Bamwe mu bari abakozi ba IPRC Kigali ntibumva ukuntu baburana bafunze mu gihe abayobozi babo barekuwe
Bamwe mu bahoze ari abakozi ba IPRC Kigali bakurikiranywe ku byaha bya ruswa, binubiye kuburana bafunzwe mu gihe bagenzi babo bahoze babayoboye bo baburana bari hanze. Abakozi ba IPRC Kigali baregwa mu rubanza rumwe n’umuyobozi Mukuru w’iryo shuri Eng. Mulindahabi…
Gisozi: Yagiye atabaye aba ari we uhasiga ubuzima
Umugabo uzwi ku mazina ya Nsengiyumva Vincent w’imyaka 50, wari usanzwe akora akazi ko gucunga umutekano mu Mudugudu (irondo ry’umwuga) yapfiriye mu mvururu, ubwo yari agiye gukiza imirwano yariri kubera mu kabari. Ibi byabaye mu rukerera rwo kuwa kabiri tariki…
Twabikoraga mu gitondo Databuja agiye ku kazi. Umusore yahishuye uko yajyaga apfubura Nyirabuja
Nyandwi Joseph ni umusore w’imyaka 23 y’amavuko ukomoka mu karere ka Muhanga, mu murenge wa Kiyumba. Ni umwana wa 7 mu muryango w’abana 7 ariko utaragize amahirwe yo kumenya se kuko nyina umubyara yari yaramubyaranye n’undi mugabo utari uw’isezerano, ibi…
Niba uri umwe muri aba bantu uramenye ntuzahirahire ngo urye Tungurusumu. Ibyo wibaza byose kuri Tungurusumu
Ikimera cya tungurusumu kiri mu bimera bikora umurimo ukomeye cyane mu mubiri w’umuntu ndetse ni n’ umuti uvura ndetse ukanarinda indwara zitandukanye. Kongerera umubiri ubudahangarwa cyane cyane ku babana na Virusi itera SIDA Mu kurinda umubiri, tungurusumu yongera ubudahangarwa bw’umubiri…
Ubwiza n’ikimero bya Akhona umusifuzikazi uzajyana na Mukansanga mu gikombe cy’Isi – AMAFOTO
Akhona Makalima uzwiho uburanga nk’umusifuzi w’umugore mu mupira w’amaguru, niwe mugore wa mbere muri Afurika y’Epfo wahawe ibyangombwa na FIFA. Akhona Makalima ukomoka muri Afurika y’Epfo, Mukansanga Salma w’umunyarwanda na Amedome ukomoka muri Togo, nibo basifuzi batatu b’abagore bazayobora imikino…
Ku myaka 48 Jeanine Noach akomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga kubera ikimero cye. Badrama ari muri benshi banyuzwe -AMAFOTO
Ku myaka 48 ishyira 49 uwahoze ari umukunzi wa Cyusa akomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga nk’umwana muto, nyuma y’uko yongeye kwerekana ikimero n’uburanga bwe abarimo Badrama bakanyurwa nacyo. Mu butumwa buherekejwe n’amafoto, uyu mugore w’abana babiri yasangije abamukurikira amafoto ye atandukanye…
Abadepite bahise batangira kwiga ku mpinduka zakorwa ku itegeko rigenga imisoro nyuma yo gukomozwaho Perezida Kagame
Umutwe w’Abadepite binyuze muri Komisiyo y’Ingengo y’Imari n’Umutungo by’Igihugu, irimo gusuzuma umushinga w’itegeko rihindura itegeko no 026/2019 ryo kuwa 18/09/2019 rigena uburyo bw’isoresha. Ibi bije nyuma y’umunsi umwe gusa Perezida Kagame asabye ko harebwa uburyo mu misoro hashyirwamo inyorosho kuko…
Marina yatandukanye n’umukunzi we bari bamaranye imyaka 2
Umuhanzikazi ukunzwe na benshi Marina Deborah yahamije amakuru yo gutandukana n’umuhanzi Yvan Mziki bari bamaze imyaka ibiri bavugwa mu munyenga w’urukundo. Amakuru yo gutandukana kwabo bombi amaze iminsi avugwa ariko ba nyirayo barayagize ibanga rikomeye. Bamwe bayashingiraga ku kuba kuva…
Abasore: Dore ibimenyetso byakwereka ko umukobwa ashaka cyane ko mutera akabariro atiriwe abikubwira
Ntukibeshye ngo utekereze ko abahungu aribo bakenera gutera akabariro bonyine, n’abakobwa barabyifuza ariko bagapfira imbere bakabasha kubihisha n’ubwo hari ibimenyetso bagaragaza bamwe mu bahungu batamenya. Ni byiza ko utera akabariro n’umukunzi wawe mwese mwumva mubishaka kuko bizatuma murushaho kuryoherwa cyane…
Reka kwambara impeta buhumyi: Dore icyo impeta iba isobanuye bitewe n’urutoki yambaweho
Abantu benshi bakunda kwambara impeta ku rutoki bitewe nuko aribyo bibarimo ariko batazi ubusobanuro bwarbyo rimwe na rimwe bikaba byatuma batambutsa ubutumwa buhabanye n’ukuri ku biberekeyeho nyamara batabizi. 1. Igikumwe Nk’uko uru rutoki ari runini kandi rukaba rukora buri gihe…