Ikibuye cyanyuze hafi y’isi habuze gato ngo kiyigonge
Abahanga mu bumenyi bw’isanzure bavuze ko ikibuye cya Astroid mu rukerera habuze gato ngo kigwe ku butaka bw’isi. Icyo kibuye cyahise byarangiye. Ibuye ryo mu kirere ritari rito (asteroid) ryatambutse hafi y’isi mu masaha yashize. Iri buye rizwi nka 2023…
Meddy yahishuye ko amaze iminsi anyura mu mubabaro ukomeye
Umuhanzi w’Umunyarwanda Ngabo Médard Jobert wamamaye ku izina rya Meddy ukorera umuziki muri Leta zunze ubumwe za Amerika, nyuma yo gutakaza umubyeyi we wenyinye yarasigaranye, yaraye atoboye avuga akamuri ku mutima nyuma y’igihe kirekire atuje yaranze kugira icyo abivugaho. Yifashishije…
P. Kagame aribaza niba koko Tshisekedi afite ubushobozi bwo kumuhirika ku butegetsi nk’uko yabivuze
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagize icyo avuga kuri mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’uko atangaje ko yiteguye gutanga umusada ku bashaka kumuhirika ku butegetsi. Tshisekedi yabyigambye mu kwezi gushize, ubwo yahuraga n’urubyiruko…
Cristiano Ronaldo yongeye guhura n’uruva gusenya muri Al Nassr asigaye akinira
Rutahizamu Cristiano Ronaldo yongeye kunanirwa gufasha Al-Nassr akinira kubona intsinzi, mu mukino we wa Kabiri yakiniraga iyi kipe. Uyu munya-Portugal na bagenzi be bakinana mu ijoro ryakeye bari bahuye na Al-Ittihad, mu mukino wa ½ cy’irangiza cya Super Coupe ya…
Beni: Igisasu cyaturikiye mu isoko gikomeretsa benshi
Abantu basaga 17 bakomeretse kuri uyu wa Gatatu tariki ya 25 Mutarama 2023,ubwo igisasu cyaturikiraga mu isoko mu Burasirazuba bwa Kongo nkuko abayobozi babitangaje. Iki gisasu cyongereye ubwoba muri Beni kuko mu minsi ishize nabwo igisasu cyaturikirijwe mu rusengero gihitana…
Papa Fransis yatunguranye ubwo yavugaga ku baryamana bahuje igitsina(Abatinganyi)
Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku Isi, Papa Francis yavuze ko “kuba umutinganyi si icyaha (mu rwego rw’amategeko)” kuko ababukora na bo Imana ibakunda nkuko isanzwe itarobanura ku butoni. Papa Francis yabivuze mu kiganiro yagiranye n’Ibiro Ntaramakuru by’Abanyamerika, Associated Press ku…
Nyabihu: Ikamyo yagonze imodoka 3 zirimo na taxi
Ikamyo yari itwaye sima izikuye muri Tanzania yakoreye impanuka ikomeye mu karere ka Nyabihu igonga imodoka eshanu zirimo n’itwara abagenzi,Imana ikinga ukuboko ntihagira umuntu uhasiga ubuzima. Iyi kamyo yaripakiye sima yagonze imodoka 5 zose ubwo yari igeze mu mudugudu wa…
RDC yahakanye ibyo kuba yaranze guhura na Perezida Kagame
Umuvugizi wa leta ya DR Congo akaba na minisitiri w’itumanaho, Bwana Patrick Muyaya yabwiye BBC Gahuzamiryango ko Perezida Tshisekedi atigeze yanga guhura na mugenzi we Paul Kagame i Doha nkuko byavuzwe. Mu ntangiriro z’iki cyumweru havuzwe amakuru ko Perezida Felix…
Amashusho ya Alyn Sano ari hasi hejuru n’umusore mu buriri yatumye benshi bacika ururondogoro – AMAFOTO
Hasohotse amashusho y’umuhanzikazi Shengero Aline wamamaye nka Alyn Sano ari hasi hejuru n’umusore mu buriri bituma benshi bacika ururondogoro ku mbuga nkoranyambaga. Ni amashusho atangira uyu muhanzikazi asomana n’umusore bari kumwe, nyuma akaza kumwataka ku buryo wabonaga ko baryohewe kugeza…
Nubona ibi bimenyetso uzamenye ko umukobwa muri kumwe yagize ubushake bukabije bwo gukora imibonano
Abakobwa muri kamere yabo bihagararaho ntabwo ari abakobwa benshi bashobora kubwira umusore ko bashaka gukora gutera akabariro. bimeze gutyo ariko biroroshye kumenya umukobwa ushaka gutera akabariro urebeye ku bimenyetso bikurukira ugasuzuma ubutumwa butangwa n’umubiri (body language). 1. Guhumekera hejuru Umukobwa…