Year: 2023

Rayon Sports imaze gutakaza umukinnyi wari umaze iminsi ayihetse

Share this:

Rayon Sports yirangayeho none AS Kigali ibatwaye umukinnyi ukomeye uri mu bari bayihetse kugeza ubu. Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru nibwo ikipe ya AS Kigali yabyutse itangaza ko yasinyishije umuzamu Hakizimana Adolphe wari umaze iminsi muri Rayon Sports ndetse…

Share this:

Uburyo Kigali yarimbishijwe kubera impera z’umwaka birimo gutangaza n’abahatuye – AMAFOTO

Share this:

Ushobora kwibagirwa amatariki n’iminsi ariko hari byinshi bizakwibutsa ko iya Noheli n’Ubunani yegereje kuko usanga hirya no hino hari imitako itandukanye kandi iryoheye ijisho yinjiza abantu muri ibi bihe. Mu Mujyi wa Kigali by’umwihariko, ibi bihe biba ari ibidasanzwe kuko…

Share this:

The Ben yahishuye abandi bantu 2 barimo kumutetesha nyuma ya Miss Pamella

Share this:

Nyuma y’urukundo rwa The Ben na Pamella, ndetse na nyuma yuko The Ben ashyingiwe ku mugaragaro n’umwamikazi Pamella, The Ben akomeje kwishimana no guteteshwa n’abo wakwita Abagabekazi be. The Ben abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yasangije ifoto yishimanye ndetse…

Share this:

Miss Pamella na The Ben bahuye na Madame Janette Kagame, Pamella aratungurana

Share this:

Muri izi mpera z’umwaka wa 2023, The Ben ndetse n’umugore we Pamella bahuye ndetse banaganira na Madamu Janette Kagame, umufasha w’Umukuru w’igihugu. Byagaragariye mu ifoto yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga igaragaza Pamella ndetse na The Ben bari kuganira na Madamu Janette…

Share this:

Dore abantu batemerewe kunywa Tangawizi. Niba uru umwe muri bo ukwiye kuyitondera

Share this:

Tangawizi isangwa henshi mu ngo zacu ndetse tuyifashisha cyane mu kwivura indwara zimwe na zimwe ariko nubwo igira akamaro kanini hari abantu batemerewe kuyikoresha kuko yagira ingaruka mbi ku buzima bwabo aho kubakiza. Tangawizi, umuti ukomeye cyane kandi w’umwimerere Tangawizi…

Share this:

Bamutegereje amasaha 7, bamwe bataha nta foto y’urwibutso. Udushya twaranze ibirori by’abambaye umweru bya Zari Hassan

Share this:

Mu ijoro ryo ku wa 29 rishyira tariki 30 Ukuboza, Zari Hassan yageze ahabereye “All White Party” muri The Wave Lounge i Kigali ahagana saa Munani z’ijoro mu gihe ab’inkwakuzi bari bageze muri aka kabari kabereyemo ibirori bye saa Moya…

Share this:

Abakobwa / Abagore: Dore ibintu 3 udakwiye kwibeshya ngo wegereze igitsi1na cyawe

Share this:

Hari ibintu byinshi abakobwa bibwira ko ari isuku nyamara byangiza imyanya y’ibanga yabo. Aha rero abanditsi ba mubuzima.com twabahitiyemo ibintu bitatu umugore cyangwa umukobwa agomba kwirinda. 1. Isabune Ibi ushobora kwibwira ko ari nko kwivuguruza. Ukeneye kugira isuku no gukaraba…

Share this:

Perezida Tshisekedi akomeje gusatira intsinzi. Uko amajwi yifashe

Share this:

Nyuma y’iminsi icumi habaye amatora rusange muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo,Komisiyo ishinzwe gutegura amatora muri iki gihugu yaraye ishize hanze amajwi y’agateganyo amaze kubarurwa aho Perezida Felix Tshisekedi afite 72.89%. Muri iyi mibare yatanzwe n’iyi komisiyo ejo ku wa…

Share this:

Yihinduje igitsi1na kugirango amurongore arangije aramwanga. Ibyakurikiyeho ni agahomamunwa

Share this:

Umugore wihinduye umugabo yatwitse mugenzi we ari muzima nyuma y’uko yihinduye igitsina kugira ngo ashobore kumugira umugore. R. Nandhini, ufite imyaka 25, yakundanye n’uyu wamwishe bakiri abana,ari abakobwa bombi. Babanye imyaka myinshi ari inshuti mbere y’uko umwe agira icyifuzo cy’uko…

Share this:

Dore uko wamenya ko wanduye agakoko gatera SIDA

Share this:

Ntiwakwiringira ibimenyetso gusa kugirango umenye ko wanduye agakoko gatera sida Virusi itera sida). Kugirango ubimenye neza n’uko wajya kwipimisha kwa mugaga. Kumenya aho uhagaze ni byiza kuko byatuma ufata ingamba zikwiye kugirango wirinde kwaandura cyangwa se utanduza abandi. Ibimenyetso rero…

Share this: