo Joro ntiyigeze ankoraho. Naraye ndira buracya” – Ubuhamya bwa Susan
Umugore witwa Susan yatangaje iby’inkuru y’ubukwe bwe avuga ko yashatse umugabo bari kumwe kubera amafaranga bigera ku munsi w’ubukwe akiri kwicuza impamvu yabyemeye. Uyu mugore witwa Susan yakoze ikosa mu buzima bwe. Yavuze ko yahuye n’umugabo we ubwo yari akiri…
Imitoma umukobwa wese aba yifuza kumva mu matwi ye ayibwiwe n’umukunzi we
Iyo ugerageje kugenda utera ikerekezo hirya no hino mubakundana bakubwira ko hari amagambo usanga abakobwa bakunda kubwirwa cyane kurusha andi wavuga, Iwacumarket twagerageje kubakusanyiriza amagambo ya mbere arusha ayandi kuryohera ugutwi k’umukobwa no kunyura umutima we: 1-Inseko yawe ishobora kumurikira…
Kigali: Uwahoze ari Minisitiri yarokotse impanuka ikomeye yabereye Zindiro
Impanuka ikomeye y’imodoka yo mu bwoko bwa Fuso, yabaye ku mugoroba wo kuwa Mbere tariki 19 Ukuboza 2022, mu Zindiro mu Murenge wa Bumbogo, AKarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, yagonze ibintu bitandukanye nk’inzu n’ibinyabiziga birimo imodoka yari irimo…
Karim Benzema yamaze gusezera mu ikipe y’igihugu y’Ubufaransa
Rutahizamu Karim Benzema yamaze gusezera mu kipe y’Igihugu y’u Bufaransa ‘Les Bleus’, nyuma y’igihe gito yemerewe kongera kuyigarukamo. Benzema yatangaje isezera rye mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter. Ni ubutumwa bwari buherekeje ifoto ye yambaye umwambaro w’Ikipe y’Igihugu…