Inkuru y’umukobwa w’imyaka 12 washyingiranwe n’umugabo w’imyaka 77 ikomeje kuvugisha benshi
Ikintu gitangaje cyabaye kigatangaza benshi ni inkuru y’umusaza w’imyaka 77 y’amavuko, wakundanye n’umwana w’umukobwa w’imyaka 12 y’amavuko. Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Newsmen, umugabo w’imyaka 77 utigeze uvugwa amazina yashakanye n’umukobwa wo mu gihugu cya Somalia w’imyaka 12 y’amavuko. Muri ubu bukwe…
Dore imbuto warya nijoro zikagufasha gutakaza ibiro(Kugabanya umubyibuho)
Kuri ubu hari inkundura yo kugabanya ibiro ku bantu benshi dore ko kugira ibiro byinshi ari bimwe mu bikurura indwara zinyuranye z’umutima, diyabete, umugongo, imitsi n’izindi. Nyamara usanga bamwe bavuga bati nagerageje guhindura imirire ariko nta mpinduka mbona. Aha rero…
Abanyamadini batangiye kujyana RGB mu nkiko bayishinja kwivanga mu miyoborere yayo
Urwego rw’Igihugu rushinzwe imiyoborere (RGB), rwajyanwe mu nkiko rushinjwa kwivanga mu miyoborere y’amadini. Abapasiteri 6 bo muri Authentic Word Ministries cyangwa Zion Temple bareze uru rwego rwa Leta barushinja kwirengagiza amategeko rukabahagarika muri gahunda bari bafite yo gukura Dr. Paul…
Abarimu bashishijwe no gutangira akazi Saa 08:30. Impamvu
Kuva kuri uyu wa mbere tariki ya 9 Mutarama 2023,amashuri yo mu Rwanda yatangiye gushyira mu bikorwa icyemezo cya leta cyo gutangira amasomo saa mbili n’igice z’igitondo aho kuba saa moya nk’uko byahoze. Abarimu babwiye BBC BBC ko ari gahunda…
Mu kiyaga cya Kivu hari kubakwa ubwato buzaba burimo na Hotel y’inyenyeri 5
Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwatangaje ko ubwato bukozwemo hoteli y’inyenyeri eshanu (5) bwubakwaga mu kiyaga cya Kivu muri aka karere bwamaze kuzura ku buryo niba nta gihindutse buzatangira gutanga serivisi muri uku kwezi kwa mbere 2023. Ni ubwato bwubatswe mu…
Imodoka itwara abanyeshuri yakoreye impanuka ikomeye Kicukiro
Imodoka itwara abanyeshuri yakoreye impanuka ikomeye ahitwa ku i Rebero mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali. Ni impanuka yabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa 9 Mutarama 2023 ibera mu Mujyi wa Kigali ahazwi nko ku Irebero mu…
Kiyovu Sports yabonye umuyobozi mushya usimbura Mvukiyehe Juvénal
Ubuyobozi bw’ikipe ya Kiyovu Sports, bwatangaje ko uwari Umuyobozi w’Umuryango w’iyi kipe [Association] Mvukiyehe Juvénal yasimbuwe na Ndorimana Jean François Regis wari umwungirije. Izi mpinduka muri Kiyovu Sports zatangajwe ku Cyumweru, tariki ya 8 Mutarama 2023, nyuma y’inama zitandukanye zari…
MINEDUC yavuze ku kibazo cy’abanyeshuri baraye batageze ku ishuri
Minisiteri y’Uburezi yavuze ko abanyeshuri benshi batabashije kurara ku mashuri mu mpera z’iki cyumweru kubera kutubahiriza gahunda yashyizweho bakazira rimwe kuwa Gatandatu no ku cyumweru. MINEDUC yavuze ko habaye ikibazo cy’ubwinshi bw’abanyeshuri baziye rimwe ku munsi wa nyuma w’ingendo bituma…
Nawe wahindura amenyo yawe umweru. Kora ibi bintu wirebere
Byashoboka ko ubona amenyo yawe ukabona asa uko utabyifuza kandi ari wowe wabigizemo uruhare. Muri iyi nkuru turagufasha kumenya uko wahindura ayo menyo yawe akaba umweru. Hari ubwo amenyo y’abantu ahindura ibara agasa umuhondo cyangwa agafata irindi bara bitewe n’igihe…
Dore ibintu umusore akora bigatera umukobwa bakundana kumuhurwa no kumuvaho burundu
Hari amakosa amwe n’amwe ashobora gukorwa n’umwe mu bakundana bigatuma mugenzi we atabasha kuyihanganira, rimwe na rimwe bikaba n’intandaro yo gutandukana kwabo. Amwe muri ayo makosa rero, ashobora no gutuma abakobwa bamwe bumva bahuzwe urukundo. Dore amakosa abasore bakora agatuma…