Month: January 2023

Inkuru y’umukobwa w’imyaka 12 washyingiranwe n’umugabo w’imyaka 77 ikomeje kuvugisha benshi

Share this:

Ikintu gitangaje cyabaye kigatangaza benshi ni inkuru y’umusaza w’imyaka 77 y’amavuko, wakundanye n’umwana w’umukobwa w’imyaka 12 y’amavuko. Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Newsmen, umugabo w’imyaka 77 utigeze uvugwa amazina yashakanye n’umukobwa wo mu gihugu cya Somalia w’imyaka 12 y’amavuko. Muri ubu bukwe…

Share this:

Dore imbuto warya nijoro zikagufasha gutakaza ibiro(Kugabanya umubyibuho)

Share this:

Kuri ubu hari inkundura yo kugabanya ibiro ku bantu benshi dore ko kugira ibiro byinshi ari bimwe mu bikurura indwara zinyuranye z’umutima, diyabete, umugongo, imitsi n’izindi. Nyamara usanga bamwe bavuga bati nagerageje guhindura imirire ariko nta mpinduka mbona. Aha rero…

Share this:

Abanyamadini batangiye kujyana RGB mu nkiko bayishinja kwivanga mu miyoborere yayo

Share this:

Urwego rw’Igihugu rushinzwe imiyoborere (RGB), rwajyanwe mu nkiko rushinjwa kwivanga mu miyoborere y’amadini. Abapasiteri 6 bo muri Authentic Word Ministries cyangwa Zion Temple bareze uru rwego rwa Leta barushinja kwirengagiza amategeko rukabahagarika muri gahunda bari bafite yo gukura Dr. Paul…

Share this:
Posted on

Abarimu bashishijwe no gutangira akazi Saa 08:30. Impamvu

Share this:

Kuva kuri uyu wa mbere tariki ya 9 Mutarama 2023,amashuri yo mu Rwanda yatangiye gushyira mu bikorwa icyemezo cya leta cyo gutangira amasomo saa mbili n’igice z’igitondo aho kuba saa moya nk’uko byahoze. Abarimu babwiye BBC BBC ko ari gahunda…

Share this:
Posted on

Mu kiyaga cya Kivu hari kubakwa ubwato buzaba burimo na Hotel y’inyenyeri 5

Share this:

Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwatangaje ko ubwato bukozwemo hoteli y’inyenyeri eshanu (5) bwubakwaga mu kiyaga cya Kivu muri aka karere bwamaze kuzura ku buryo niba nta gihindutse buzatangira gutanga serivisi muri uku kwezi kwa mbere 2023. Ni ubwato bwubatswe mu…

Share this:
Posted on

Imodoka itwara abanyeshuri yakoreye impanuka ikomeye Kicukiro

Share this:

Imodoka itwara abanyeshuri yakoreye impanuka ikomeye ahitwa ku i Rebero mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali. Ni impanuka yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa 9 Mutarama 2023 ibera mu Mujyi wa Kigali ahazwi nko ku Irebero mu…

Share this:
Posted on

Kiyovu Sports yabonye umuyobozi mushya usimbura Mvukiyehe Juvénal

Share this:

Ubuyobozi bw’ikipe ya Kiyovu Sports, bwatangaje ko uwari Umuyobozi w’Umuryango w’iyi kipe [Association] Mvukiyehe Juvénal yasimbuwe na Ndorimana Jean François Regis wari umwungirije. Izi mpinduka muri Kiyovu Sports zatangajwe ku Cyumweru, tariki ya 8 Mutarama 2023, nyuma y’inama zitandukanye zari…

Share this:
Posted on

MINEDUC yavuze ku kibazo cy’abanyeshuri baraye batageze ku ishuri

Share this:

Minisiteri y’Uburezi yavuze ko abanyeshuri benshi batabashije kurara ku mashuri mu mpera z’iki cyumweru kubera kutubahiriza gahunda yashyizweho bakazira rimwe kuwa Gatandatu no ku cyumweru. MINEDUC yavuze ko habaye ikibazo cy’ubwinshi bw’abanyeshuri baziye rimwe ku munsi wa nyuma w’ingendo bituma…

Share this:
Posted on

Nawe wahindura amenyo yawe umweru. Kora ibi bintu wirebere

Share this:

Byashoboka ko ubona amenyo yawe ukabona asa uko utabyifuza kandi ari wowe wabigizemo uruhare. Muri iyi nkuru turagufasha kumenya uko wahindura ayo menyo yawe akaba umweru. Hari ubwo amenyo y’abantu ahindura ibara agasa umuhondo cyangwa agafata irindi bara bitewe n’igihe…

Share this:
Posted on

Dore ibintu umusore akora bigatera umukobwa bakundana kumuhurwa no kumuvaho burundu

Share this:

Hari amakosa amwe n’amwe ashobora gukorwa n’umwe mu bakundana bigatuma mugenzi we atabasha kuyihanganira, rimwe na rimwe bikaba n’intandaro yo gutandukana kwabo. Amwe muri ayo makosa rero, ashobora no gutuma abakobwa bamwe bumva bahuzwe urukundo. Dore amakosa abasore bakora agatuma…

Share this:
Posted on